Trump yavuze ko atazisabira imbabazi ubutumwa bwe bunnyega Obama n’umugore we aho yabagereranyije n’inguge
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakuye ku mbuga nkoranyambaga ze ubutumwa yari yashyizeho ku mugoroba wo ku wa Kane burimo amashusho afatwa