Friday, May 10
Shadow

Uburezi

Menya uko wakwita ku babyeyi bawe ukabashamira ineza yabo n’ibyo bagukoreye

Menya uko wakwita ku babyeyi bawe ukabashamira ineza yabo n’ibyo bagukoreye

Uburezi
Hari benshi batabasha kumenya ineza bagirewe n’ababyeyi babo, bityo bakabasha kubaho mu buzima bwihugiyeho, bakabirengagiza.Iyi nkuru irakwigisha uko wahesha agaciro umubyeyi wawe. Burya abana bose aho bava bakagera hari inshingano baba bafite zo kubaha abantu bose ariko by’umwihariko abana baba bafite inshingano zo gushimisha ababyeyi babo atari uko bahaye amafaranga cyangwa ibindi. Mu by’ukuri ntawatinyuma kuvuga ko akeneye umubano mubi hagati ye na se umubyara , kuko mubyo umwana aba akeneye harimo n’ababyeyi be.Iyo witwaye neza k’umubyeyi agufasha muri byinshi haba munama ndese no mu bindi bitandukanye. Muri uko kwita k’umubano wawe n’ababyeyi bawe bizatuma umuryango wanyu urangwa n’amahoro ndetse n’urukundo maze nawe inyungu zikugereho. ESE NI GUTE WAKWITWARA MU GIHE WABA ...
Yabaye intwari : Umwana muto yafashe amafaranga yo kurya ku ishuri iwabo bamuhaye ayagaburiramo abana bo ku muhanda

Yabaye intwari : Umwana muto yafashe amafaranga yo kurya ku ishuri iwabo bamuhaye ayagaburiramo abana bo ku muhanda

HANZE, Uburezi
Umwana muto wo muri Kenya yakoze igikorwa cy’ubutware abantu benshi bamugereranya n’intwari. Nyuma yo kubona ko abana bo k’umuhanda babayeho nabi,Paul Boit, yakoze ibidasanzwe bikorwa n’abandi, ahitamo kujya ku muhanda kugaburira abandi bana babayeho nabi akoresheje amafaranga iwabo bamuhaye yo kurira ku Ishuri.Ni amakuru yashyizwe hanze n’uwitwa Lemiso Media House anyuze kuri Facebook. Yagize ati:”Umutima wa zahabu kuri uyu mwana ukiri muto , umuyobozi w’ejo hazaza.Nyuma ya Remmy Kigen , nanone Paul Boit yongeye kubikora.Amafaranga ye yo gukoresha ku ishuri yari yarabitse niyo yakoresheje.Yashyizemo imbaraga zose kugira ngo asure aba bana mu rugo iwabo, agamije kubona baseka nk’abamarayika bato.Kuri iyi nshuro yari yaherekejwe n’inshuti ze n’abanyeshuri bigana”.Yakomeje yandika ati:...
Don’t Accept To Die” Igitabo kimaze gusana imitima y’abatabarika mu myaka ibiri gusa kimaze gisohotse – AMAFOTO

Don’t Accept To Die” Igitabo kimaze gusana imitima y’abatabarika mu myaka ibiri gusa kimaze gisohotse – AMAFOTO

Inkuru Nyamukuru, Uburezi
Imyaka ibiri irashize Dimitrie Sissi Mukanyiligira ashyize hanze igitabo yise 'DON'T ACCEPT TO DIE' gikubiyemo ubuzima bwe mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gitabo kirimo ubuzima bwe ,mbere ya Jenoside,mu gihe cya Jenoside na nyuma yayo. Iki gitabo cyanditswe kuva mu mwaka wa 2020 gishyirwa ahagaragara taliki ya 1 Mata 2022. Kirimo inkuru yigisha amateka y'u Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda 1994 kugeza ubu kimaze kubaka imitima y'abantu benshi haba abari bariho mu gihe cya Jenoside n'abavutse nyuma yayo kuko hanagaraga ko uruhare runini ari urw'urubyiruko mu gukomeza kubaka igihugu. Mu muhango wo kwizihiza isabukuru y'imyaka ibiri iki gitabo kimaze gishyizwe hanze uyu mwanditsi wacyanditse yari yatumiye urubyiruko rugizwe n'abagera kuri 30 ndetse...
H.E Paul Kagame yahembye abanyeshuri bitabiriye irushanwa rya ‘First Lego League’- AMAFOTO

H.E Paul Kagame yahembye abanyeshuri bitabiriye irushanwa rya ‘First Lego League’- AMAFOTO

Inkuru Nyamukuru, Uburezi
Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda , yahembye mudasobwa  buri munyeshuri wageze mu cyiciro cya Nyuma cy’irushanwa rya ‘First Lego League’, amarushanwa mpuzamahanga agamije guteza imbere uburezi by’umwihariko amasomo ya Siyansi, Ikoranabuhanga n’Imibare hifashishijwe ikoreshwa rya Robots n’ubwenge buremano [Al]. ‘First Lgo League’, agamije guhanga Robots no gukoresha ubwenge buremano buzwi nka Artificial Intelligence, mu gukemura ibibazo bitandukanye.Amarushanwa y’uyu mwaka , yitabiriwe n’ibigo 25 byo mu gihugu , kimwe cyo muri Uganda , bine byo muri Nigeria , na Bitatu byo muri Botswana.Iri rushanwa rya First Lgo League & Al Hackathon ryitabiriwe n’abanyeshuri bari hagati y’imyaka 16 y’amavuko gusa. Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda , H.E Paul Kagame na Madamu we , bitabiriye umuhango wo ...
Yagizwe umunyeshuri w’ukwezi ! Wa mwana wajyanye uruhinja mu ishuri yahembwe n’Ubuyobozi nw’ikigo

Yagizwe umunyeshuri w’ukwezi ! Wa mwana wajyanye uruhinja mu ishuri yahembwe n’Ubuyobozi nw’ikigo

Inkuru Nyamukuru, Uburezi
Kuri uyu wa Mbere Tariki 11 Werurwe 2024 nibwo mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Nyamyumba hagaragaye umunyeshuri wazanye uruhinja rw'iwabo ku ishuri.Uyu mwana wari wanze gusiba yageze ku kigo yakirwa neza arahembwa. Amakuru twahawe n'umwe mu barezi barerera kuri iki kigo cya GS Rambo witwa Nirere Judith, yahamyaga ko yabonye kuri uyu mwana mu masaha ya nyuma ya Saa Sita ahetse murumuna we w'uruhinja avuga ko "Mama ahora ambwira ngo nsibe ishuri cyangwa njyeyo rimwe na rimwe, akavuga ko n'ubundi ntacyo nzaba". Uwiringiyimana Ibrahim waje ahetse murumuna we, yasanze bagenzi be barangije gufata ifunguro rya saa sita biba ngombwa ko ubuyobozi bw'ikigo butegeka ko bamutekereza ibye , umukozi wita ku isuku akarera umwana naho we akajya mu ishuri. Nyuma y'aho, Niyonsaba Martin umuyobozi...
RUBAVU: Nyina yamusigiye umwana isaha yo kwiga igeze aramwoza, ategura igikoma aramuheka amujyana ku ishuri

RUBAVU: Nyina yamusigiye umwana isaha yo kwiga igeze aramwoza, ategura igikoma aramuheka amujyana ku ishuri

Inkuru Nyamukuru, Uburezi
Umunyeshuri wo mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Nyamyumba witwa Uwiringiyimana Ibrahim yabaye indashyikirwa muri bagenzi be. Umurenge wa Nyamyumba ni umwe mu Murenge 12 igize Akarere ka Rubavu, ukaba Umurenge ugira ibibazo bitandukanye birimo n'ababyeyi bakora imirimo yambukiranya umupaka bigatuma abana babo bafata inshingano zo gusigarana barumuna babo akaba arinabo babitaho kugeza igihe ababyeyi batahiye na cyane ko benshi mu bagabo bo bashinjwa kwirirwa banywa inzoga bategereje ko abagore bataha. Nyamyumba ni Umurenge wegereye ikiyaga cya Kivu ukaba umwe mu Mirenge irimo Uruganda rwa Bralirwa rwenga inzoga n'ibinyobwa bidasindisha. Uyu mwana witwa Uwiringiyimana Ibrahim wiga mu mwaka wa Kabiri [ Primary 2 ] ku Rwunge rw'amashuri rwa Rambo [ Gs Rambo ] niwe wahembwe n'ikigo nk'u...
Ingaruka mbi zo gukoresha imbuga nkoranyamaga, Itonde ndetse wirinde izi mbugankoranyambaga

Ingaruka mbi zo gukoresha imbuga nkoranyamaga, Itonde ndetse wirinde izi mbugankoranyambaga

Uburezi, Ubuzima
Imbugankoranyamaga ni kimwe mu bintu iterambere ryubu ryazanye ndetse abantu benshi bakunda kuzikoresha n’ubwo abenshi batumva neza uburyo bwiza bwo kuzikoresha. Inzobere zivuga ko abantu batitinze neza ikiremwamuntu gishobora kurangizwa nizo mbugankoranyambaga mu gihe banze gucunga uburyo bazikoresha.   Muri iyi nkuru twifashishije inyandiko zitandukanye mukubategurira amakuru yizewe ku ngaruka mbi zishobora kugera ku muntu wese ukoresha imbugankoranyamaga.   DORE INGARUKA MBI ZO GUKORESHA IMBUGANKORANYAMAGA;     Depression   Abanti benshi bakoresha imbugankoranyamaga cyane urubyiruko usanga barwara depression yerekeye ku rukundo cyane ku bintu aho usanga kubere imbugankoranyamaga abantu benshi bumva bifuza ibyamirenge bityo bigatuma b...
Igiswahili ku Isonga mu ndimi zivugwa cyane muri afurika ! Dore indimi zivugwa cyane hano ku mugabane wa Africa

Igiswahili ku Isonga mu ndimi zivugwa cyane muri afurika ! Dore indimi zivugwa cyane hano ku mugabane wa Africa

Uburezi
Afurika ni umwe mu migabane igize isi, ndetse ikaba ituwe n'abantu benshi Kandi bafite imico itandukanye bityo arinako bavuga indimi zitandukanye. Ese waruziko uririmi ruvugwa cyane muri afurika ari uruhe!? Muri iyi nyandiko twifashishije inyandiko zitandukanye mukubategurira amakuru yizewe ku ndimi zivugwa cyane muri Africa.   Swahili Uri ni uririmi ruvugwa cyane muri afurika. Rukaba ruvugwa n'abantu bagera kuri million 150 zose. Ruvugwa n'abantu bo muri afurika yo hagati ariko ibihugu nka somalia, Mozambique Swahili ni uririmi gakondo rwabo. Arabic Abantu barenga million 100 muri afurika bavuga icyarabu, cyane mu bihugu nka niger, Senegal na Tanzania. French Igifaransa ku mwanya wa gatatu mu ndimi zivugwa cyane muri afurika aho abagera kuri million 90 mu bihugu ...
Azayikuriramo, Umwana w’umukobwa yagaragaye mu ijipo idasanzwe

Azayikuriramo, Umwana w’umukobwa yagaragaye mu ijipo idasanzwe

HANZE, Uburezi
Imwe mu nkuru zikomeje kuba kimenyabose hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga ni inkuru yuyu mwana w'umukobwa wagaragaye yambaye ijipo ndende cyane ku buryo yakoraga hasi ariko bakavuga ko azayikuriramo.   Ni mu mashusho yanyujijwe ku rubuga rwa TikTok ndetse uyu mwana yafashwe aho mashusho yambaye iyo jipo agiye kwiga ariko ubona ko ijipo yamubangamiye kuburyo kugende byamunaniye.   Ababonye ayo mashusho bose bakomeje kwemeza ko uwo mwana akiri muto ku buryo yakwambara ijimbo ndende gutyo ndetse hari n'abandi bavuze ko umwana akiri muto yari kujyanwa ku ishuri n'umuntu mukuru adakwiye kwijyana.   Umwe mu bakoresha urubuga rwa TikTok yagiye ahandikwa ibitecyerezo maze avuga ko uwo mwana azakurira muri iyo jipo ko uko azagenda akura izagenda imukwira. &nbs...
Umwana w’umukobwa yaburiwe irengero ku munsi we wa mbere yagiye kwiga

Umwana w’umukobwa yaburiwe irengero ku munsi we wa mbere yagiye kwiga

HANZE, Uburezi
Mu gihugu cya Afurika y'Epfo hakomeje kuvugwa inkuru y’umwana w'umukobwa waburiwe irengero ku munsi we wa mbere yagiye ku ishuri.     Amakuru dukesha ikinyamakuru Alex Reporter aravuga ko uyu mwana w'umukobwa yaburiwe irengero ubwo yinjiraga mu modoka itariyo bityo bikamuviramo kubirirwa irengero.     Yafatiye imodoka muri Soweto ariko ajya mu modoka yibeshye aziko agiye iwabo, ngo akaba yakomeje mu mujyi wa Johannesburg ndetse akomereza muri Alexander.     Nkuko amategeko yo mu gihugu cya Afurika y'epfo abivuga, umuntu wese waburiwe irengero bakwiye kwihutira kubimenyesha abashinzwe umutekano mu maguru mashya.     Ifoto yuyu mukobwa ikomeje gusakara hirya no hino ku mbugankoranyambaga bashaka uyu mwana w'umukobwa ...