Monday, May 20
Shadow

Uburezi

Umwana niwe wankunze mbere ! Umwarimu yahanishijwe gufungwa imyaka 20 azira gusambanya umunyeshuri we

Umwana niwe wankunze mbere ! Umwarimu yahanishijwe gufungwa imyaka 20 azira gusambanya umunyeshuri we

HANZE, Uburezi
Uyu mugabo wari usanzwe ari umwarimu akaba yahanishijwe gufungwa imyaka 20 azira guhohotera umwana w'umukobwa w'imyaka 15 yigishaga, yavuze ko uwo mwana w'umukobwa ariwe wamuteze agatego amwihomaho birangira umutego uyu mugabo awuguyemo.   Amakuru dukesha ikinyamakuru Nation.africa, aravuga ko uyu mugabo witwa Cedrick Wawire Egesa yahamijwe icyaha cyo guhohotera umwana w'umukobwa yigishaga ku kigo kitwa Topline High school abikoreye muri Laboratory yo muri icyo kigo.   Imbere y'Urukiko uyu mugabo yemeye ko yagiranye umubano n'uwo mukobwa mu mwaka ushize. Ndetse yemeye ko yaryamanye nawe inshuro ebyiri mu kwezi kwa 3 taliki 16 na 18.   Icyakora uyu mwarimu w'imyaka 30 yavuze ko uyu mwana w'umukobwa ariwe watumye baryamana.Yavuzeko uwo mwana w'umukobwa yamwan...
Ninjye ufurira imyenda umugore wanjye nkanamutekera ! Umugabo yavuze ibintu byose akorera umugore we

Ninjye ufurira imyenda umugore wanjye nkanamutekera ! Umugabo yavuze ibintu byose akorera umugore we

HANZE, Uburezi
Nyuma yo gutangaza ibidakorwa n'abandi bagabo , yakuriwe ingofero. Umugabo usanzwe ari umwarimu muri kaminuza mu gihugu cya Nigeria, akomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga nyuma yo kuvuga uburyo yita ku mugore we amuha 'care' aho yavuze ko ariwe umesera imyenda umugore we ndetse akanamutekera.   Mu butumwa uyu mugabo yanyujije ku rukuta rwe rwa Facebook, yavuze ko aha umwanya umugore we akaruhuka maze akamufurira, akamutekera ndetse byose ko atabikora kuko Ari umunyantege nke ahubwo abikorana urukundo akundamo umugore we.   Uyu mugabo we yizera ko mu buryo bwiza bwo guha urukundo umugore we aba agomba kunyuzamo akamwutaho we ku giti cye ndetse akabikora bimurimo abikunze kugira ngo yereke urukundo umugore we akunda cyane.   Avuga ko...
Umukobwa wiga muri kaminuza yavuze ko amaze kwanduza HIV abantu 273 akaba afite gahunda yo kwanduza abagera ku 1000 mu myaka irimbere

Umukobwa wiga muri kaminuza yavuze ko amaze kwanduza HIV abantu 273 akaba afite gahunda yo kwanduza abagera ku 1000 mu myaka irimbere

Uburezi
Umukobwa witwa Diana wiga muri kaminuza yitwa Maseno University yo muri Kenya, yavuze ko amaze kwanduza HIV abantu bagera kuri 273 harimo abanyeshuri bagenzi be  n'abarimu bamwigisha muri kaminuza akaba afite gahunda yo kwanduza abagera ku 1000 mu myaka ine irimbere.     Mu butumwa uyu mukobwa wiga muri kaminuza mu wa mbere witwa Diana yabunyujije ku rukuta rwe rwa Facebook maze avuga ko kuva muri 2017 amaze kwanduza HIV abantu benshi cyane ndetse ko nawe ubwe atabibuka neza.     Yavuzeko bose hamwe muri rusange amaze kwanduza HIV abantu 273 harimo abanyeshuri bagenzi be ndetse harimo n'abarimu bamwigisha bagera kuri 3. Ibyo uyu mukobwa yavuze ko yabikoze kugira ngo atazapfa wenyine ahubwo azapfane n'abandi bantu benshi.     Uyu muko...
Minisitiri w’uburezi yahuye n’umwarimu wamwigishije mu mashuri abanza

Minisitiri w’uburezi yahuye n’umwarimu wamwigishije mu mashuri abanza

Inkuru Nyamukuru, Uburezi
Twagirayezu Gaspard  Minisitiri w’Uburezi  mu Rwanda yifatanyije n’abarimu bose ku munsi wabo by’umwihariko umwarimukazi wamwigishije mu mashuri abanza mu mwaka wa Gatandatu.   Uyu munsi ku wa Kane tairki 14 Ukuboza 2023, u Rwanda rwizihije Umunsi Mpuzamahanga wa mwarimu ku nsanganyamatsiko igira iti:”Abarimu Dukeneye mu Burezi Twifuza”.Kuri uyu munsi buri muntu wese aba yifuriza uwamureze umunsi mwiza ababishoboye bakabaha impano. Ni muri ubwo buryo bwo gushimisha abarezi no kubashimira , Minisitiri w’uburezi yashimiye uwamureze mu mashuri abanza abinyujije ku ifoto bifotoranyije bombi.   Uyu mwarimu wagaragaye mu ifoto, yigishije Twagirayezu Gaspard mu mwaka wa Gatandatu w’Amashuri abanza.Mu butumwa yatambukije kuri X yagize ati:”Uyu munsi turizihiza umunsi M...
Ese hari ingaruka mbi ziba ku mugabo wariye Lipstick ari gusomana n’umukunzi we ? Dore icyo inzobere zibivugaho

Ese hari ingaruka mbi ziba ku mugabo wariye Lipstick ari gusomana n’umukunzi we ? Dore icyo inzobere zibivugaho

Inkuru Nyamukuru, Uburezi
Abantu benshi ndacyeka bazi ikitwa Lipstick ariko kuri mwe mwese mutazi ikitwa Lipstick ni ibirungo cyangwa amavuta atukura asigwa ku minwa bikaba bikorwa n'abakobwa.   Ni Kenshi abantu benshi bibaza niba izo lipstick zishobora kugira ingaruka mbi ku waziriye ariko ntibasibizwe, kuri ubu muri iyi nyandiko byose wibaza birimo. Lipstick zishobora kuribwa n'umusore cyangwa umugabo mu gihe ari gusomana n'umukunzi we w'umukobwa wari wisize izo lipstick. Icyakora n'umukobwa ubwe ashobora kuzirya bitewe nuko aba yashize izo lipstick kuminwa ye bityo bikarangira nawe aziriye.   Ese hari ingaruka mbi izi lipstick zishobora kugira ku muntu waziriye!? Inzobere zivuga ko ubundi izo lipstick zishobora kutagira ingaruka mbi ku buzima bw'umuntu waziriye, gusa bavuga ko izo lipsti...
Sobanukirwa neza akamaro ko guheke umwana ku mugore

Sobanukirwa neza akamaro ko guheke umwana ku mugore

Uburezi
Urukundo ndetse no kwita ku mwana bikorwa n'umubyeyi ni kimwe mu bintu bikomeye cyane bituma umubyeyi w'umugore byumwihariko iteka ahora imbere ya byose. Hari abagore benshi babyara ariko ntibajye baheka abana babo cyangwa ngo babonse, burya hari ibintu byinshi uba wibuza nk'umubyeyi.   Ni muri ubwo buryo uyu munsi twifuje kubaganiza ku kamaro ko guheka umwana ku mugongo. Iyo umubyeyi ahetse umwana we bituma we n'umwana we biyumvanamo, ndetse bakamenyererana hahandi umwana abyiyumvamo ko uwo Ari nyina umubyara umuhetse.   Uko umubyeyi aheka umwana we Niko ikizere umwana amugirira kiyongera bityo bigatuma umwana akura neza ndetse akamenyerena na nyina umubyara cyane.   Ikindi guheke umwana ku mugongo bifasha umubyeyi umuhetse kuba yakora indi mirimo it...
Kano Kanya ! Kurikira umuhango wo gutangaza amanota y’abanyeshuri ku mugaragaro

Kano Kanya ! Kurikira umuhango wo gutangaza amanota y’abanyeshuri ku mugaragaro

Inkuru Nyamukuru, Uburezi
Ku munsi w'ejo nibwo Minisiteri y'Uburezi mu Rwanda yari yatangaje ko amanota y'abanyeshuri basoje amashuri yisumbuye arajya hanze uyu munsi tariki ya 04 Ukuboza 2023. Mu itangaza bashyize hanze bagize bati:"Minisiteri y’Uburezi iramenyesha Abaturarwanda bose ko ejo ku wa mbere tariki ya 04 Ukuboza 2023 saa saba z'amanywa, hazatangazwa amanota y'ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye, umwaka w'amashuri wa 2022-2023. @NESA_Rwanda". KANDA HANO UREBE AMANOTA   https://twitter.com/Rwanda_Edu/status/1731577938586509630 https://twitter.com/Rwanda_Edu/status/1731291174051176945 Kuri uyu munsi rero tariki ya 04 Ukuboza 2023 nibwo yashyizwe hanze.Kurikira umuhango wo kuyatangaza  
Nshaka guhindura ubuzima mu rugo babayemo ! Umusore warihiwe kaminuza n’amafaranga yakuraga mu gucuruza amagi  yahize umuhigo ukomeye

Nshaka guhindura ubuzima mu rugo babayemo ! Umusore warihiwe kaminuza n’amafaranga yakuraga mu gucuruza amagi yahize umuhigo ukomeye

Uburezi
Joseph Momanyi ku myaka ye 23 gusa yasoje kwiga amashuri ye ya Kaminuza maze aboneraho kuvuga inkuru y’urugendo rwe mu kwiga kaminuza, uko yagiye abura amafaranga inshuro nyinshi. Icyakuruye abantu benshi nuko yagize umuhigo ukomeye wo kuzahindura ubuzima umuryango we ubayemo.     Uyu musore yasoje kwiga ibijyanye n'uburezi muri Kaminuza ndetse akigisha cyane Imibare ndetse na chemistry. Mu rugendo rwe yakomoje ku buzima bukomeye bugoye yanyuzemo aho yagiye ahura nibibazo byo kubura amafaranga.     Uyu musore yavuze ko kandi ubwo yigaga kaminuza yatangiye umushinga wo kujya acuruza amagi kugira ngo ajye abona amafaranga yo kumufasha ku ishuri rye ndetse no gufasha umuryango we. Kuba uyu musore yarari kwiga ntibyigeze bimubuza gukomeza kwita ku muryango...
MUNGIRE INAMA : Umwana wanjye w’umuhungu ufite imyaka 18 yateye inda mwarimu we none barashaka kubana

MUNGIRE INAMA : Umwana wanjye w’umuhungu ufite imyaka 18 yateye inda mwarimu we none barashaka kubana

Uburezi
Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga, ni iyi nkuru yuyu mwana w'umuhungu ukiri muto w'imyaka 18 wateye inda mwarimu w'imyaka 28 we usanzwe amwigisha we n'impanga ye y'umukobwa.   Iyi nkuru ikomeje gusakara cyane ku rubuga rwa Facebook, iyo nkuru ijya kuvugwa bwa mbere yavuzwe na se wuyu mwana w'umuhungu w'imyaka 18, aho uyu mugabo se wuyu muhungu yemeraga ndetse akanavuga ko umuhungu we yateye inda mwarimu we wamwigishaga.   Uyu mugabo yakomeje avuga ko uyu mwarimu w'imyaka 28 yakomeje gukanira avuga ko ashaka gushyingiranwa n'uyu mwana w'umuhungu w'imyaka 18 .Uyu mugabo yanditse ku rubuga rwa Facebook agira ati"Muraho muryango nkeneye inama zanyu, kuko njye byankomereye gufata umwanzuro. Mfite abana babiri bimpanga, umukobwa n'umuhungu, nashakaga ...