Sunday, December 3
Shadow

HANZE

Ayo mafaranga mugura telephone mujye muyashora mu bintu bibafitiye inyungu ! Umugabo yababajwe n’akayabo abakobwa bashobora mu ma telephone

Ayo mafaranga mugura telephone mujye muyashora mu bintu bibafitiye inyungu ! Umugabo yababajwe n’akayabo abakobwa bashobora mu ma telephone

HANZE
Muri iki gihe usanga abakobwa benshi beza batunze ama telephone meza ndetse ahenze cyane ku buryo abantu benshi bakomeza kwibaza aho bayakura. Icyakora siko abantu bose bashyigikira abo bakobwa ko batunga ama-telephone nkayo ahenze kandi nta mafaranga ahagije bafite muri banki zabo.     Umukobwa wo mu gihugu cya Nigeria yifashishije imbugankoranyamaga ze yavuze akayabo ka mafaranga telephone akoresha igura maze benshi mu bamukurikira ku mbugankoranyambaga batangazwa ningano yayo mafaranga.     Uyu mukobwa yavuze ko telephone ye akoresha ihagaze amafaranga ibihumbi 600 by'amafaranga ya Nigeria. Ayo mafaranga ni menshi cyane ku buryo umwe mu bakurikira uyu mukobwa yababaye cyane ndetse avuga ko bitagakwiye ko umukobwa afata amafaranga menshi gutyo ngo ay...
Niwe mukobwa w’umutima pe ! Amashusho y’umukobwa uri guteka akoresheje inkwi yatangaje benshi [ VIDEO]

Niwe mukobwa w’umutima pe ! Amashusho y’umukobwa uri guteka akoresheje inkwi yatangaje benshi [ VIDEO]

HANZE
Benshi bakomeje kwibaza ku mashusho y’umukobwa w’uburanga wagaragaye ari gutekera ku nkwi bigaragara ko imyotsi yari yamwishe.   Ubusanzwe abakobwa bo mu Mujyi bazwiho kuba batashobora guteka bakoresheje inkwi bitewe n’imyotsi zizana ndetse no kuba baba basabwa guhora bareba muziko , byaba ngombwa bagashyira hasi ibipfukamisho, bagahuhamo.   N’ubwo bigora Abanyamujyi, nyamara hari n’abandi bakobwa baba bagaragara nk’abanya Mujyi twagarutseho kabone n’ubwo aba ashobora kuba ataribo.Kuba umukobwa ari mwiza , asirimutse, bituma abamwitegereza barushaho kumutekerezaho , bakageraho bamugenera imiromo yashobora niyo atashobora.   Uyu mukobwa wo muri Kenya utarabashije kuvugwa amazina gusa akabatizwa Swahili Lady, yatunguye benshi kuko batekerezaga ko adashobora g...
Birababaje ! Umsore w’imyaka 36 yishe nyina w’imyaka 68 amuhoye ko yanze kumuha isahani yuzuye ubugari yari yitekeye

Birababaje ! Umsore w’imyaka 36 yishe nyina w’imyaka 68 amuhoye ko yanze kumuha isahani yuzuye ubugari yari yitekeye

HANZE
Umukecuru witwa Magdalene w’imyaka 68 yishwe n’umuhungu we witwa Patrick Irungu w’imyaka 36 y’amavuko amuhoye ko yanze kumuha ubugari yari amaze guteka.   Abagize uyu muryango wo muri Kenya, bavuze ko Magdalene Wangechi , yari yateguye ubugari , ndetse n’isosi, gusa ngo umuhungu we akamubwira ko yifuza ko yamuha ubugari bwose yari yateguye ngo aburye.Umuyobozi wa Polisi mu gace ka Muranga bari batuyemo Commisioner Gitona Murungi , yavuze ko abaturanyi bahise bafata uyu musore ukekwaho ubwicanyi. Amakuru avuga ko inzego za Police zakomeje iperereza kugira ngo hamenyekane niba koko uwo musore w’imyaka 36 ari we wish nyina wari ugeze mu myaka mikuru.   Umwe mu bagize uyu muryango witwa James Njoroge , yavuze ko uyu musore yafashe umupanga agatema nyina umutwe kuge...
Uyu niwo munsi wanyuma ku isi , ngiye gusanga ababyeyi banjye mu ijuru ! yo ni amagambo yanyuma umusore wiga muri kaminuza yavuze mbere yo kwiyahura

Uyu niwo munsi wanyuma ku isi , ngiye gusanga ababyeyi banjye mu ijuru ! yo ni amagambo yanyuma umusore wiga muri kaminuza yavuze mbere yo kwiyahura

HANZE
Ese kubera iki abantu benshi bakomeje kwiyahura hirya no hino, ese umuntu afata umwanzuro wo kwiyahura cyangwa kwiyambura ubuzima bwe byagenze gute, abantu benshi akenshi ntibajya bamenya impamvu umuntu ashobora gufata umwanzuro wo kwiyahura.     Mu gihugu cya Kenya, hakomeje kuvugwa inkuru yababaje benshi aho Umusore w'imyaka 32 wari usanzwe yiga muri Kaminuza mu mujyi wa Nairobi wapfuye, yiyahuye ndetse iyi nkuru ikomeje kubabaza abantu benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga.     Bivugwa ko uyu musore yitwa Wilson Ombacho ubusanzwe yari abayeho ubuzima busanzwe nkuko abandi babayemo. Mbere yo gufata umwanzuro wo kwiyahura uyu musore yari arikumwe n'inshuti ze bagiye kugura icyo kunywa ndetse nicyo kurya bityo ko bari bameze neza nk'uko bisanzw...
Ntuzemere umugore witwa Diana ! Umupasiteri yatunguranye ubwo yavugaga ko umukobwa witwa Diana birangira agukoresheje baramwagana

Ntuzemere umugore witwa Diana ! Umupasiteri yatunguranye ubwo yavugaga ko umukobwa witwa Diana birangira agukoresheje baramwagana

HANZE
Umupasiteri yatunguranye ubwo yagiraga abagabo inama kutazigera bemera gushakana n'umukobwa witwa Diana, ibi bintu uyu mupasiteri yavuze bikomeje gutangaza benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga.     Uyu mupasiteri witwa Ezekiel Odero yavuze ko “izina Diana ry'uzuye imyuka mibi ndetse ngo iyo ushyingiranwe n'umukobwa witwa gutyo birangira akugize umugore kandi wagakwiye kuba umugabo mu urugo”. Ayo ni amwe mu magambo yavuzwe n'uyu mupasiteri.     Ndetse mu magambo uyu mupasiteri yakomeje avuga ko iyo umugore cyangwa umukobwa witwa Diana mwashyingiranwe akakugira umugore mbese akagukoresha, iyo utangiye kumurwanya ngo birangira agusize bityo agasenya urugo rwanyu bigatuma umuryango wanyu usenyuka.     Mu magambo ye yagize ati "Nush...
Abasore nta mpuhwe bagira ! Umusore yashyize hanze ubutumwa bwose yaganiriye n’umugore uca inyuma uwo bashakanye wamusabaga gusinda bakaryamana

Abasore nta mpuhwe bagira ! Umusore yashyize hanze ubutumwa bwose yaganiriye n’umugore uca inyuma uwo bashakanye wamusabaga gusinda bakaryamana

HANZE
Isi igeze aho Satani ashaka aho umugore wubatse yifata akaganira ibiganiro bitiyubashye n’umusore utarubaka ndetse akamusaba ko batera akabariro nyamara afite umugabo kandi byitwa ko babana neza.Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Tuko, uyu musore yashyize hanze ubu butumwa birakaza benshi.     X Influencer na Wizarab10 bashyize hanze ubutumwa bw’umusore n’umugore baganiraga ibyo guca inyuma umugabo washakanye n’uwo mugore.Ibi biganiro byabo byagaragazaga ko bashobora kuba hari ibyo bakoze bombi bityo bakaba bifuza kongera kubikora.     Mu mpamvu zitangwa n’uyu mugore ngo ni uko umugabo we atabikoraga neza kuburyo umugore yagombaga kwishakira ahandi ajya gukura akabariro.     Uyu mugore yavuze ko ngo adakwiriye kongera gutera akabariro n’u...
Kenya : Abarenga 7 bamaze gupfa n’amazu 681 amaze kwangirika

Kenya : Abarenga 7 bamaze gupfa n’amazu 681 amaze kwangirika

HANZE
Mu gihugu cya Kenya habaye Ibiza bihambaye ndetse byabereye cyane mu mujyi wa Mombasa aho bimaze gutangazwa ko abantu bagera kuri 7 bamaze gupfa ndetse amazu agera kuri 681 amaze kwangirika.   Nkuko amakuru yatangajwe, biravugwa ko abamaze kwica nibi biza ari 7 akaba aribo bazwi ndetse biravugwa ko imibare irakomeza kwiyongera nihatagira ingamba zifatwa na leta yo muri iki gihugu cya Kenya.   Imirambo imaze kuboneka ni irindwi nkuko twabivuze haruguru ndetse yajyanwe ku bitaro mu isuzumwa ngo hamenyekane imyirondoro yabo. Ibihugu byinshi ndetse n'abantu batandukanye bakomeje kwihanganisha imiryango ikomeje kubura abayo ndetse nabakomeje kuburira ibyabo muri ibi biza.   Source: News Hub Creator
Byinshi wamenya ku bwoko bw’aba Mursi buba muri Afurika

Byinshi wamenya ku bwoko bw’aba Mursi buba muri Afurika

HANZE
Afurika ni umwe mu migabane igize isi yose, ndetse ni umugabane munini ubamo abantu benshi batandukanye, birumvikana ko bagomba no kugira imico n'imigirire idahuye cyane ko Ari abantu benshi baba ahantu hatandukanye.   Nkuko ku Isi haba imico itandukanye gusa muri Afurika niho hazwi kugira ubwoko bw'abantu bagira imico iteye ubwoba cyane kurusha ahandi. Nko mu gihugu cya Kenya uhasanga ubwoko (tribe) burenga 42, ubu bwoko bw'abantu bufite imico itandukanye ndetse bivugwa ko hakirwa amagana y'abantu baturutse mu mpande zose z'Isi baje kureba abo bantu n'imico yabo kubera ko aba ari imico cyangwa umuco wihariye utapfa gusanga ahandi ku isi hose.   Mu gihugu cya Ethiopia naho havugwa ubwoko bw'abantu badakunda kuvugana n'abantu ngo dore ko ubu bwoko bw'abantu bibera mu m...
Umugabo wagaragaye ari kurera abana be akomeje gushimagizwa n’abagore benshi

Umugabo wagaragaye ari kurera abana be akomeje gushimagizwa n’abagore benshi

HANZE
Kuva mu myaka ya cyera kugeza nubu hari abantu bakibyizera gutyo, icyakora mu gihe tugezemo umugore yahawe ijambo uburinganire mu muryango bushyirwa imbere, ubu nta kintu umugore yakora umugabo atakora nubwo Hari abatari babyumva neza.   Ni muri ubwo buryo abagabo benshi bashishikarizwa kwita ku bagore babo babafasha gukora imirimo imwe nimwe mu rugo ndetse harimo no kurera abana. Ibyo bituma umugabo nawe yegera abana be bakamenyerana ndetse bagakina nka papa n'abana.   Hirya no hino ku mbugankoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa amashusho yuyu mugabo waruri kurera abana be mu gihe umugore we yari yagiye ndetse uyu mugabo akomeje kubishimirwa aho bakomeje kumwita umugabo mwiza cyane abagore niho bakomeje kumwita gutyo.   Mu mashusho yanyujijwe ku rukuta rwa T...
Umukobwa yakoze ibiteye isoni mu muhanda ahanirwa hamwe na bagenzi be

Umukobwa yakoze ibiteye isoni mu muhanda ahanirwa hamwe na bagenzi be

HANZE
Umukobwa yakoze ibiteye isoni mu muhanda ahanirwa hamwe na bagenzi be Muri iyi minsi tugezemo iterambere rimaze kwangiza umuco ndetse n'ibindi byinshi, kubera izi mbuga nkoranyambaga zateye byagorana ko ku munsi habura umuntu ukora agatendo ku karubanda.   Uko abikora Kandi Niko bihita bikwirakwira hirya no hino mu bantu cyane ko izi mbugankoranyambaga zihita zituma icyo kintu gisakara hose.Mu gihugu cya Kenya, umukobwa ukiri muto uri mu myaka ya za 20, utabashijwe kumenywa imyirondoro ye yafashwe amashusho Ari hagati mu muhanda mu mujyi wa Nairobi Ari gukuramo ikariso yari yambaye ku karubanda maze abantu bifata ku minwa barumirwa.   Amashusho uyu mukobwa yafashwe Ari gukuramo ikariso yari yambaye ku karubanda, yasakaye hirya no hino ku mbugankoranyambaga maze aba...