Friday, May 3
Shadow

Author: Agabe Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com
Abashakanye: Dore amoko y’ibiribwa byongera ubushake bwo gutera akabariro

Abashakanye: Dore amoko y’ibiribwa byongera ubushake bwo gutera akabariro

Ubuzima
Abantu bose bagira ikibazo cyo kubura ubushake bwo gutera akabariro, hari amoko y’ibiribwa byongera ubushake bwo gutera akabariro bakwiriye kwibandaho mu gihe cyo gufata amafunguro yabo bikaba byabafasha guca ukubiri n’icyo kibazo burundu bitabatwaye imbaraga nyinshi.Niba uri umugore ushobora kuyifashisha wita ku wo mwashakanye. Binyuzemu bushakashatsi bwakorewe ku bagabo bwagaragaje ko umwe mu bagabo 3 aba afite ikibazo cyo kubura ubushake mu gihe cyo gutera akabariro bityo rero bimwe mu biribwa twabateguriye rero bifatwa nka nyambere mu gutuma abashakanye bagira ubushake kubera ko byongera ibinyabutabire mu mubiri bikeneye kugira ngo igitsina gifate umurego. DORE AYO MAFUNGURO USABWA KUGIRA NYAMBERE. 1.Watermelon :Murubuto rwa Watermelon habamo ikinyabutabiri cyitwa Citrulline.I...
Dore ibituma imyanya y’ibanga y’abagore yumakara

Dore ibituma imyanya y’ibanga y’abagore yumakara

Ubuzima
Igitsina gore kigira uburyo bwihariye cyitabwaho kugira ngo gihorane ubusugire n’ububobere bwacyo bityo bitabasha kubangamira umugore.Ibi bizatuma akomeza gukora akazi neza no mu gikorwa cyo gutera akabariro aryohereze umugabo be kandi nizo ndoto za buri mugore. Ikinyamakuru Everydaylife, gitangaza ko kumakara kw’igitsina cy’umugore bituma habaho uburibwe bukabije mu gikorwa cyo gutera akabariro no kurangiza vuba ku mpande zombi kuko ngo baba bishuka ko baryohewe kandi nyamara ari ugukubanaho gushobora no gutuma bagira ibisebe bose by’umwihariko umugabo. Abaganga bavuga ko kumakara kw’igitsina cy’umugore akenshi biza mu gihe cyo gucura ariko iki kinyamakuru twavuze haraguru cyo kigaragaza ko ubushakashatsi bubyemeza butari bwajya hanze.Bavuga ko kandi kutagira ubushake bwo gukora imi...
Menya impamvu abasore benshi banga gushaka abagore bakaba bonyine imyaka ikaza indi igataha

Menya impamvu abasore benshi banga gushaka abagore bakaba bonyine imyaka ikaza indi igataha

Inkuru z'urukundo
Usanga abasore benshi banga gushaka abagore, ndetse abantu ntibajya bamenya impamvu yabyo kandi ari nyinshi.Kuki umusore ashobora kwanga gushaka akaguma wenyine ? DORE IMPAMVU UMUSORE ASHOBORA KWANGA GUSHAKA UMUGORE; Kwanga gushaka umugore bishobora ku mu mahitamo ye cyangwa bigaterwa n’izindi mpamvu zitandukanye nk’uko tugiye kubirebera hamwe. 1.Kumva ko nta mafaranga ahagije bafite: Abasore benshi bumva ko gufata umwanya bagashaka umugore babikora aruko bafite amafaranga menshi ahagije yo kwita ku muryango. Rero kubera gushaka amafaranga cyane birangira abasore benshi badashatse abagore kubera kubura amafaranga. 2.Inzozi: Hari abasore benshi bakunda kwita ku nzozi zabo, mbese bashaka kugira icyo bageraho mu buzima, rero kubera gukomeza kwita ku nzozi ze bituma yisanga atinze ...
Sobanukirwa: Umukunzi wawe ni wowe akunda cyangwa akunda ikofi yawe ?

Sobanukirwa: Umukunzi wawe ni wowe akunda cyangwa akunda ikofi yawe ?

Inkuru z'urukundo
Buri gihe cyose biba byoroshye cyane kumenya ko uwo mukundana agukunda cyangwa akunda Konti yawe ni ukuvuga amafaranga yawe.Gusa hari ubwo udashobora kubimenya bitewe n’ubuhanga afite mu ku kubeshya cyangwa ku kwereka ko ari wowe wa mbere muri we. Mu gihe uwo muntu akubeshya ko  agukunda, ntabwo azagira uruhare kuri wowe cyangwa mu byawe; haba mu bibazo cyakora mu byishimo ushobora kuzamubona cyane.Ntabwo aba yumva mwaganira yewe ibikorwa byawe by’umunsi ntacyo biba bimubwiye rwose.Ntabwo yita kungorane uhura nazo umunsi ku munsi. 1.Nta bwo uyu mukunzi wawe aba yifuza ko mwahura mwenyine [On Date], aba yumva mwahurira mu itsinda ry’abantu benshi aho adashobora no kubona umwanya wo ku kwitaho.Uyu muntu azaba mwiza kuri wowe rwose mu gihe haricyo azaba agukeneyeho, azakwifataho neza  a...
Ubushakashatsi: Abagore n’abakobwa baryamana bahuje ibitsina bapfa imbura gihe

Ubushakashatsi: Abagore n’abakobwa baryamana bahuje ibitsina bapfa imbura gihe

Inkuru z'urukundo, Ubuzima
Ubushakashatsi bugaragaza ko abagore n’abakobwa baryamana bahuje ibitsina bapfa imbura gihe kimwe n’abantu bagira ibyiyumviro byo kuryamana n’ibitsina byombi , ni ukuvuga abumva baryamana n’abakobwa n’abahungu [Bisexual] nk’uko ubushakashatsi bu bigaragaza. Ubushakashatsi bwavuye muri Pilgrim Healthcare , bwagaragaje ko abagore baryamana n’ibitsina byose n’abaryamana bahuje ibitsina 37% bapfa bakiri bato kurenza abaryamana n’abo badahuje igitsina [Heterosexual].Ubu bushakashatsi kandi bwemeje ko abakobwa baryamana n’abo bahuje ibitsina 20% bapfa vuba cyane. Abahanga bavuga ko ibi biterwa ahanini n’uburyo bafatwa muri rubanda mu Isi ibakikije kubera imiterere y’uburyo bakora imibonano mpuzabitsina.Muri Pilgrim Healthcare, bagize bati:”Uburyo abantu bakora imibonano mpuzabitsina bi...
Dore akamaro k’ibishishwa by’imineke utari uzi

Dore akamaro k’ibishishwa by’imineke utari uzi

Ubuzima
Ubusanzwe ibishishwa by’imineke bigira akamaro gakomeye benshi batajya bamenya bigatuma bahitamo kubijugunya uko biboneye.Muri iyi nkuru turarera hamwe akamaro kabyo. Imineke ni urubuto rukundwa n’abatari bake , bakayikundira uburyohe n’uko nta mafunguro utayisozaho cyangwa ukaba wayirya igasimbura amafunguro asanzwe ku bantu baba bari mukazi.Benshi bayifatana n’andi mafunguro bakagira icyo baysimbuza.Iyi mineke rero niyo itanga ibishishwa byayo n’akamaro kabyo. AKAMARO KABYO NI AKA GAKURIKIRA: 1.Ifumbire: Ubusanzwe ibishishwa by’ineke bitanga ifumbire haba ku bahinzi babigize umwuga cyangwa abasanzwe.Benshi barya imineke cyane bakunze gukora iri kosa ariko wowe usomye iyi nkuru umenye ko ari ifumbire nziza. 2.Bifasha mu guhanagura inkweto: Ibishishwa by’imineke bifasha cyane m...
Abasore gusa: Dore uburyo wakoresha ugashimisha umukobwa mukudana utamuhaye amafaranga

Abasore gusa: Dore uburyo wakoresha ugashimisha umukobwa mukudana utamuhaye amafaranga

Inkuru z'urukundo
Ku basore by’umwihariko benshi bagorwa no kumenya ibyo bakora bakabasha gushimisha abakunzi babo nyamara nta mafaranga bakoresheje.Gushimisha umukobwa ku buryo azajya ahora agutekereza ndetse akaba yagutangira ubuhamya birashoboka.Iyi nkuru uyisangize abasore bagenzi bawe. Nibyo , amafaranga ni ingenzi cyane mu rukundo ariko ntabwo bisobanuye ko utayafite utabasha gushimisha uwo mukundana.Birashoboka ko nk’uko tugiye ku bikwigisha muri iyi nkuru kuko mu byo basore bakeneye kwiga harimo ko “ibyishimo by’abakobwa bitabonerwa mu butunzi, imbaraga cyangwa kuba uri icyamamare’. Hari uburyo butagoye ushobora gukoresha ukaba wakwigarurira umutima w’umukobwa n’uburyo agukunda mo bukiyongera ku kigero cyo hejuru kuko umukobwa aguma mu rukundo yishimye kubera imyitwarire y’uwo bafatanyije urug...
Ibyo wamenya kuri ‘Nocturia’ indwara ibyutsa abagabo nijoro bakajya kunyara

Ibyo wamenya kuri ‘Nocturia’ indwara ibyutsa abagabo nijoro bakajya kunyara

Ubuzima
Kuba umuntu yabyuka buri ni joro hagati akajya kunyara , bibangamira ubuzima bwe by’umwihariko umudendezo we wo kuba yasinzira neza , agashira umunaniro aba yirirwanye mu kazi ke ka buri munsi.Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe byinshi kundwara ituma habaho icyo kibaho yitwa ‘Nocturia’. ICYO WAMENYA KURI IYI NDWARA. Abahanga bavuga ko iyi ndwara idafata abagabo bigendeye ku myaka yabo ahubwo ko ifata abagabo bose muri rusange ku myaka yaba afite yose.Nocturia,isobanurwa nko kugira ubushake bwo ku byuka buri joro, ukumva ushaka kujya kunyara inshuro zirenze imwe. Iyi ndwara itandukanye cyane n’indi ndwara yitwa Polyuria yo igaragazwa n’umubare munini abantu bihagarika mu masaha 24 haba ku manywa cyangwa nijoro.Aho bitandukaniye ni uko ‘Nocturia’ ituma umugabo abyuka kubera ko ash...
Dore impamvu nyamukuru zituma mu myanya y’ibanga y’igitsina gore ahagira impumuro mbi ibangamira abagabo babo

Dore impamvu nyamukuru zituma mu myanya y’ibanga y’igitsina gore ahagira impumuro mbi ibangamira abagabo babo

Ubuzima
Kenshi ushobora gusanga mu myanya y’ibanga y’abagore hahumura nabo kandi nyamara ari hamwe mu hantu hari hakwiriye kugira impumuro nziza ndetse hakitabwaho cyane. Muri iyi nkuru tugiye kwifashisha izindi nyandiko tubashe kubagezaho ayo makosa n’uburyo bwo kuzirinda. Igitsinagore [Vagina], kigira impumuro yacyo ubwacyo ndetse iyo mpumuro nziza yacyo ituma hakura bagiteriya nziza ndetse n’umugabo we akishimira kwihumuriza iyo mpumuro mu gihe cyanyacyo bombi bari kumwe.Mu gihe ibintu byatangiye guhinduka rero , uwari umugabo we ntabwo aba acyumva neza wamugore wa mbere. Iyo agize isoni zo guhita amubwira ko yahindutse rero bituma ibyo yamukoreraga bihinduka , uwasekaga agatangira kurangwa n’umunabi ariyo mpamvu umugore wese akwiriye guharanira inseko y;umugabo we ashaka uburyo iyo mpumu...
Kenny Edwin na Fire Man bahuriye mu ndirimbo ‘SUKU’ – VIDEO

Kenny Edwin na Fire Man bahuriye mu ndirimbo ‘SUKU’ – VIDEO

Imyidagaduro
Umuhanzi Kenny Edwin wihebeye umuziki yahuje imbaraga na Fire Man uririmba Hip Hop akamamara muri Taff Gang ndetse nawe ku giti cye nk'umuhanzi.'SUKU' ifite iminota itatu (3) n'isegonda rimwe (01'). Ubusanzwe Kenny Edwin, ni umusore ukuri muto ariko ugaragaza imbaraga n'inyota yo gutera imbere by'umwihariko nyuma y'aho atangiye gufashirizwa muri Lebal yitwa 'Live Life Freestyle' .Kenny yagiye asobora indirimbo zitandukanye haba izo yakoze ku giti cye n'izo yahuriyemo n'abandi bahanzi akazitiza umurindi ariho muri muzika Nyarwanda zikabasha kugera kure. Muri iyi ndirimbo 'SUKU' yahuriyemo na Fire Man, Kenny agaragaza urukundo rw'ukuri rw'umwimerere nk'uko yabihamirije UMUNSI.COM aho yemeje ko aba asezeranya umukunzi we ko nta rira rizashoka ku matama ye.Ati:"Iyi ndirimbo ni umwihariko...