Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki ya 10 Mutarama 2026, umusore w’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga uzwi nka IShowSpeed yasusurukije cyane abakunzi be bari
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ko hakorwa isesengura rirambuye, intambwe ku yindi, ku bwicanyi bwakozwe n’umukozi wa ICE (Urwego
Rutanga Eric umukinnyi w’umupira w’amaguru wakiniraga ku ruhande rw’ibumoso mu bwugarizi, yatangaje ku mugaragaro ko asezeye gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga, nyuma y’imyaka myinshi
Amazina ye yiswe n’ababyeyi ni Darren Jason Watkins Jr [IShowSpeed] n’umusore w’imyaka 20 akomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika akaba akurikirwa n’abarenga 80,000,000
Ikamyo yari itwaye amakara iyavanye muri Tanzania iyajyanye mu ruganda rwa Sima ruherereye mu Karere ka Rusizi, yakoze impanuka igeze mu Mudugudu wa Ruvumbu,
Mu Mirenge ya Kinoni na Gahunga y’Akarere ka Burera, hafashwe abantu 12 bakekwaho kuzengereza abaturage babiba amatungo, by’umwihariko mu bihe by’iminsi mikuru ya Noheli
Ubusanzwe El Classico Beach Chez West, iherereye mu karere ka Rubavu, ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu, hafi y’uruganda rwa BRALIRWA ahazwi nko kuri Brasserie.