Umukinnyi w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi akaba na rutahizamu uca ku ruhande muri Police Fc Byiringiro Lague yaba ari gusohora indirimbo. Amakuru ava mu
Kuri uyu wa kane taliki 28 Ugushyingo 2024, Umuyobozi Ushinzwe Imiyoborere mu muryango utari uwa leta ,NGO, ‘LOVE TO HELP’, MOISE Niyongabo, yasobanuye byinshi
Muri iyi minsi heze ibura ry’ingo nshya aho ubwizerane mu bubaka ingo bwabaye buke ku mpamvu y’itandukana ryazamutse mu bazishaka kandi zitamaze kabiri. Iyi
Hamaze kumenyekana ijambo rigira riti “inka udakama ntukayihe ubwatsi” iyi nteruro ni yo yatumye abakobwa bakanguka matangira kurwana intambara yo kwihenura ku basore babakene
Umushyushyarugamba Nkurunziza Jean De la croix umenyerewe nka MC Nice yatunze agatoki umushoramari mu gisata cy’imyidagaduro Mushyoma Joseph, Amushinja ko adaha umwanya aba Mc
Umunyamakuru Jay Squeezer waniyise Kasuku ku mbugankoranyambaga, yamaze gutangaza uko ikipe agiye gushinga izaba yitwa, ikaba izatangira guhatana 2025 dukurikije uko byanditse mu foto
Aime Niyibizi usanzwe ari umunyamakuru wa Fine fm 93.1 ivugira i Kigali yagaragaje agahinda abana nako kamuviriyemo igikomere cyanze gusibangana mu buzima bwe. Ubwo