Uworizagwira Florien wamamaye muri muzika Nyarwanda nka Yampano, yashyize avuga ko abana n’umukunzi we mu nzu imwe nk’umugore n’umugabo gusa agaragaza ko mu minsi
DJ Ira ukunze kwiyita ‘Kaka DJ’, ni umwe mu Banyarwanda bamaze guhabwa Ubwenegihugu bw’u Rwanda gusa we akaba yarabuhawe nyuma yo kubusaba Umukuru w’Igihugu
Amber Laura Heard wamamaye muri Filime zirimo , Aquaman  yibarutse abana b’impanga yise ; Agnes na Ocean. Amber , yagaragaje ko yishimiye ko umuryango
Umuhanzi Lady Gaga yavuze ko igitaramo aherutse gukorera muri Brazil cyitabiriwe n’abantu barenga Miliyoni 2.5 ndetse ahamya ko ari agahigo gakomeye aciye ku Isi
Umuhanzi wo muri Tanzania Harmonize yasabye Ibraa usanzwe ari umwe mu bahanzi abafasha binyuze muri Label ya Konde Gang kwishyura arenga Sh.1 Billion angana
Umuziki Nyarwanda wongeye kwisubiza ikuzo nyuma y’ubufatanye bwa Tom Close n’abaraperi babiri Jay C na Khalifan bagahurira mu mashusho y’indirimbo imwe ‘Agaca’. Ni indirimbo