Thursday, December 7
Shadow

Iyobokamana

Yishyuza kabiri ! Rose Muhando yasabye abamuvuga nabi bamushinja ubwambuzi  kujya kumurega kuri Police

Yishyuza kabiri ! Rose Muhando yasabye abamuvuga nabi bamushinja ubwambuzi kujya kumurega kuri Police

Iyobokamana
Umuhanzi wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Rose Muhando, akomeje gushinjwa kutamenya guha agaciro abamuhaye amafaranga yo kuririmba mu gitaramo , ahubwo akishyuza buri wese bigatuma yica gahunda y’abandi.   Rose Muhando yarakunzwe haba mu Rwanda , Afurika n’ahandi ku Isi.Nta musore cyangwa umukobwa utazi izina Rose Muhando.Nyuma yo kwamamara , yatangiye kujya abona ibiraka bitandukanye ahabwa n’abantu batandukanye bakamutumira ngo ajye kubaririmbira.Uko bamutumira niko bamwishyura bigendanye n’umubare w’ababa bamushaka.   Uko yagiye atumirwa niko kenshi yagiye aburira umwanya aba mutumiye cyangwa bamwe bakamusaba kujya kuri fiche gusa  , kenshi bigahurirana akabura umwanya bamwe bakamushinja ubwambuzi bwo kutubahiriza amasezerano.   Anyuze ...
Umukozi w’Imana Pastor Munene Sue yasobanuye impamvu ikomeye ababyeyi badakwiriye kujya basoma abana babo

Umukozi w’Imana Pastor Munene Sue yasobanuye impamvu ikomeye ababyeyi badakwiriye kujya basoma abana babo

Iyobokamana
Pastor Munene Sue yasobanuye impamvu ikomeye ababyeyi badakwiriye kujya basoma abana babo cyangwa ngo ba bakore kumyanya y’ibanga   Umukozi w’Imana Sue Munene wamamariye ku ijambo ‘Twa Twa’, bakanarimwitirira, yatangaje ingaruka zikomeye ziva mu kuba ababyeyi basoma abana babo cyangwa bakabakora ku myanya y’ibanga.   Mu kiganiro cyatambukijwe kuri Tik Tok n’uwitwa, Emma The Great Pioneer, uyu mubyeyi yatangaje impamvu zikomeye zikwiriye gufasha ababyeyi kumva ko atari byiza gusoma abana babo by’umwihariko ku munwa [Lips].   Uyu mubyeyi akaba umukozi w’Imana [Pastor], yanagaragaje ko nta mpamvu y’uko umubyeyi akwiriye gukora ku myanya y’ibanga y’umwana we, agakora ku munwa , ndetse n’ahandi mu buryo buhoraho.   Twa Twa, yasobanuye ko uku gukora ku...
Umuramyi Embarambamba yahuje imbaraga na Pasiteri William Getumbe bakorana indirimbo bise ‘Nyonga’ – VIDEO

Umuramyi Embarambamba yahuje imbaraga na Pasiteri William Getumbe bakorana indirimbo bise ‘Nyonga’ – VIDEO

Imyidagaduro, Iyobokamana
Mu mashusho y’iyi ndirimbo harimo ‘Scenes’ zidasanzwe aho aba bombi Embarambamba na Pasitri William , bamera nk’abari kurwana na Satani nyamara barimo kurwana bo ubwabo.Ni amashusho abagaragaz bari mu mazi asa nabi cyane bambaye imyero , ndetse banatwara moto mu buryo butera ubwoba ababareba.   Umuhanzi Chris Embarambamba amaze kwamamara mu gukora amashusho atangaje ndetse asigira benshi amatsiko no kwibaza niba ntabikomere yasigaranye.Kimwe n’ayo yandi mashusho , Embarambamba , yashyize Pasiteri William muri iyi Si, ubundi bahurira muyo bise ‘Nyonga’ idasanzwe.   Benshi mu barebye aya mashusho , bakomeje gushinja , William na Embarambamba gukoresha imbaraga nyinshi mu mikino baba bakina, gutwara moto nabi ndetse no kwerekana imico itari myiza bitwaje ko ari indirimbo...
Umupasiteri yatangaje ibintu bikomeye ku mugore abyuka nyuma y’umugabo we

Umupasiteri yatangaje ibintu bikomeye ku mugore abyuka nyuma y’umugabo we

Iyobokamana
Pasiteri Ezekiel yatangaje ko umugore ubyuka nyuma y’umugabo we atari umugore mwiza na gato.   Ezekiel yagize ati:”Dushingiye ku mugabo w’Imana ishaka, umugore we aba agomba kubyuma kare.Umugore ukomeza kuryama kandi umugabo we yabyutse ntabwo ari umugore mwiza na gato kuko burya ntabwo umugabo abyuka mbere y’umugore.   ”Impamvu yabyo , ni uko umugore ari we ukwiriye kuba urumuri rw’urugo.Ni we ukwiriye kubyuka mbere , agategura abana bakajya kwiga,agategura ibyo murugo,yarangiza agategurira umugabo we ibya mu gitondo”.   Pasiteri Ezekiel yakomeje agira ati:”Ariko mugabo niba ubyuka mbere y’umugore wawe, ndagusabiye.Bibiliya ivuga ko umugore w’umunyabwenge , abyuka kare mu gitondo mbere y’umugabo we, kandi burya ngo ni ubuye ryiza k’umugabo we.Uyu ntabwo ar...
Kuri ubu niwe muhanzi wa Mbere mu Rwanda!  Ni irihe banga Israel Mbonyi ari gukoresha mu kwigarurira Afurika yose muri muzika

Kuri ubu niwe muhanzi wa Mbere mu Rwanda! Ni irihe banga Israel Mbonyi ari gukoresha mu kwigarurira Afurika yose muri muzika

Iyobokamana
Israel Mbonyi, Umusore ukiri muto ndetse ushoboye, uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana amaze kuba ikimenyabose muri muzika Nyarwanda. Abantu benshi ntibaramenya ngo ni irihe banga uyu musore Ari gukoresha ariko burya nta kintu kibaho nta mpamvu ndetse hatuzwe n'uburyo icyo kuntu cyagenda neza.     Ubusanzwe uyu musore azwiho kuririmba indirimbo zo mu rurimi rw'Ikinyarwanda kirimo iki Nyamurenge dore ko uyu musore yavukiye mu gihugu cya Congo ahazwi nk'i Murenge, aza gukurira mu gihugu cy'u Rwanda ndetse kuri ubu arinaho akorera ibikorwa bye bya Muzika.     Bijya gutangira kugira ngo uyu musore atangire gufatwa nk’umwe mu bahanzi bakomeye hano mu Rwanda, byatangiye umwaka ushize aho yakoze igitaramo kuri Noheli maze akuzuza Bk Arena ibintu ...
Umuramyi James Niyonkuru wakoranye indirimbo na Theo Bosebabireba yambariye guhesha Isi agakiza

Umuramyi James Niyonkuru wakoranye indirimbo na Theo Bosebabireba yambariye guhesha Isi agakiza

Imyidagaduro, Iyobokamana
Umuramyi James Niyonkuru wo mu gihugu cy’u Burundi, yatangaje ko aheza yifuriza abantu ari mu Ijuru bityo akaba yarafashe umwanzuro wo gukomeza gukora indirimbo zihesha benshi agakiza.   Uyu muramyi ubwo twaganiraga , yadutangarije ko kuva na mbere hose ya hose akunda Imana kubera ibyo yamukoreye no kuba yaratanze umwana wayo w’ikinege ngo acungure abantu  ndetse bigatuma afata umwanzuro wo gutangira kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana.     Mu magambo ye yagize ati:”Urukundo nakunze Imana kuva na mbere hose, nirwo nifuza ko n’abandi bayikunda kuko Imana ninziza kandi ntihemuka yaraducunguye.Kugeza ubu njye nifuza ko Isi yose imenya Imana kandi bakayiramya, bakayisenga , bakayisingiza ndetse bakayigira nya mbere mu buzima bwabo.   “...
Esca Fifi wavuzwe mu rukundo na Israel Mbonyi yatewe ubwoba n’umubare 666 ushushanya Satani

Esca Fifi wavuzwe mu rukundo na Israel Mbonyi yatewe ubwoba n’umubare 666 ushushanya Satani

Imyidagaduro, Iyobokamana
Esca Fifi Umunyamakuru wa Radio na TV 10 , anyuze Twitter ye yasabye abakunzi be kumukiza umubare 666 wari kuri Konti ye ya Tik Tok.   Uyu mukobwa wavuzwe mu rukundo na Israel Mbonyi ariko bikaza kugaragara ko byari ifoto gusa , yavuze ibi nyuma y'igihe gito , Israel Mbonyi nawe asabye abakunzi be kumukiza uyu mubare w'abari bamaze kumukuririkira kuri YouTube ye [ Subscribers ]. Uyu mukobwa yagize ati:" Ntakuntu mwajya kuri TikTok mugakanda Follow mukankuraho Ako ka Numero mwo kabyamwe 😢ko njya numva ngo si keza habe na Mba 😂. Muntabare I beg😔". Ubwo twamubazaga niba yatewe ubwoba n'uyu mubare , Esca Fifi yagize ati:" Yego". Ubwo twasuraga uyu mukobwa kuri Konti ye ya Tik Tok twasanze abantu bamaze kurenga 666, babaye 6.7k. https://twitter.com/FifiEsther/status/17272...
Papa Francis yavuze amagambo akomeye ku ntambara ya Israel na Hamas

Papa Francis yavuze amagambo akomeye ku ntambara ya Israel na Hamas

Iyobokamana
Papa Francis yasabwe gusenga cyane kugira ngo intambara ya Israel na Hamas irangire hadakomeje kubaho imfura nyinshi. Ku munsi wo ku wa Gatatu Papa Francis yahuye n'abamwe kuruhande rwa Hamas na Palestine hamwe n'imiryango yabo muri Gaz.Aha niho uyu muyobozi wa Gatulika ku Isi yavugiye ko iyi ntambara yarenze amakimbirane ahubwo ikaba yaramaze kuba ubwicanyi bukomeye n'ubwihebe.   Mu ijambo rye Papa Francis yagize ati:" Ibi nibyo intambara zikora.Ariko hano twarenze intambara. Iyi ntabwo ari intambara ni ubwihebe".   Papa Francis yabuze ko mu gihe byaramuka bidahagaze , abantu benshi barapfa. Iri jambo rya Papa Francis kandi rije nyuma y'aho Israel na Hamas bihanye agahenge k'iminsi 4 ndetse bikemeranya no kurekura imbohe z'intambara. Aho abagore 50 n'abana b...
Ntuzamarire imbaraga zawe mu kabariro n’amafaranga yawe mu bagore ! Ese kunywa inzoga ni icyaha ?

Ntuzamarire imbaraga zawe mu kabariro n’amafaranga yawe mu bagore ! Ese kunywa inzoga ni icyaha ?

Iyobokamana
Mu gitabo cy’itangiriro 9:20-26 , batangira bavuga Wine n’ingaruka zayo kubuzima.Mu nkuru dukesha ikinyamakuru The Theology in the law, bagaragaza ko ibikorwa bya Nowa, hari ubwo byaranzwe no kuyoborwa n’inzoga [Kubizera Bibiliya].   Benshi mu Bemera Mana , bagiye bagaragaza ko inzoga arimbi ndetse abandi bakagaragaza ko ntacyo zitwaye.   Ibi ni ibiganiro byagiye byikubira iminsi n’amajoro , akazi kabamwe kagapfa kubera kuganira kuri iyi ngingo.Mu gitabo cya Zaburi 104:15 hagira hati:”Na vino yishimisha imitima y'abantu, Ngo aboneranishe mu maso habo amavuta, Kandi ngo umutsima uhe imitima y'abantu gukomera”.   Muri 1 Timoteyo 5: 23 , hagira hati:” Reka kunywa amazi gusa, ahubwo ujye ukoresha ka divayi gake kubera igifu cyawe no guhora urwaragurika”. &nb...
Pasiteri ukiri muto yagiye imbere y’iteraniro yerekana umukobwa yihebeye atanga gasopo kubakobwa bamwifuzaga

Pasiteri ukiri muto yagiye imbere y’iteraniro yerekana umukobwa yihebeye atanga gasopo kubakobwa bamwifuzaga

Iyobokamana
Pasiteri Andrew Jengo , yagiye imbere y’iteraniro agaragaza umukunzi we, ahagarika ibihuha n’abakobwa bamwifuzaga.   Byari ibyishimo bikomeye kubayoboke b’Itorero ryitwa Revival Church  riherereye mu gace ka Kawaala muri Uganda, aho umukuru waryo Pasiteri Andrew Jengo yakuye igihu kumaso y’abakirisitu be, akabereka umukunzi we.     Uyu muhungu wa Pasiteri Augustine Yiga , akimara kwerekana umukunzi we, abayoboke baramushimiye cyane , bavuga ko umugeni we ari mwiza cyane ndetse bamubwira ko yahisemo neza, bagaragaza ko uyu mwanzuro yashe utazatuma yicuza.   Uyu musore kandi mu rwego rwo guha gasopo abakobwa , yahise ategura ikirori cyo kwereka inshuti n’abavandimwe be ko yahisemo umukobwa mwiza , ari we yavuze ko yifuza ko yazamubera umugore ndetse a...