Umuturage witwa Nshimiyimana Emmanuel, wo mu Mudugudu wa Ngugu, mu Kagari ka Byahi, mu Murenge wa Rubavu, yatwitse inzu yabanagamo n’uwo bashakanye biturutse ku
Mu Mujyi wa Kigali hakunze kugaragara amashyamba make ariko umubare w’abaturage wo ukiyongera umunsi ku munsi. Abawutuyemo bavuga ko byakabaye byiza , ibiti biterwa
U Rwanda rwatangaje ko rwatsinze burundu icyorezo cya Marburg nyuma y’amezi agera kuri atatu ruhanganye na cyo binyuze mu kubahiriza ingamba zashyizweho n’inzego zishinzwe
Kuri uyu wa 11 Ukuboza 2024 mu Karere ka Karongi Umurenge wa Bwishyura, abayobozi b’inzego z’ibanze basobanuriwe uburyo ihohoterwa rikorerwa mu ngo ribangamira uburenganzira
Inyamaswa zo mu gasozi zitaramenyekana, zibasiye amatungo yo mu murenge wa Muhondo mu Karere ka Gakenke, aho amatungo umunani arimo ihene esheshatu n’intama ebyiri
Abapolisi bakora mu Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC), basanze mu nzu y’umururage wo mu Karere ka Rubavu, amabalo
Umukobwa witwa Akingeneye Janvière w’imyaka 29 y’amavuko, ukomoka mu Murenge wa Murundi mu Karere ka Kayonza, ariko akaba yari acumbitse mu Mudugudu wa Nyagatare