
Perezida Kagame yagaragaje ko Congo itakabaye isabiriza kandi ifite umutungo mwinshi
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yagaragaje ko DRC itakabaye yirirwa isabiriza inkunga mu mahanga kandi ifite umutungo kamere mwinshi. Mu kiganiro n’umunyamakuru