Victor Osimhen wo muri Nigeria, yafashije ikipe akinamo ya Galatasara yo muri Turikiya kwegukana igikombe cya Shampiyona ya ‘Super Lig’ kije cyiyongera ku bindi bikombe 19 yari ifite. Muri uwo mukino ,
Mu kuvuga ku mwana hagomba kubamo uruhare rw’umubyeyi we n’abamwegereye ari mpamvu muri iyi nkuru , tugiye kurebera hamwe uko wamufasha akavuga neza amagambo
Nyuma yo guhura n’ingorane nyinshi mu ikosora ry’ibizamini bya Leta no gutinda cyane bakosora, Leta ya Congo yamaze kwiyegamiza ‘Artificial Intelligence’ mu bikorwa byo
Perezida wa Senegal Bassirou Diomaye Faye , yatangaje ko Igihugu cy’u Rwanda ari cyo cyitegererezo cye mu ikoranabuhanga no mu iterambere ry’ibikorwaremezo birishingiyeho bityo
Abakoresha urubuga rwa YouTube bagiye kongera guhabwa amahirwe akomeye aho u Rwanda ruzongerwa mu Bihugu YouTube ikoreramo. Ibi bivuze ko ntawe uzongera kugorwa no
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yataye muri yombi umugabo w’imyaka 32 wo mu Karere ka Nyanza ukekwaho kwica umwana we w’umuhungu w’imyaka