Umukozi w’Imana Prophet David Owuor yahawe indege ye bwite nk’impano idasanzwe nyuma yo kubwiriza mu Mujyi wa Rio de Janeiro mu gihugu cya Brazil.Iyi
Ubusaznwe Iserukiramuco rya Nyege Nyege riteganyijwe ko rirangira uyu munsi tariki 12 Ugushyingo 2023.Umwe mu Banyarwanda bari ririmbyemo ni Bushali , umwami wa Kinya-Trapp,
Umunyamerika kazi w’umuraperi Ice Spice yatangaje ko hari umushinga w’indirimbo uri hagati ye na REMA wo muri Nigeria kandi urashyirwa hanze mu masaga make
Zuchu yagarutse kuri Diamond Platnumz amugereranya na se udahari ngo amwiteho.Zuchu yemeje ko ntacyo yashinja Diamond avuga ko yitanga cyane k’ubuzima bwe. Ubwo yaganiraga