IGICE CYA 06 CYA FILME “BAD FAME” Cyageze hanze! Bimaze iki kugira amafaranga ariko ugahoza ku nkeke uwo mwashakanye?

09/01/2024 21:08

Nk’uko Twabasezeranyije kuzajya tubakurikiranira byinshi kuri Iyi Filime Iri Gufata bugwate abayihanze ijisho, uyu munsi tumaze kwitegereza ubutumwa bwatangiwe mu Gice cya 6 cy’iyi Filime y’uruhererekane twasanze bugaruka k’ubukire bupyinagaza urukundo.

Benshi bazi ko kugira amafaranga m’urugo bitanga amahoro asesuye, kuko uba wumva uzabona icyo wifuza cyose iwawe, utagotse.

Ibi ni byo kuko mu ngo nyinshi zikize ubuzima buba bworoshye ariko benshi bahitamo guhunga ingo bakajya gutangira ubuzima kuko baba barambiwe guhozwa ku nkeke n’uwo bashakanye  yitwaje ko ari we umutunze kubw’amafaranga afite.

Kubera iki Ella umugore wa Vanny Yahisemo gusaba Chriss ko batoroka bakigira kure bagatangira ubuzima?

REBA BAD FAME SERIES IGICE CYA 06.

https://youtu.be/9HRKkjPiuag?si=mWq58m_oOQ-k9OTo

 

 

 

Advertising

Previous Story

Lil Nas uvugwaho kuryamana nabo bahuje igitsina yeteguje indirimbo yise J Christ

Next Story

Abagabo babiri bahinduranije abagore kubera kutaryoherwa mu burir ! kuri ubu bavuze ko buri umwe anyuzwe noneho

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop