Sunday, May 12
Shadow

Umugore yanze guterura umwana we nyuma yo kumubyara

Ntabwo bisanzwe ko umugore yanga gufata ku mwana we nyuma yo kumubyara na cyane abagore benshi baba bafite amashyushyu yo kubona no guterura abana babyaye.Uyu yabaye umugani atangaza benshi baraho harimo n’abaganga bumijwe n’uburyo yitwaye yanga guterura uwo yibyariye.

Iyi nkuru nawe ishobora kugutangaza kubera uburyo idasanzwe kumva ko umugore wamaze kugise amezi agera ku 9 yanga guterura uwo yibarutse.Yabaye umugore ariko ntabwo abyemera cyangwa ngo bimushimishe nyuma yo kubona uburyo umwana we ameze bamaze guhura.Uyu mugore yanze gufata umwana we yanga no kumukoraho ubwo abaganga bari baje kumureba banamuzanye dore ko yari ari muri geride y’ibitaro.

REBA HANO AKAMARO K’AMASOHORO KU MUGORE
Mu mashusho yatangaje benshi ubwo yatambagizwa ga kumbuga nkoranyambaga, uyu mugore yakoresheje ibimenyetso by’intoki yanga umwana we maze biba inkuru idasanzwe.Akimara kuzunguza intoki ze asa n’uhakana uyu mwana we abaganga bakomeje kumuhatiriza , bagenda bagaruka akariko biranga biba iby’ubusa yanga kumukozaho imitwe ye y’intoki gusa ntavuge impamvu nyamukuru irimo gutuma yanga uwo yibarutse.

Bamwe bakomeje bemeza ko uyu mugore ashobora kuba yaragize ikibazo cy’ihungabana kubera urukundo yanyuze cyangwa akaba afite gahinda yatewe n’uwo babyaranye uwo mwana yangaga gukozaho imitwe y’iki ze.Uyu mugore yabaye umwe mu bagore batajya bemera abana be na cyane abandi bagore bakwemera no gupfa ariko bakikundira abana batwise amezi agera ku 9 yose badahumeka cyangwa ngo bisanzure mu byo bakundanaga.

Ese birakwiye ko umugore yifata akanga umwana we nyamara hari abagore benshi baba barabuze urubyaro ? Ese ni byiza ko umugore afata umwana we nabi nyamara yaramubyaye amugoye.Abantu benshi ntabwo bashimye iyi mico bagaya uyu mugore utigeze uvugwa inkomoko nyamara wabaye urujijo rukomeye mu matwi y’ababonye aya mashusho adasanzwe yakwirakwijwe kumbuga nkoranya mbaga.

Urukundo rw’umubyeyi akenshi rubaho mu gihe amutwite aho basangira urukundo ibyishimo n’umunezero.Iyo umwana ari gukina munda aba rimo gutuma we na mama we bishimana ndetse bakabasha no kuganira mu gihe umugabo n’abandi bose babakikije batabasha kumenya ibyo barimo uretse bo ubwabo.