Inzego zitandukanye mu Karere ka Rubavu ziremeza ko hadutse icyorezo cya grippe kimaze guhitana abana batatu, ubuyobozi bw’Umurenge wa Gisenyi mu nama bwakoranye n’abaturage
Leta ya Karnataka iri mu Majyepfo y’u Burengerezuba bw’u Buhinde yashyizeho itegeko rishya ryemerera abagore bari hagati y’imyaka 18-52 bakora mu nzego za Leta
Ubwo Dushimimana Flavier  Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gasheke muri Nyamasheke yari asize moto ifite pulake RC 220 A kuri santere y’ubucuruzi bita kwa Evasito,
Abagore 17 n’abagabo 4 biyise Abatahajuru bafatiwe mu rugo rw’umwe muri bo witwa Munyangeyo Isaacar w’imyaka 74, mu Mudugudu wa Kabutare, Akagari ka Kigarama,
Perezida Paul Kagame yayoboye Inama ya 12 y’Ubutegetsi ya Smart Africa yagarukaga ku ngingo z’ingenzi zirimo; ubwenge buhangano (Artificial Intelligence) n’imirimo ikomeje gukorwa na
Inzobere mu buhinzi no kongera umusaruro w’ibihinga zirasaba inzego zitandukanye gushyigikira abahinzi bato kuko ari bo batanga hejuru ya 80% y’ibiribwa bihingwa mu Rwanda.
Paul Kagame Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yavuze ko ubwenge muntu buhangano (AI) buzagira uruhare rukomeye mu iterambere ry’ubukungu bw’u Rwanda, aho biteganyijwe ko