Sinzabyibagirwa Jean De Dieu Wamenyekanye nka Jado Sinza mu Rwanda mu gisata cy’abaririmbyi baririmba Indirimbo zihimbaza Imana, kuri icyi cyumweru taliki ya 2 kamena
“Uwiteka Imana irema umuntu mu mu kungugu wo hasi, imuhumekera mu mazuru umwuka w’ubugingo, umuntu ahinduka ubugingo buzima”. Byanditse mu Itangiriro 2:7Igitekerezo Imana yagize
Kubera iki abantu bavuga ko adress y’umucyene ari umukire baturanye?  Mbese buri mucyene wese yifuza kumugira adress ye!. Ari nayo mpamvu Knc Yazanye gasogi
Ni abantu mbarwa baba batarabonye video Yazengurutse imbuga nkoranyambaga igira iti:” Njye mbona ikibazo cyo kuba amavubi adatsinda bishingiye ku mutoza, nagure abaikinnyi muri
Amakimbirane yo mu ngo aturuka ku bintu byinshi ku buryo hari n’abakunda kutumvikana uburyo amabanga yo mugitanda atuma basabana. Muri filime BAD FAME SERIESÂ
Igice cya 7 cya Filime y’uruhererekane BAD FAME SERIES cyageze hanze mu mashusho meza anogeye ijisho, icyi Gice kinasiga gitwikuruye agahinda abana b’abakobwa bo