Igihugu cya Senegal cyavuze ko kigomba gutanga ubujurire ku mwanzuro wa CAF wo ku cyambura igikombe kigahabwa Morocco yakiriye umukino. Nk’uko byatangajwe na Federation
Umutoza w’ikipe ya SL Benfica, José Mourinho, yahagaritswe iminsi 11 n’akanama gashinzwe imyitwarire mu ishyirahamwe rishinzwe umupira w’amaguru muri portugal nyuma yo guterana amagambo n’umutoza
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatanze umuburo ukomeye ku buyobozi bwa Australia ku wa Mbere, abasaba kudategeka ko ikipe y’igihugu
APR BBC ikomeje kwitegura imikino ya BAL 2026 yaguze Umunyamerika Quinn Cook wegukanye Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, NBA inshuro
Ikipe ya basketball ihagarariye Kaminuza ya UTAB(university of technology and arts of byumba) yabashije gusoza ari iya mbere mu itsinda D mu irushanwa rya
Urukiko rwo mu gihugu cy’Ubugiriki rwakatiye myugariro wa Manchester United n’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza, Harry Maguire, igifungo cy’amezi 15 gisubitse, mu rubanza rumaze hafi imyaka
Kuri uyu wa Gatatu FiFA yagaragaje amakipe azakomeza mu mikino y’ijonjora rya nyuma mu mikino yo guhatanira igikombe cy’Isi, Ikipe ya Repubulika Iharanira Demokarasi