Friday, April 19
Shadow

Inkuru Nyamukuru

Hano hajya inkuru zigezweho gusa, inkuru zihutirwa nizo zandikwa hano.Amakuru yihutirwa , amakuru ari gushakishwa cyane ndetse n’amakuru ari kuvugwa cyane.

Inkuru nyamuru ni inkuru nkuri kurusha izindi zose.

Kenya: Abandi basirikare 8 bakomeye bahitanywe n’indege ya KDF

Kenya: Abandi basirikare 8 bakomeye bahitanywe n’indege ya KDF

Inkuru Nyamukuru
Ku munsi wo ku wa Kane tariki 18 Mata 2024 nibwo humvikanye inkuru ibabaje y’indege yagiyemo abasirikare ba Kenya barimo n’umugaba Mukuru w’Ingabo za Kenya. Nyuma y’uko iyo ndege ikora impanuka, Perezida wa Kenya William Ruto , yahise atumiza inama idasanzwe y’umutekano yahise ibera kuri ‘state House’ mu Mujyi wa Nairobi.Iyi ndege yaguye yari iya Gisirikare yaguye ahitwa Marakwet. Ni indege yarimo abantu 12 nk’uko byatangajwe harimo abasirikare bafite ipeti rya ‘General’. Muri abo harimo; Gen. Ogola Brgd Said Keitany Sora Omondi Likali Nyawira Col. Sawe Iyi ndege ya Gisirikare yamaze kugera hasi ihita ifatwa n’inkongi y’umuriro.Kuri ubu Perezida William Ruto , yashyizeho icyunamo muri iki gihugu kubw’abasirikare baburiyemo ubuzima. ...
Perezida Ruto yatangaje urupfu rw’umuyobozi mukuru w’ingabo za Kenya, Francis Ogolla

Perezida Ruto yatangaje urupfu rw’umuyobozi mukuru w’ingabo za Kenya, Francis Ogolla

Inkuru Nyamukuru
Perezida w'ingabo z’igihugu cya Kenya (CDF) Francis Ogolla yapfuye, Perezida William Ruto yemeje urupfu rwe.   Jenerali Ogolla yapfuye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane nyuma y’uko kajugujugu y’ingabo z’igihugu cya Kenya (KDF) yaguye i Sindar, mu ntara ya Elgeyo-Marakwet. "Uyu munsi saa mbiri n'iminota 20 z'ijoro, igihugu cya Kenya cyagize impanuka ikomeye yo mu kirere mu gace ka Sindar, ahitwa Kaben, mu gice cya Tot, mu Ntara ya Elgeyo Marakwet. Mbabajwe cyane no gutangaza urupfu rwa Jenerali Francis Omondi Ogolla, umuyobozi w'ingabo z’igihugu cya Kenya, Mu ijoro ryo ku wa kane, Perezida Ruto mu ijambo yagejeje ku gihugu avuye mu biro bya Leta, i Nairobi. Perezida yavuze ko hamwe na Jenerali Ogolla muri iyo mpanuka hari abandi basirikare 11, icyenda bapfuye mu gihe babiri ba...
Murungi Sabin yashyikirije inzu umuturage yubakiye

Murungi Sabin yashyikirije inzu umuturage yubakiye

Inkuru Nyamukuru
Umunyamakuru Murungi Sabin yasohoje isezerano ashyikiriza inzu umuturage wo mu gice cy'icyaro nk'uko yari yabitangaje anyuze kumbuga nkoranyambaga ze. Uyu muturage Murungi Sabin yubakiye yari yarasezeranyijwe na Nyakwigendera Pastor Theogene [ Inzahuke ] ko azamwubakira gusa apfa atamwubakiye.Mu rwego rwo gusohoza iryo sezerano ryo ku bakira nyirasenge wa Niyonshuti Theogege Murungi Sabin akaba yarakoze icyo gikorwa. Umuhango wo gushyikiriza iyi nzu Iyamuremye Emmanuel na Benurugo Venancy wabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Mata 2024 , ikaba yubatse mu Murenge wa Rukomo, mu Mudugudu wa Nyarusange mu Karere ka Kamonyi. Umugore wa Pastor Theogene yatangaje ko yishimiye ko iki gikorwa cyabaye inzu umugabo we yasize nk'umuhigo ikuzura kuko we yari afite impungenge kubera inshingano ya...
Umunyamakuru Murungi Sabin yubakiye umuturage inzu

Umunyamakuru Murungi Sabin yubakiye umuturage inzu

Inkuru Nyamukuru
Nyuma yo kuzuza Miliyoni y’abamukurikira kuri YouTube, Umunyamakuru Murungi Sabi yatangaje ko yahisemo kubakira umuturage inzu avuga ko bayitaha vuba. Uyu munyamakuru uzwi ku izina rya Murungi Sabin, mu gitondo cyo kuri uyu wa 16 Mata 2024 yagaragaje inzu yubakiye umuturage wo mucyaro nyuma yo kuzuza Miliyoni y’abantu bamukurikira ku rubuga rwe rwa YouTube. Sabin ibi yabinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram arinako abantu benshi bahise bamubwira amagambo meza yerekana ko yakoze igikorwa cy’ubutwari ndetse banamusabira umugisha.Murungi Sabin yagize ati:” Nyuma yo kuzuza 1M .Imana yamfashije kubakira umuntu wayo mu gice cy'Icyaro. Bidatinze turayitaha.... Niba ushyigikira Isimbi umenye ko wowe n'Imana mbashimira”. Murungi Sabin , yamamaye mu binyamakuru bitandukanye hano mu Rwanda ha...
KIGALI: Hari abarya zingaro z’ingurube bazita Gorirosi

KIGALI: Hari abarya zingaro z’ingurube bazita Gorirosi

Inkuru Nyamukuru
Mu bice by’Imirenge itandukanye mu Mujyi wa Kigali cyane cyane mu bice by’icyaro, hari abaturage basigaye barya zingaro z’inyama y’ingurube.Aba baturage barya zingaro z’inyama y’ingurube bo bazita Gorirosi [Brochette] bakazirya bavuga arizo babasha kwigondera mu bushobozi bavuga ko bitabatera ipfunwe. Aba bakunda kurya zingaro y’amara y’ingurube , babwiye Ikinyamakuru IGIHE dukesha iyi nkuru ko bakunda zingaro z’inyanga y’ingurube ndetse ko ziboneka mu tubare duciriritse nabwo kuzibona bikaba bigoye ngo bitewe n’uko hari ababaga ingurube bagahita bayajugunya.Bemeza ko zingaro imwe igura hagati ya 200 RWF na 300 RWF ndetse ngo hari n’aho igura 400 RWF bitewe n’uko ingana. Umwe mu barya zingaro z’ingurube witwa Mugisha Cyprien yemeza ko ntapfunwe bimutera.Ati:”Twe tuzita gorirosi , sin...
RDF: Abasirikare 624 binjiye mu ngabo z’u Rwanda – AMAFOTO

RDF: Abasirikare 624 binjiye mu ngabo z’u Rwanda – AMAFOTO

Inkuru Nyamukuru
Kuri uyu wa Mbere tariki 15 Mata nibwo abasirikare bagera kuri 624 barimo abakobwa 51 , abofisiye 33 barangije amasomo yabo ya Gisirikare mu bihugu by'inshuti z'u Rwanda.Aba basoje amasomo y'abofisiye , abinjiza mu ngabo z'u Rwanda, RDF.Umuhango wo ku binjiza mu ngabo z'u Rwanda wabereye mu Karere ka Bugesera, ku Ishuri Rikuru rya Gisirikare. Muri aba basoje amasomo ya Gisirikare harimo abofisiye bagera kuri 522 bahawe amasomo ya Gisirikare n'imyitozo mu gihe cy'umwaka.Harimo 102 bize amasomo y'umwuga wa Gisirikare bayafatanya n'amasomo ya Kaminuza y'u Rwanda bashaka impamyabumenyi y'icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza.Harimo abofisiye 33 barangije amasomo yabo y'igisirikare mu bihugu by'inshuti z'u Rwanda. Brig Gen Franco Rutagengwa avuga ko iri shuri rya Gisirikare rya Gako rifite ins...
Ahantu 3 heza wasohokera mu Karere ka Rubavu ukaryoherwa n’ubuzima

Ahantu 3 heza wasohokera mu Karere ka Rubavu ukaryoherwa n’ubuzima

Inkuru Nyamukuru
Mu Karere ka Rubavu ni hamwe mu hantu heza cyane abantu batembera bagira ubuzima bwiza ndetse bagataha gahunda ari ukugaruka kuko , ni Akarere gafite ibyiza nyaburanga mu buryo bwose.Mu Karere ka Rubavu, uhasanga Imisozi myiza, Ikiyaga cya Kivu, Ibibaya byiza, Amahoteli meza, Bar na Restaurent bigezweho [Arinazo tugiye kugarukaho], Ibirwa byiza, Amashyuza n’ibindi.Niba ujya wumva wasura Rubavu , iyi nkuru ni wowe tuyikoreye. 1.EL CLASSICO BEACH Chez WEST Iyi ni Bar&Restaurent igezweho mu Karere ka Rubavu.El Classico Beach chez West , imaze imyaka myinshi ikora, ifata neza abayigana mu buryo bwose.El Classico Beach, iherereye mu Karere ka Rubavu, mu Murenge wa Nyamyumba, hafi y’Uruganda rwa Bralirwa ndetse n’amashyuza.Kuri El Classico Beach, haba ubwoto butembereza mu Kiyaga cya K...
U Bubiligi: Fabien Neretse wahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi yapfiriye muri Gereza

U Bubiligi: Fabien Neretse wahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi yapfiriye muri Gereza

Inkuru Nyamukuru
Fabien Neretse wari ufungiye mu Bubiligi ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’ibyibasiye inyokomuntu, yaguye muri Gereza aho yari amaze imyaka itanu afungiye. Mu mwaka wa 2019 nibwo Urukiko rwo mu Mujyi wa Bruxelles mu Bubiligi rwategetse ko Fabien Neretse afungwa imyaka 25 nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi n’ibyibasiye inyokomuntu.Amakuru yatanzwe n’umuryango we avuga ko Neretse yapfuye ku wa 09 Mata 2024 akajya i Liege mu Bubiligi umuhango wo kumushyingura ukaba wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Mata. Fabien Neretse ni we muntu wa mbere wakatiwe n’Inkiko zo mu Bubiligi nyuma yo kumuhamya icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi.Neretse yakurikiranyweho ibikorwa by’ubwicanyi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi i Nyambirambo no mu Mataba mu ya...
Abagore: Ngizi impamvu zishobora gutuma ukurwamo nyababyeyi

Abagore: Ngizi impamvu zishobora gutuma ukurwamo nyababyeyi

Inkuru Nyamukuru, Ubuzima
Benshi bakurwamo nyababyeyi kubera ibibazo by’ubuzima bwabo nk’uburwayi bwa fibroids, Endometriosis cyangwa kanseri cyangwa bigaterwa n’ibibazo byawe ku giti cyawe ku buzima bwawe n’imibereho yawe. Kubagwa ugakurwamo nyababyeyi ni igikorwa kizwi nka ‘Hysterectom’.Rimwe na rimwe , abaganga bashobora gufunga imiyobora ntanga yawe cyangwa bakayicurika mu gihe bari iki gikorwa twagarutseho haraguru kizwi nka ‘Hysterectom’.Nyuma y’iki gikorwa cya ‘Hysterectom’ cyo gukurwamo nyababyeyi , ntabwo ushobora kongera gutwita cyangwa ngo ujye mu mihango nk’abandi bakobwa cyangwa abagore. Ikinyamakuru Healthline dukesha iyi nkuru kivuga ko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ariho iki gikorwa cyo kubagwa bagakurwamo nyababyeyi cyiganje kuko buri mwaka abagera kuri  ku bihumbi Magana Tandatu babagwa ...
Marchal Real Estate Developers  ihatanye mu bihembo bikomeye muri Afurika

Marchal Real Estate Developers ihatanye mu bihembo bikomeye muri Afurika

Inkuru Nyamukuru
Marchal Real Estate Developers , ihagarariwe na  Marchal Ujeku nka Managing Director  yatumiwe mu bihembo bikomeye muri Kenya nka ‘Real Estate’ yitwaye neza mu gutanga amazu meza kandi ku giciro gito ndetse yubatse neza’. Umwe mu bakorana bya hafi na Marchal Ujeku anyuze kumbuga Nkoranyambaga ze yagize ati:”Uyu mugoroba twerekeje muri Kenya mu marushanwa y'ama Real Estate kubera ko Company ya ‘MARCHAL REAL ESTATE’ yatumiwe kuko igaragara mu ma Company yitwaye neza mu gutanga amazu ari Affordable(Amazu agezweho akomeye cyane ama etaje yubatse neza kandi ahendutse). Ku rwego rwa East Africa ndetse duhari kubw'indirimbo yitwa "NTAKAZIMBA" nka BEST AFRICAN SOUND iyi ndirimbo yabaye ‘nominated’ muri aya marushanwa ategurwa muri EAST AFRICAN ARTS AND ENTERTAINMENT AWARDS. Uyu muhango uraba...