Thursday, March 28
Shadow

Ubuzima

Muri iyi category y’ubuzima twandikamo inkuru z’ubuzima gusa n’ibindi bijyanye n’ubuzima byonyine.

Menya impamvu uzana amacandwe ku musego iyo usinziriye

Menya impamvu uzana amacandwe ku musego iyo usinziriye

Ubuzima
Biba biteye ubwoba kujya ubyuka buri gihe ugasanga watoheje uburiri bwawe cyangwa umusego wawe.Niba ubyibonaho rero menya ko ushobora kuba ufite ikibazo mu buzima bwawe.Muri iyi nkuru , turarebera hamwe impamvu bikubaho n'icyo wakora. Amacandwe (Amacacwe) bitewe nuko muyita, ni amatembabuzi aba mu kanwa agasobanura ko ubuzima bwawe bumeze neza.Biba ari ingenzi kugira aya matembabuzi kuko hari byinshi afasha.Aya macandwe akora akazi ko kugabanya acide ziba zakozwe na Bagiteriya ziba mu kanwa kawe ibi bituma amenyo n'ibijigo bitabora. Ikinyamakuru cyitwa Healthline gutangaza ko Enzymes ziba mu macandwe zifasha cyane mu igogora zikarinda indwara ya 'Infection'.Mu kurinda umunwa wawe indwara nyinshi no kubura ububobere, ni byiza kugira amacandwe. Bivugwa ko impamvu ituma umuntu aryama...
Ibyagufasha kwirinda icyuya cyo kwaha

Ibyagufasha kwirinda icyuya cyo kwaha

Ubuzima
Kugira icyuya cyo mu kwaha bishobora kuba ikibazo gikomeye cyane ndetse bikabangamira igifite cyangwa ukunda ku kigira. Ngaho nawe tekereza imbaraga ushyiramo kugira use neza , ukambara neza ,agashati gasa neza ariko wajya kureba ugasanga ishati yawe yuzuye amazi kandi ahantu uri biragusaba kuzamura akaboko.Ibi birabangama ariko ni iki wakora ? Iyi nkuru ntigucike.Udusangize igitekerezo ndetse uyihe n’inshuti zawe.Uramutse ugize ikibazo kuri iyi nkuru wanyura kuri Email yacu: Info@Umunsi.com Benshi bagira icyuya cyo mu kwaha babitewe n’uko izuba ryavuye cyane rikarusha imbaraga igicucu cy’aho bari cyangwa bigaterwa n’ubwoba , akazi kenshi n’ibindi ariko burya nta rwitwazo.Mu gihe rero ubona byarenze nanone ushobora kugana muganga akagufasha waramaze kugerageza ibyo tugiye ku kubwira ...
Niba uziko utaryama byibura amasaha 7,5 buri munsi I Dore ibyago uteza umubiri wawe

Niba uziko utaryama byibura amasaha 7,5 buri munsi I Dore ibyago uteza umubiri wawe

Ubuzima
Gusinzira ! Kimwe mu bintu abantu benshi dufata nk'aho ari ikintu gisanzwe ariko burya gihatse byinshi, ushobora kuba wowe ubifata nk'ibintu bisanzwe ariko ukwiye kwitonda. Uyu munsi iyi nyandiko twifashishije inyandiko zitandukanye mukubategurira amakuru yizewe ku masaha ukwiye kuryama, ingaruka mbi uhura nazo iyo utabyubahirije. Ese wowe uri gusoma iyi nyandiko uryama amasaha angahe ku munsi!! Waruziko se ushobora kuba wangiza ubuzima bwawe kubera kuryama amasaha macye. Reka turebere hamwe icyo inzobere zibivugaho mu bushakashatsi bwakozwe. Muri iyi minsi abantu benshi turahuze aho usanga umuntu akora amasaha menshi kugira ngo abone amafaranga menshi, icyakora si ku bantu benshi ariko usanga umubare mu Nini w'abantu ukora amasaha y'umurengera mu buryo bwo kubona amafaranga menshi. ...
Waruziko umugore ashobora gutwita, akarinda abyara ataramenya ko yigeze atwita, Dore icyo inzobere zibivugaho

Waruziko umugore ashobora gutwita, akarinda abyara ataramenya ko yigeze atwita, Dore icyo inzobere zibivugaho

Ubuzima
Abantu benshi bashobora kuba batabizi ariko ngo burya Hari uburyo umukobwa cyangwa umugore ashobora gutwara inda ariko bikarangira arinze yagera mu gihe cyo kubyara ataramenya ko ashobora kuba atwite. Muri iyi nyandiko twifashishije inyandiko zitandukanye mukubategurira amakuru yizewe ku buryo umukobwa cyangwa umugore ashobora gutwita akarinda yabyara ataramenya ko yigeze atwita.     Mugucukumbura neza amakuru yizewe, twifashishije inyandiko ikubiyemo inkuru y'umukobwa witwa Rivvah Crowther wavuze ko yabaye umubyeyi mu buryo atazi. Ubusanzwe uyu mukobwa abarizwa mu gihugu cy'Ubwongereza, ayo makuru yose yanyujije ku rukuta rwe rwa TIKTOK.   Yavuze byose bijya kuba, yari yagiye mu kazi nk’ibisanzwe ariko aza kugira ikibazo ari mu kazi yumva atameze neza, Niko k...
Uburwayi bwo mu mutwe, bushamikiye mu kwigunga no kwitinya birembeje abantu benshi, dore icyo ukwiye kumenya

Uburwayi bwo mu mutwe, bushamikiye mu kwigunga no kwitinya birembeje abantu benshi, dore icyo ukwiye kumenya

Inkuru Nyamukuru, Ubuzima
Muri iyi minsi tugezemo biragoye ko ushobora kubona umuntu utazi ikitwa imbugankoranyamaga ndetse ziri no mu bintu biri kugira uruhare runini mu gutuma abantu barwara mu mutwe, bafatwa n'uburwayi bwerekeye mu mutwe.   Icyakora abantu benshi ntibamenya cyangwa ngo bemere ko ubu burwayi babufite, dore ko usanga abantu babufite badakunda kubigaragaza cyangwa ngo babyemere ko bashobora kuba bafite ikibazo runaka mu buzima bwabo biri ku babangamira.   Muri iyi minsi twabyita Depression mu rurimi rw'amahanga ndetsee Hari n'ibirenze kuba depression aho usanga ubwo burwayi bwo mu mutwe bumaze gufata intera mu kwangiza umuntu ubufite ku kigero cyo hejuru cyane.   Ubushakashatsi bwakozwe bugaragaza ko byibura hagati y'abantu 20_50% babana n'uburwayi bwo mu mutwe, ni ...
Umugore yatawe muri yombi nyuma yo gufatwa ari guseseka intoki mu gitsina cy’umwana we w’umukobwa w’imyaka 2 gusa

Umugore yatawe muri yombi nyuma yo gufatwa ari guseseka intoki mu gitsina cy’umwana we w’umukobwa w’imyaka 2 gusa

HANZE, Ubuzima
Kimwe mu byaha bidapfa kubabarirwa cyangwa ngo byihanganirwe no guhohotera umwana birimo kuko Kenshi usanga uwo uhohotera umwana aba Arusha uwo mwana ubwenge, ibyo rero bituma inzego zumutekano zibikomeza iyo ufashwe uri mu gikorwa nk’ icyo. Uyu mugore wo mu gihugu cya Kenya yatawe muri yombi n'abashinzwe umutekano nyuma yuko afashwe ari guhohotera umwana we w'umukobwa w'imyaka 2 gusa. Nkuko byatangajwe n'abantu baturanye n'uyu mugore, bavuze ko babonye uyu mugore ari guhohotera umwana we w'umukobwa aho yafataga intoki ze akazicomeka mu gitsina cy'umwana we w'imyaka 2 gusa, ibintu byababaje abo baturanyi buyu mugore. Kubera agahinda batewe n'uyu mwana wari uri guhohoterwa na nyina umubyara, byabateye guhita bahamagara abashinzwe umutekano, ubwo bahageraga basanze n'ubundi uyu mugo...
Menya impamvu uhora ushonje

Menya impamvu uhora ushonje

Ubuzima
Ubushakashatsi bwose bwakozwe bwerekana ko gusonza ari ikimenyetso simusiga cy’uko umubiri wawe ukeneye amafunguro menshi.Ariko niba umubiri wawe uhora utaka ibiryo yewe na nyuma yo kurya uvuye ku meza bishobora kuba ari ikimenyetso cy’izindi ndwara nk’uko byemejwe na Miliam Muligi.   Mu mafunguro abantu bafata umunsi ku munsi habaha harimo kwigengesera no gushaka cyane cyane ibiratunga umubiri mu gihe kirekire kuko bamwe barya rimwe ku munsi , kabiri cyangwa gatatu kuzamura ariko bagashyiramo umwanya.Mu gihe wowe umaze kurya rero wumva ushonje cyangwa ukumva wahora urikurya.Ese biterwa ni iki ?   1.URYA AMAFUNGURO ATARIMO VITAMINI : Birashoboka ko amafunguro ufata buri munsi nta Protein ziba zirimo zihagije cyangwa akaba ari nta naduke turimo.Niba urya amafunguro ata...
Nubwo mfite HIV barantereta Nkanga, umuyobozi yampaye akato nzira SIDA ! Charlene

Nubwo mfite HIV barantereta Nkanga, umuyobozi yampaye akato nzira SIDA ! Charlene

Ubuzima
Kimwe mu bintu bigora abantu cyane no kwiyakira bibamo noneho iyo bigeze ku muntu ufite cyangwa urwaye SIDA biragoye kuri uwo muntu kuba yakwiyakira ndetse nabo babibasha bifata igihe ariko birakwiye ko biyakira kuko kubaho ufite SIDA ni ibintu bisanzwe.     Nk’uko uyu mukobwa witwa Charlenne abivuga, yavuze uburyo yagowe no kwakira ko azabana n'ubwandu bwa SIDA ndetse akamenyera. Ni mu kiganiro yagiranye n'umunyamakuru witwa Murungi Sabin ku Isimbi Tv.     Uyu mukobwa yavuze ko ubwo yajyaga kwiga muri kaminuza yahuye n'imbogamizi nyinshi aho umuyobozi wishuri yigagaho yamuhezaga akamuha akato amuziza ko arwaye SIDA ndetse yavuze ko habuze Gato ngo ave mu ishuri ahagarika kwiga.     Yakomeje avuga ko ubwo yahezwaga yashatse kuva mu i...
Ubusobanuro bw’imirongo iba mu kiganza cyawe

Ubusobanuro bw’imirongo iba mu kiganza cyawe

Ubuzima
Benshi mu bafite ubuhanga bwo kureba ahazaza h’umuntu bibanda cyane mu kureba mu kiganza cy’uwo bashaka kurebera bagendereye kwita ku mirongo ikirimo.Muri iyi nkuru turaza kurebera hamwe icyo iyo mirongo isobanuye n’impamvu bamwe bagira mu kiganza imirongo 3 abandi bakagira 4.   Abitegereza ibi , bareba ku gitsina cya nyiri ikiganza, bakareba cyane ku miringo ikirimo [Umubare wayo], bakaba bamenya ubutunzi azagira cyangwa ubuzima azabamo.Benshi bagira imirimo 3 mu kiganza cyabo bakivuka , mu gihe abandi baba bafite imirongo 4 ibi bikaba bishatse kuviga ko ubuzima bw’umuntu bugira igisobanuro n’inzira azacamo byanga bikunze.   Benshi mu batuye Isi , bemeza ko iyi mirongo iri mu kiganza cyawe , icyanjye n’icy’uwo muziranye nta busobanura na buto ifite, ariko se nibyo ? ...
Umuntu akwiye kugira imyenda y’imbere ingahe, ukwiye guhindura kangahe ku munsi, Dore icyo inzobere zibivugaho

Umuntu akwiye kugira imyenda y’imbere ingahe, ukwiye guhindura kangahe ku munsi, Dore icyo inzobere zibivugaho

Ubuzima
Kimwe mu bintu abantu benshi bakunda kwibaza n’ingano cyangwa umubare w'imyenda y’imbere umuntu agomba kuba afite nacyo kirimo. Abantu benshi ntibajya babyitaho ariko ni kimwe mu bintu bikomeye umuntu akwiye kwitaho. Muri iyi nyandiko twifashishije inyandiko zitandukanye mukubategurira amakuru yizewe ku mubare nyawo ukwiye kuba ufite.     Inzobere zivuga ko Niba ugiye kugura imyanda mishya burya ukwiye no kumenya ko ugomba kwibuka kugura imyambaro wambara imbere. Iyo tuvuze imyenda y'imbere hazamo amakariso, isengeri ndetse n’amasutiye ku bakobwa cyangwa abagore. Bityo rero ukwiye kugura iyo myambaro ihagije.     Umubare nyawo w'imyenda y'imbere umuntu agomba kuba yujuje ni byibura Niba ari amakariso cyangwa boxer 14. Inzobere zibivuga ko uwo ari so mu...