Urubyiruko rugera ku 56,848 mu gihugu hose rwarangije amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2023-204 rwatangiye icyiciro cya 12 cy’Itorero ry’Inkomezabigwi. Ni Itorero ryatangijwe
Umukambwe Bernie Cooper wamenyekaye cyane bitewe no kuba yarubatse umubiri ndetse akaba afite ari umwe mu bagabo baremeye baciye uduhigo ku myaka yabo yari
Mu gihe telefone yawe yagucitse ikagwa mu mazi, birumvikana ko yamaze kwangirika.Guhita uyishyira ku izuba rero ni ikosa waba ukoze rishobora gutuma ipfa burundu
Titi Brown na Nyambo beruye ko batabanye neza nyuma y’aho ntawe ugikurikira undi ku mbuga Nkoranyambaga by’umwihariko Instagram aho banyuzaga amakuru yabo bombi bishimanye.
Imitezi ni imwe mu ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina idakingiye yandura binyuze mu mibonano yakozwe hagati y’uwanduye n’utanduye.Yo ikaba ari indwara mbi cyane iyo
Mu gihe umugore asamye cyangwa se atwite hari ubwo adashobora kubimenya akaba yabura amahirwe yo kwigengesera kandi nyamara ari ngombwa.Muri iyi nkuru tugiye kugaruka