Friday, December 1
Shadow

Cinema

Samusure yatangaje amagambo akomeye kucyatumye ahungira muri Mozambique yiyama abakomeje gutuma adafashwa

Samusure yatangaje amagambo akomeye kucyatumye ahungira muri Mozambique yiyama abakomeje gutuma adafashwa

Cinema, Inkuru Nyamukuru
Samusure wamamaye muri Cinema Nyarwanda akaza guhungira muri Mozambique ngo kubera amadeni yagize icyo avuga kubakomeje kwitambika muri gahunda ye yo gufashwa.   Nk'uko byatangajwe ngo hari abantu bakomeje kugenda bamubeshyera ndetse ngo bakitambika kuba bamuha ubufasha.Samusure yavuze ko abarimo kumwitambika mu nzira cyane ari abakorera kuri YouTube agaragaza ko bahimba inkuru ngo hari umukobwa yateye inda bityo ko ngo ibyo avuga ari uguteka imitwe.   Samusure yavuze ko yiyamye abantu bivanga muri gahunda ye yo gufashwa bavuga inkuru zo kumubeshyera bikamwangiriza ubunyangamugayo bwe.   Ati:" Hari abantu benshi bagiye bitambika iyi gahunda yo gusaba abantu ubufasha cyane cyane abakorera kuri YouTube zigitangira kubera ko bashaka kwamamara ariko bagasanga k...
Umunyamakuru wa Fine FM Shalomi yinjiye muri Cinema – VIDEO

Umunyamakuru wa Fine FM Shalomi yinjiye muri Cinema – VIDEO

Cinema
Hagiye hanze Filime y'uruhererekane Yiswe "umunyamakuru"igaruka ku buzima bw'ibanga ibyamamare bibamo no gucyebura urubyiruko rukiri mu mashuri.iyi Filime igaragaramo umunyamakuru Shalomi ukorera Fine FM. Nyuma yo kubona ko abana b'abakobwa bakunda kugwa mu mutego wo gutwara inda zitateguwe biturutse kubabashukisha intica ntikize, yahisemo gukora filime imena amabanga akoreshwa na benshi bashukashuka urubyiruko rw'abana b'abangavu . Emmanuel Habumugisha ukoresha amazina ya Shalomi_wanyu mu mwuga w'itangazamakuru yanjiye mu Sinema ahita anashyira hanze agace ka mbere (Episode) ka Filime yise "Umunyamakuru" igaragaramo ubuzima bw'abanyeshuri n'ibyamamare!. Ubwo twaganiraga n'uyu munyamakuru watangiye kubifatanya no gukina Filime twamubajije intego nyamukuru yatumye asanga abarim...
Byakomeye mu rugo rwa Mr Ibu waciwe akaguru ! Nyuma yo gushaka kunyereza inkunga yahawe n’abagiraneza bose batawe muri yombi

Byakomeye mu rugo rwa Mr Ibu waciwe akaguru ! Nyuma yo gushaka kunyereza inkunga yahawe n’abagiraneza bose batawe muri yombi

Cinema
Umugore wa Mr Ibu , yafungishije umukobwa we Jasmine n’umwana we [Stepson], abahora kunyereza amafaranga yahawe umugabo we ngo amufashe mu kwivuza.   Uyu mugore Stella Maris yagiye avuga ko aba bana bamuheje ku mafaranga y’umugabo we ndetse akagaragaza ko bashaka kuyiba ariko ntibifatwe nk’ukuri.   Ubwo yazamuraga ikibazo cy’uko yahejwe, umuhungu wa Mr Ibu, yavuze ko ari we wita kuri se ndetse ko n’amafaranga yose yatanzwe ari we na se bafite uburenganzira bwo kugira icyo bayakoraho kuko ngo ariwe wemerewe gusinya kuri konti iri muri access Bank [Naaj], aho kuba umugore we cyangwa umukobwa we.   Nyuma yo kwivuga aya magambo, umugore wa Mr Ibu, yavuze ko ibizakurikira kuri iri hezwa rye yari bubitangaze mu minsi mike.   Mu rugo rwa Mr Ibu  habaye ...
TUGANIRE ! Byari bikwiye ko umunyempano nka Samusure asaba ubufasha ?

TUGANIRE ! Byari bikwiye ko umunyempano nka Samusure asaba ubufasha ?

AMAKURU KU RWANDA, Cinema
Iyi ni intero yateruwe na Radiyo/TV 10 mu kiganiro Zinduka.Benshi bati:"Kuki umukinnyi nka Samusure wamamaye mu Rwanda mu ruganda rwa Cinema agera aho asaba ubufasha ? Ese ni ikibazo cyo kutizigamira?" cyangwa muri Cinema ni ugutwika gusa".   Kubona umukinnyi wa Filime mu Rwanda arigukina neza, ibyo yakinnye bakabikunda cyangwa umubare w'ababireba ukazamuka , benshi batekereza ko aribyo bibaha amafaranga.   Muri make, kuba yamamaye benshi batekereza ko arinako umubare w'amafaranga yinjiza ungana.   Uwitwa Selemani Dukunde atanga igitekerezo kuri Radio na TV 10 yagize ati:"Gukena birashoboka cyane! kandi ntawe bitashyikira, kuko hari igihe usanga amafaranga [frws] winjiza ari make cyane kuyo usohora cyangwa wipashe muremure mu mibereho yawe. ahubwo we yabaye...
Uri imfura  muzindi ! Judithe Niyonizera akomeje gushimirwa umutima mwiza yeretse Samusure

Uri imfura muzindi ! Judithe Niyonizera akomeje gushimirwa umutima mwiza yeretse Samusure

AMAKURU KU RWANDA, Cinema, Inkuru Nyamukuru
Umugore wamamaye mu myidagaduro Nyarwanda , Niyonizera Judithe , akomeje gushimirwa umutima mwiza yeretse Samusure akamwishyurira ideni nk'uko byagiye bigarukwaho.   Nyuma yo kujya hanze kw'inkuru zivuga ko ariwe wishyuye ideni ryatumye Samusure ahunga , Judith yashize hanze ifoto kumbuga nkoranyambaga ze yandikaho amagambo agira ati:" Utagushima yaba yitwa nde, y'aba akomoka kwande ? Uko nzajya nibuka ineza yawe , nzajya ngushima".   Nyuma yo kwandika ayo magambo , benshi bamuhaye ibitekerezo, bagarutse kuri Samusure, bavuga ko urukundo bamukundaga rwahise rwiyongera.   Uwitwa Jean Peter yagize ati:" Sha urwo nagukundaga rwahise rwiyongera , kuva aho utabariye uriya musore Samusure. Sinzi impamvu numva ari wowe muntu wa Mbere numvise nkumva Roho yanjye iku...
Umuherwekazi Niyonizera Judith wabaye umugore wa Safi Madiba yishyuye ideni ryatumye Samusure ahungira hanze

Umuherwekazi Niyonizera Judith wabaye umugore wa Safi Madiba yishyuye ideni ryatumye Samusure ahungira hanze

Cinema, Imyidagaduro
Niyonizera Judith washakanye n’umuzungu nyuma yo gutandukana na Safi Masiba byemewe n’amategeko, yishyuye ideni ryari ryaratumye Samusure wamamaye muri Cinema Nyarwanda ahungira hanze.   Mu masaha make ashize, Samusure yari amaze kumvikana avuga ko abayeho nabi ndetse ko kugira ngo agaruke mu Rwanda byamugora.   Nyuma y’izi nkuru, hari andi makuru , yavuze ko uwahoze ari umugore wa Safi Judith , yamaze kwishyurira uyu mugabo ideni ryamutumye ahunga. Inyarwanda yatangaje ko uyu mugore yishyuye M, Bayisabe Irene wakurikiranye ikibazo cya Samusure igihe kirekire
Barakundana bidasanzwe ! Taylor Swift yasomaniye muruhame n’umukinnyi wa Basketball Travis Kelce

Barakundana bidasanzwe ! Taylor Swift yasomaniye muruhame n’umukinnyi wa Basketball Travis Kelce

Cinema, Inkuru Nyamukuru
Urukundo rwa Travis Kelce na Taylor Swift rukomeje kwiharira impapuro z'imbere z'ibinyamakuru nyuma y'aho basomaniye muruhame mu gitaramo cya Taylor Swift.   Taylor Swift wari mu bitaramo bye bizenguruka Isi, ubwo yari ku rubyiniro umukunzi we Travis Kelce yamusanzeyo maze Taylor Swift areka indirimbo agenda yiruka ajya kumusanganira. Uyu mugore watandukanye n'umugabo we nyuma y'amezi 14 gusa , yahise afata Travis aramusoma , aramwurira mu buryo byagaragaye ko yari amukumbuye cyane.Abari mu gitaramo bavuze ko uyu muhanzi yarangije igitaramo kitarangiye kubera Kelce.   Benshi babonye Travis Kelce arimo kuririmba indirimbo za Taylor arimo kumufasha ari mubafana , bavuze ko aba bombi baberanye nkuko byanyujijwe kuri Twitter.   Kurangiza igitaramo n'agasomyo...