Thursday, May 9
Shadow

Ikoranabuhanga

Impamvu udakwiriye kuraza Telefone yawe ku muriro

Impamvu udakwiriye kuraza Telefone yawe ku muriro

Ikoranabuhanga
Benshi bakunze guhitamo kuraza Telefone zabo ku muriro zisharije nyamara bakirengagiza ingaruka zabyo.N’ubwo bikorwa gutya n’abatari bake, abahanga babagira inama yo kubihagarika nk’uko tugiye kubgarukaho. Uku kuraza Telefone ku muriro byatewe ahanini n’uko zabaye nk’ibigirwamana kuri bamwe aho umuntu asigaye yumva atayishyira hasi kandi nyamara nta kintu imwinjiriza mu buzima busanzwe.Abantu bose bagirwa inama yo kujya bashyira ku muriro Telefone zabo mbere yo kuryamana kugira ngo ejo bazabe bafite umuriro wo gukoresha umunsi wose aho kuyishyiraho baryamye kuko bira ingaruka nk’uko byemejwe na Vincent Lachetta Umuyobozi wa Peppermonkey Media. IMPAMVU UDAKWIRIYE KUYIRAZA KU MURIRO. 1.Byangiza Bateri yayo: Iyo umaze igihe uraza Telefone yawe ku muriro birayangiza ku rugero rukomeye...
11:11 Isaha ya Malayika wawe uguha amahirwe ! Byinshi wamenya ku mibare isa ukunda kubona ku isaha

11:11 Isaha ya Malayika wawe uguha amahirwe ! Byinshi wamenya ku mibare isa ukunda kubona ku isaha

Ikoranabuhanga, Inkuru Nyamukuru
Hari imibare nyinshi ukunda kubona isa akenshi ukayibona bigutunguye mu gihe ugiye kureba ku isaha yawe ushaka kumenya igihe.Benshi iyo bayibonye biyumvamo ko baragira umugisha.Soma iyi nkuru uyisangize n'abandi nabo babashe gusobanukirwa. Ikinyamakuru E!News cyakoranye ikiganiro n'uwitwa Aliza Kelly uzwi nka Astrologer. Ubusanzwe Astrologer, ni umuntu ubwira abandi ibyerekeye ahazaza habo cyangwa akabwira imico yabo.Uyu Aliza Kelly, ni umwe muri abo , muri iyi nkuru aragufasha gusobanukirwa neza n'icyo imibare; 11:11, n'iyindi isobanuye ku buzima bw'uyibona. Ese wigeze kwegura Telefone yawe ugiye kureba isaba ugasanga ni 11:11 cyangwa ugasanga wahawe akazi gashya ku itariki ya 05 cyangwa iya 06 z'ukwezi ? Abahanga bemeza ko ibi aba atari uguhurirana bakabyita "Angel Numbers" cyangwa...
Nyiri Facebook yagize icyo avuga ku bamugize umusaza ku ifoto bamwambika ubwanwa atagira

Nyiri Facebook yagize icyo avuga ku bamugize umusaza ku ifoto bamwambika ubwanwa atagira

Ikoranabuhanga, Inkuru Nyamukuru
Mark Zuckerberg ,Umuhirwe mu bambere akaba nyiri kigo kigomeye cyane cya Meta we n’umugore we Priscilla Chan, bagize icyo bavuga k’umuntu wafashe ifoto ye akayambika ubwanwa akayindura nk’iy’umusaza ugeze mu zabukuru. Mark Zuckerberg w’imyaka 39 y’amavuko, amaze icyumweru cyose akwirakwizwa kumbuga Nkoranyambaga binyuze mu ifoto ye yakozwe mu buryo butangaje dore ko yasaga mu buryo butandukanye cyane na Mark usanzwe azwi.Tariki  18 Mata, 2024, Mark , yashyize hanze amashusho ashimira abantu kubwo kwakira ‘Meta Al’ nshya, nyuma yo gushyira hanze aya mashusho, uwitwa Mike Rundle yahise amutunguza ifoto isura ye yuzuye ubwanwa. Uyu mugabo yagize ati:”Mugabo w’ubwanwa Zuck, ukwiriye guhagarika rwose.Uratandukanye cyane ushaka warekera. [……]”.Iyi foto ya Rundle kuri X , yabonwe n’aban...
Ntukayite ! Dore ibyo ushobora gukoresha telefone zawe zapfuye ubitse munzu

Ntukayite ! Dore ibyo ushobora gukoresha telefone zawe zapfuye ubitse munzu

Ikoranabuhanga
Ntabwo aribyiza ko ufata Telefone zawe zapfuye utagikoresha ngo uzite.Uretse kuba ari ukwangiza ibidukikije ariko nino kwihombya.Ese ni iki wakora ? Iyi nkuru iragufasha kumenya uko wakwita kuri izo Telefone [Imwe cyangwa nyinshi]. Buri wese atunze Telefone, yaba nto cyangwa nini, iyi telefone ni wowe uzi uburyo uyikoresha neza cyangwa nabi.Iyo ipfuye uhira utereka munzu ubwo ikaba irangije urwayo.Abahanga bavuga ko Telefone yagize ikibazo nk’icyo ishobora gukoreshwa no mu bundi buryo harimo; kuba yagufasha mu byo wari bugure bundi bushya.Izo telefone nubwo yapfuyv ahari kuri Interineti iracyajaho cyangwa ibindi. 1.Ushobora kuyigurisha: Hari abantu baba baramenye akamaro ka telefone zashaje, bakaba birirwa biruka mu biturage bari kuzishaka.Abantu babantu uyibahaye , baguha amafaranga...
Uko wabasha kurokora telefone yawe yaguye mu mazi

Uko wabasha kurokora telefone yawe yaguye mu mazi

Ikoranabuhanga
Niba bitarakubaho umunsi umwe bishobora kuzakubaho cyangwa uzi uwo byabayeho niyo mpamvu usabwa gusoma iyi nkuru ukanayisangiza inshuti zawe.Turarebera hamwe uko wabasha gutabara Telefone yawe yaguye mu mazi utabishaka. Umubare munini w’abatunze Telefone hafi ya bose zaguye mu mazi.Ababyeyi benshi bahuye nabyo biturutse ku bana babo.Mbere y’uko urambirwa ngo wanzure ko telefone yawe uyihebye soma iyi nkuru.UDUSIGIRE IGITEKEREZO NUMARA GUSOMA IYI NKURU uyisangize inshuti zawe. ICYO USABWA: Mu gihe Telefone yawe iguye mu mazi, urasabwa kugira icyo ukora uwo mwanya.Hita uyikura mu mazi vuba na bwangu, numara kuyikuramo uhite uyizimya uwo mwanya wihuse.Ibi bituma ikoranabuhanga ririmo , ridakora ‘Circuit’ ikavaho ihita ipfa cyangwa igashya.Kugerageza kuyatsa ureba ko irimo gukora bite...
Uburyo bwo gutangaza amakuru kuri Facebook bugiye guhagarikwa

Uburyo bwo gutangaza amakuru kuri Facebook bugiye guhagarikwa

Ikoranabuhanga, Inkuru Nyamukuru
Campany ya Meta yatangaje ko igiye guhagarika uburyo bwo gusakaza amakuru anyuze ku rubuga rwa Facebook mu kwirinda ko yatangaza amakuru atariyo cyangwa ikaba yagwa mu mutego wo gushyigikira Politike ipfuye. Muri 2019 Facebook yashyizeho uburyo bwo gutangaza inkuru bwiswe ‘Facebook News’ bwakoreshwaga n’ibitangazamakuru mpuzamahanga bitandukanye.Mta yatangaje ko ubu buryo bugiye guhagarikwa muri Leta Zunze ubumwe za Amerika no muri Australi ank’uko bwamaze guhagarikwa mu Bufaransa no mu Budage muri 2023. Meta ivuga ko ibigo cyangwa ibitangazamakuru zajya bitangazamakuru yabyo binyuze kumbuga zabyo bwite kugira ngo ababikurikira bakomeze kubona amakuru yabyo [Link].Izi mpinduka zikozwe mu gihe Facebook imaze iminsi ishinjwa gukwirakwiza amakuru atariyo no kwivanga muri Politike. ...
Byinshi kuri ‘Phanton Vibration Syndrome’ indwara ituma umuntu ahora yikanga ko telefone ye iri gusona

Byinshi kuri ‘Phanton Vibration Syndrome’ indwara ituma umuntu ahora yikanga ko telefone ye iri gusona

Ikoranabuhanga
Phanton Vibration Syndrome ni indwara ifitwe n’abantu benshi cyane gusa abayemera nibake ni nabo babasha kwemera ko bayifite kuko abatayizi ntabwo baziko ibaho.Iyi nkuru uyisangize inshuti zawe kugira ngo zibonereho kwirinda iyi ndwara Phanton Vibration.Iyi ndwara PVS [Phanton Vibration Syndrome], ishingiye ku makuru atariyo yereka umuntu ko telefone ye , iyamugenzi we cyangwa ikindi gikoresho cya Elctronic kumuri iruhande ko kiri gusona kandi ataribyo.   Nk’uko ubushakashatsi butandukanye bubyerekana , ngo Phanton Vibration Syndrome ikunda kwibasira abantu bakunda gukoresha telefone cyangwa abahorana ibyo bikoresho bya Electronic kuburyo itaka , bahoza telefone zabo hafi bigatuma bahora bazikoraho baziko bahamagawe nyamara ntabibaye.Ibi kandi bifatwa nka ‘Tactile Hallucination’...
Dore amakosa akorwa n’abantu bakoresha Smartphone

Dore amakosa akorwa n’abantu bakoresha Smartphone

Ikoranabuhanga, Inkuru Nyamukuru
Hari uburyo abantu bakoresha telefone zabo bakaba bashabora kwiyangiriza ubuzima.   Iyi nkuru uyisangize bagenzi bawe uzi bashobora kuba bakoresha nabi telefone.Yaba bazifata cyangwa bazitwara ahantu hatewe ndetse n’uburyo bahagarara/bicara barimo kuzikoresha umunsi ku munsi.   1.Uburyo baryama. Benshi bakora amakosa mu gihe baryamye , bakarya bashyize telefone iruhande rwabo muri metero nke cyane.Mu gihe ukunda kuryama wiyegereje tefone yawe cyane , ubwanko bushobora kwangirika mu gihe ubikora kenshi amasaha menshi.   Ibi kandi bishobora gutuma ukanguka mu gihe kitagenwe kubera ‘Notification’ wakira buri mwanya.Icyiza mu gihe ubishoboye ugirwa inama yo kuzimya itara cyangwa ukayishyira mu kindi cyumba.   2.Kwiyerekezaho urumuri cyane. Mu gihe ufite telefone nijoro, sibyiza ko...
Dore Application usabwa gukura muri Telefone yawe uwo mwanya ugisoma iyi nkuru

Dore Application usabwa gukura muri Telefone yawe uwo mwanya ugisoma iyi nkuru

Ikoranabuhanga, Inkuru Nyamukuru
Ugisoma iyi nkuru izi application uzikure muri Telefone yawe. Abahanga muri Tekinoligi bagiriye inama abakoresha Telefone kwirinda zimwe muri Application zikoreshwa muri Telephone ( Android ), nyuma yo kubona ko zifite ibizwi nka Maleware byiyangiza. Abahanga bavuga ko hari ibizwi nka 'Digital Trojan Horses' byiba amakuru yo muri Telephone yawe harimo n'abo ubika amafaranga. App yitwa SpyLoan yashyizwe ku mwanya wa Mbere w'izo usabwa gukuramo vuba vuba.Ni App iboneka kuri Google's Play Store no kuri Apple's App Store nk'uko byatangajwe na Forbes Magazine. Uwitwa Lucas Atefanko yavuze ko bagiye babona impuruza nyinshi zaturutse kuri iyi App ya SpyLoan bityo bakagira abantu inama yo kuyikuramo. Yavuze ko iyi App nanone iba kumbuga z'abajura binjirira abantu ( Hackers).ESET bo ...
Elon Musk ahangayikishije abakozi be

Elon Musk ahangayikishije abakozi be

Ikoranabuhanga, Inkuru Nyamukuru
Umuherwe ukomeye ku Isi Elon Musk akomeje guteza inkeke abakozi be n’abandi bamubona ari kunywera itabi aho akorera.   Ibi byatangajwe n’Ikinyamakuru Wall Street Journal cyavuze ko uyu mugabo Elon Musk akoresha itabi ririmo; Cocaine, LSD, ecstasy na Psychedelic Mushrooms, bavuga ko akunda kurinywera ahihishe atinya itangazamakuru n’abashobora kumufotora.   Uwahayawe amakuru Wall Street Jaurnal yavuze ko uyu mugabo ari gukomeza gukabya kunywa itabi bikabatera inkeke.Mbere y’aho gato y’uko aya makuru atangwa kuri Elon Musk yari yavuzweho gukoresha imiti ifatwa nk’abarwajwe n’ibiyobyabwenge cyangwa indi miti itera ‘Depression’.   2018 na 2019 Elon Musk nabwo yashinjwe gukoresha ibirimo Marijuana nk’uko byanyuze muri ‘Podcast’ ya Joe Rogan.Nyuma y’aho Elon Musk...