Umukinnyi w’icyamamare ku Isi mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo yashoye amafaranga angana na miliyoni 7.5 z’amadolari ya Amerika mu ikoranabuhanga ry’ubuzima rifitwe na Herbalife,
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yakoresheje tombola ya ¼ cy’irangiza cya CAF Champions League, irushanwa riri gukinwa ku nshuro ya 62. Iki gikorwa
Intambara y’amagambo hagati ya Rugaju na Lorenzo ikomeje gufata indi ntera, aho buri umwe akomeje gutambutsa ubutumwa busa n’ubwibasira mugenzi we. Ibi byakuruye impaka
Abakinnyi b’Abanyarwanda bakina mu mahanga bakomeje kwitwara neza cyangwa bagatanga umusanzu mu makipe yabo mu mpera z’icyumweru, mu gihe imyiteguro yo guhamagarwa mu Ikipe
Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, Rwanda Premier League, rwatangaje ko umukino w’ikirarane w’umunsi wa 15 wagombaga guhuza APR FC na Al
Manchester City yabonye intsinzi ikomeye itsinze Liverpool ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona y’u Bwongereza wabereye kuri Anfield Road ku Cyumweru,