Uworizagwira uzwi nka Yampano muri muzika Nyarwanda yamaze kugeza ikirego muri RIB arega uwitwa Ishimwe Patrick uzwi nka Pazzo, amushinja kuba ari we washyize
Christopher Muneza, yashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga busaba abantu kujya batekereza kabiri mbere yo gushyira ibitekerezo n’amafoto kuri konti zabo, agaragaza impungenge ku buryo
Sheebah Karungi Umuhanzi uri mu bakunzwe muri Uganda  yagaragaje ko yishimiye kwizihiza isabukuru ku nshuro ya mbere yitwa umubyeyi agaragaza ko hari byinshi yamenye
Ubusanzwe iyo abagore bamaze kubyara imiterere yabo irahinduka, ndetse abenshi bikabagora kuba basubira uko bahoze bateye mbere yo gutwita no kubyara. Ariko kandi hari
Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben, yasuye Ambasade y’u Rwanda iherereye mu Buholandi, aho yakiriwe na Ambasaderi Dushimimana Lambert. Mu mashusho yashyize ku mbuga
Murumuna w’uwari rutahizamu w’ikipe ya Manchester United, Ryan Giggs, agiye kongera kurushinga nyuma y’imyaka 14 asenyewe na mukuru we yanaje gufata arimo gusambanya umugore
Regina Daniels wakinanye na Alliah Cool muri filime yitwa ‘The Waiter’ ya AY Comedian, yarikoroje muri Nigeria kubera inzu yaguze nyuma yo gutandukana n’umugabo