
Perezida wa Chad yemeye kohereza abasirikare muri Congo gufasha Tshisekedi kurwanya M23
Perezida wa Chad Mahamat Idriss Deby Itno yemereye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubufasha bw’abasirikare bo guhangana na M23 nyuma y’aho Tshisekedi Tshilombo asabiwe