Menya uko wakwita ku babyeyi bawe ukabashamira ineza yabo n’ibyo bagukoreye
Hari benshi batabasha kumenya ineza bagirewe n’ababyeyi babo, bityo bakabasha kubaho mu buzima bwihugiyeho, bakabirengagiza.Iyi nkuru irakwigisha uko wahesha agaciro umubyeyi wawe.
Burya abana bose aho bava bakagera hari inshingano baba bafite zo kubaha abantu bose ariko by’umwihariko abana baba bafite inshingano zo gushimisha ababyeyi babo atari uko bahaye amafaranga cyangwa ibindi.
Mu by’ukuri ntawatinyuma kuvuga ko akeneye umubano mubi hagati ye na se umubyara , kuko mubyo umwana aba akeneye harimo n’ababyeyi be.Iyo witwaye neza k’umubyeyi agufasha muri byinshi haba munama ndese no mu bindi bitandukanye.
Muri uko kwita k’umubano wawe n’ababyeyi bawe bizatuma umuryango wanyu urangwa n’amahoro ndetse n’urukundo maze nawe inyungu zikugereho.
ESE NI GUTE WAKWITWARA MU GIHE WABA ...