Sunday, April 28
Shadow

HANZE

Nigeria: Umugabo yatsindiye Miliyoni 2 muri Betting , bahita baziba

Nigeria: Umugabo yatsindiye Miliyoni 2 muri Betting , bahita baziba

HANZE
Umugabo witwa Lukman Teriba wo muri Nigeria  nk’uko tubikesha ibinyamakuru byandikira mu gihugu cya Kenya ngo yatangaje ko yatsindiye Miliyoni 5 nyuma aza kubwirwa ko bayabikuje hagasigara ibihumbi 370 Ksh byo nyine. Lukman yemeje ko yateze ku mikino igera kuri 37 yose icya rimwe agakoresha amafaranga 120, icyakora kuri ako gapapuro bakamubwira ko amakipe yose nabigenza uko yari yateze azatsindira Miliyoni 2 zose.Uyu mugabo ngo yagize icyizere ku bw’amahirwe uko yari yabiteganyije niko byagenze ariko agiye kubikuza bamubwira ko amafaranga bayatwaye [Yabikujwe n’undi]. Aganira n’ikinyamakuru PUNCH, yatangaje ko afite agahinda kenshi cyakora ko arajya gushaka ubuyobozi bwa Kompanyi yakoreyemo Betting, bakamufasha gukemura ikibazo kuko atabasha kubyihanganira.At:”Njye nari ntegereje ko ...
Vera Sidika yavuze ko kubyara , gukena no kubabazwa atazigera abiha ikaze mu muzima bwe mbere y’imyaka 7

Vera Sidika yavuze ko kubyara , gukena no kubabazwa atazigera abiha ikaze mu muzima bwe mbere y’imyaka 7

HANZE
Vera Sidika wo muri Kenya yemeje ko imyaka mike kuri we akabona gutwika ari imyaka 7 agaragaza ko atarajwe inshinga no kwagura umuryango we. Ni umunyamakuru w’icyamamare cyane kuri Televiziyo zitandukanye muri Kenya aho yamamariye.Uyu mugore anyuze kumbuga nkoranyambaga ze yemeje ko kwagura umuryango we kuri ubu ataricyo kimurangaje imbere cyakora ashyiraho nyira ntarengwa y’imyaka 7 akabona kongera gutwara inda. Mu butumwa yanyujije kumbuga Nkoranyambaga harimo ibintu 4 adafite muri gahunda gukora muri iyi myaka ya vuba.Muri byo harimo no kubyara.Yagize ati:”Ibintu bine ntafite muri gahunda muri iyi mpeshyi, harimo ; Gutwita, gukena , guterwa agahinda n’umuntu runaka no gutwita”. Asa n’ubitsindagira yagize ati:”Nta by’abana kuri njye mbere y’imyaka 7 ! Oya rwose”.Vera Sidika afit...
Kenya: Umasaza w’imyaka 67 wakundanaga na Manzi wa Kibera yapfuye

Kenya: Umasaza w’imyaka 67 wakundanaga na Manzi wa Kibera yapfuye

HANZE
Manzi wa Kibera wifashishwa mu mashusho y’abahanzi muri Kenya ari mu gahinda ko kubura uwari umukunzi we  Nzioki w’imyaka 67 y’amavuko wapfuye. Manzi wa Kibera , yahamije iby’aya makuru mu kiganiro yagiriye ku murongo wa Telefone n’umwe mu banyamakuru bo kuri YouTube witwa 2mbili.Uyu mukobwa yatangaje ko Nzioki wamamaye nka Mzae, yari mu Bitari aho yari ari gufata imiti aba ari agwa.Manzi wa Kibera , yahamije ko yari ari ku mwitaho ndetse ko ahangayikishijwe n’uko atagihari. Mu mwaka wa 2023, nibwo Wambo wamamaye nka Manzi wa Kibera, yakoze ubukwe na Nzioki bwitabirwa n’inshuti n’abavandimwe.Ubu bukwe bwabaye nyuma y’igihe bari bamaze batandukanye gusa baza kongera kwihuza bigizayo icyabatanyaga.Baje gutangaza ibyo gukundana kwabo baca impaka muri rubanda. Mu mezi atambutse na...
Nigeria : Umukobwa yishushanyije izina ry’umukunzi we ‘Paul Kibe’ ku mpanga

Nigeria : Umukobwa yishushanyije izina ry’umukunzi we ‘Paul Kibe’ ku mpanga

HANZE
Umukobwa wo muri Nigeria yishushanyijeho ku mpanga izina Paul Kibe , umukunzi we. Benshi mu bakundana bakomeje kugaragaza urukundo mu buryo budasanzwe aho bishyiraho amazina y'abo bakundana ku mibiri yabo.Zimwe mu nkuru zikunze kugarukwaho cyane ni inkuru cyane cyane ziterwa n'urupfu rw'umwe mu bakundana aho mugenzi we ananirwa kwihangana bigatuma yishyiraho izina rya mugenzi we. Muri iyi nkuru siko byagenze kuko umukobwa yafashe umwanya akajya gushaka abashushanya ku mubiri nawe bakayimushyiraho. Ikinyamakuru cyandikira muri Nigeria dukesha iyi nkuru , gitangaza ko , "Umukobwa yagiye gushaka abashushanya kumuburi, yishyiraho izina ry'umusore bakundana Paul Kibe".Iki kinyamamuru cyakomeje kigira kiti "Uyu musore yashyize hanze aya mashusho nawe avuga ko akunda uyu mukobwa". ...
“Mfite 25 kandi mama wanjye antwara buri hamwe anteruye” ! Ravi Kumar umugabo warekeyaho gukura ku myaka 5 gusa

“Mfite 25 kandi mama wanjye antwara buri hamwe anteruye” ! Ravi Kumar umugabo warekeyaho gukura ku myaka 5 gusa

HANZE
Umugabo wahagaze gukura afite imyaka 5 gusa akomeje gutangaza benshi.Uyu ni umugabo wo cyaro cy’Igihugu cy’u Buhindi aho abana n’umuryango we urimo nyina yemeza ko amwitaho kurenza abandi bantu bose kuko ngo amutwara buri hamwe. Ravi Kumar, we atekereza ariwe mugabo mukuru ariko mugufi mu gihugu cy’u Buhindi cyose.Ravi uturuka muri Jhansi muri Leta ya Uttah Predesh niwe wenyine mu muryango we wavukanye ndetse akanakurana ubu bumuga.Umuryango we wemeza ko bamujyanye ku bavuzi batandukanye kuva ari muto kuko yahagaze kwiyongera mu burebure ku myaka 5 y’amavuko. Nyina yagize ati:”Umunsi umwe ubwo twamujyanaga kwa muganga, batubwiye ko ashobora kuba arwaye ‘Thyroid’.Ibipimo birashoboka kubimufata ariko nta mafaranga ahagije dufite yo kumujyana kwa muganga”.Umugabo mugufi ku Isi yari uwit...
Brazil: Umugore yatwaye umurambo w’umugabo mu kagare awugeza muri Bank kugira ngo umusinyire inguzanyo ayitware

Brazil: Umugore yatwaye umurambo w’umugabo mu kagare awugeza muri Bank kugira ngo umusinyire inguzanyo ayitware

HANZE
Inkuru idasanzwe yafashwe na camera itangaza abatari bake, ni inkuru y’umugore wo muri Brazil wafashe umurambo w’umugabo ukuze byavugwaga ko ari marume we nk’uko yamwitaga , akamujyana muri Bank kugira ngo bakoreshe igikumwe cyawo umusinyire abashe guhabwa inguzanyo. Uyu mugore yafashwe amashusho ari gusunika mu kagare umurambo w’umugabo we amwerekeza mu Mujyi wa Rio de Janeiro muri Banka yaho kugira ngo uwo musaza amusinyire abashe gufata inguzanyo y’amafaranga angana n’ibihumbi 3,400 by’amadorari [3,400$] asaga Miliyoni 4 z’amafaranga y’u Rwanda nk’uko btangazwa na Dail Mail. Abakozi ba Bank barimo uwitwa Erika de Sousa Vieira Nunes wafataga n’amashusho, batunguwe cyane ndetse baterwa ubwoba n’uyu mugore wafashe igikumwe cy’uyu murambo akamusinyisha impapuro z’ideni ritari rito [Lo...
Afurika y’Epfo: Umukobwa yakoze urutonde rw’ibintu 15 yifuza k’umusore wifuza ko bakundana

Afurika y’Epfo: Umukobwa yakoze urutonde rw’ibintu 15 yifuza k’umusore wifuza ko bakundana

HANZE
Umukobwa wo muri Afurika y’Epfo yatunguye benshi nyuma yo gukora urutonde rw’ibyo yifuza k’umusore uzamugira umugore. Uyu mukowa ufite inkomoko muri Afurika y’Epfo akaba azwi ku mazina ya ‘Kiara, yagaragaje ko ari gushaka umugabo ndetse ashyiraho n’ibyo uwo mugabo agomba kuba yujuje Kubw’uyu mukobwa ngo hari imico nyamusore agomba kuba afite.Mu by’ingenzi yashyize imbere , ni uko uwo musore agomba kuba afite imodoka, inzu nto ndetse ngo ashobora no ku mwishyurira amafaranga ya buri kimwe cyose aguze. DORE URUTONDE RW’IBYO YIFUZA KU MUGABO AKENEYE; 1.Kuba ari muremure 2.Kuba afite ubuzima bwiza 3.Kuba ameze neza , ari mwiza inyuma 4.Kuba afite imodoka 5.Kuba afite inzu nto byibura. 6.Kuba yamwishyurira buri kimwe. 7.Kuba afite 6 Packs 8.Kuba yarize. 9...
Kenya : Umukobwa w’uburanga umurika imideri Lupita Nyakisumo yarangaje abatari bake

Kenya : Umukobwa w’uburanga umurika imideri Lupita Nyakisumo yarangaje abatari bake

HANZE
Umukobwa ufite uburanga n’uburebure budasazwe Lupita Nyakisumo yarangaje abatari bake ubwo yamurikaga imideri nk’umwuga yihebeye.Lupita yari mu Mujyi wa Nairobi mu gihugu cya Kenya aho akomoka. Si ubwambere arangaje abasore n’inkumi mu Mujyi wa Nairobi  kuko ubwo yashyiraga hanze amashusho ye bwite kumbuga Nkoranyambaga ze akagaragaza uburyo akunda imideri benshi batangaye ndetse bakemeza ko impano ye afite ariko bagakemanga uburanga bwe.Muri aya mashusho Lupita yari imbere y’umurongo muremure w’abantu ahitwa Super Metro. Muri aya mashusho Lupita Nyakisumo yari yajyanishije imyambaro migufi, inkweto ndende zirabura , urunigi mu ijosi n’ikanzu imwegereye.Lupita udakunda kugira umusatsi we , yaragiye  yongera kugaruka yambaye ikanzu y’umweru yitwara nk’uko yitwaye mbere , bifatwa nko g...
AMERIKA: Umwarimukazi yafatiwe mu modoka nijoro ari gusambanya umwana yigisha

AMERIKA: Umwarimukazi yafatiwe mu modoka nijoro ari gusambanya umwana yigisha

HANZE
Umwarimukazi w'imyaka 45 wigishaga ku ishuri rya Omaha High School [ Omaha Public Schools ] yafatiwe mu modoka yambaye ubusa ari hamwe n'umunyeshuri w'imyaka 17 y'amavuko. Erin Ward yafashwe ku munsi wo ku wa Gatandatu mu ijoro ari kumwe n'umwana w'umunyeshuri ku kigo cya Omaha High School aho nawe yigisha.Umuyobozi wa Police muri ako gace Douglas, yavuze ko bafashe uyu mugore nyuma yo kwakira Telefone y'umuntu wabonye imodoka iparitse aho umuhanda urangirira mu isaha ya Cyenda z'ijoro. Douglas yagaragaje ko bageze kuri iyo mododa basanga uwo mugore n'umwana, bicaye inyuma aho abantu bicara gusa ngo uwo mwana yendaga gutwara imodoka ngo batoroke. Akimara gufatwa yemeye icyaha avuga ko yashakaga gusambanya uwo mwana w'umuhungu.Uyu murezi yari afite Ikarita y'ikigo cya Omaha Pub...
Yabaye intwari : Umwana muto yafashe amafaranga yo kurya ku ishuri iwabo bamuhaye ayagaburiramo abana bo ku muhanda

Yabaye intwari : Umwana muto yafashe amafaranga yo kurya ku ishuri iwabo bamuhaye ayagaburiramo abana bo ku muhanda

HANZE, Uburezi
Umwana muto wo muri Kenya yakoze igikorwa cy’ubutware abantu benshi bamugereranya n’intwari. Nyuma yo kubona ko abana bo k’umuhanda babayeho nabi,Paul Boit, yakoze ibidasanzwe bikorwa n’abandi, ahitamo kujya ku muhanda kugaburira abandi bana babayeho nabi akoresheje amafaranga iwabo bamuhaye yo kurira ku Ishuri.Ni amakuru yashyizwe hanze n’uwitwa Lemiso Media House anyuze kuri Facebook. Yagize ati:”Umutima wa zahabu kuri uyu mwana ukiri muto , umuyobozi w’ejo hazaza.Nyuma ya Remmy Kigen , nanone Paul Boit yongeye kubikora.Amafaranga ye yo gukoresha ku ishuri yari yarabitse niyo yakoresheje.Yashyizemo imbaraga zose kugira ngo asure aba bana mu rugo iwabo, agamije kubona baseka nk’abamarayika bato.Kuri iyi nshuro yari yaherekejwe n’inshuti ze n’abanyeshuri bigana”.Yakomeje yandika ati:...