“Papa wanjye yanze ko mbana n’uwo nkunda ngo ni umucyene” Filime “BAD FAME” igice cya 7 cyageze Hanze!

17/01/2024 18:21

Igice cya 7 cya Filime y’uruhererekane BAD FAME SERIES cyageze hanze mu mashusho meza anogeye ijisho, icyi Gice kinasiga gitwikuruye agahinda abana  b’abakobwa bo mubakire bahura na ko, iyo bakunze abakene.

Ella ni umukinnyi mukuru ugaragara muri iyi Filime , Ella ni umukobwa wavutse mu muryango ukize, akura iwabo bamuhozaho ijisho  kandi ahirwa n’ubwamamare, gusa aza gukunda umusore wabaga mu gipangu cy’iwabo “CHRISS” ,uyu musore ni umucyene no kurya biragoye gusa yarize n’uko ubuzima butaramwiyereka ngo abe uwo ahora arota kuba.

Papa wa Ella yamushyingiye umusore w’ umufotogarafe ku rwego rw’igihugu ,gusa ni umuhehesi kurwego rwo kuzana abagore muri Hotel  abanamo na Ella .

Papa Wa Ella Ntakozwa Ibyo Ella amusaba byo kwisangira uwo yihebeye n’ubwo ari umucyene, arashaka icyubahiro cy’uko yashyingiye umwana we mubakire n’ubwo yaba ajujubywa n’umugabo we!.

REBA BAD FAME IGICE CYA 7

https://youtu.be/NVcwlGxSgW8?si=PAEXYRHJM4I1rgbh

 

Advertising

Previous Story

Vava yashyize hanze indirimbo nshya

Next Story

Abasore gusa : Dore ibizakwerekako umukobwa agukunda cyane byo gupfa

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop