Rubavu: Ibifite agaciro k’arenga miliyoni 35 Frw byakongokeye mu nzu yahiye
Inyubako y’ubucuruzi ya Ntawangwanabose Théogène iherereye mu Mudugudu wa Irakiza, Akagari ka Bugoyi, Umurenge wa Gisenyi, Akarere ka Rubavu, ahazwi nka Labamba, yafashwe n’inkongi