
Nyuma y’urupfu rw’imfura ye, Davido yasubitse ibitaramo yari afite muri Amerika
Umuhanzi David Adeleke uzwi cyane nka Davido, nyuma yo gupfusha umwana w’umuhungu we w’imyaka itatu, yatangaje ko ibitaramo yagombaga gukorera muri Leta Zunze Ubumwe