Impanuka y’ubwato bwarohamye muri  Kwa River mu Ntara ya Mai Ndombe yaguyemo abantu batari bamenyekana gusa bivugwa ko ari 25 bamaze gupfa .Ni impanuka
Umukobwa wa Felix Tshisekedi , Christiana Tshisekedi yagizwe Umunyamabanga w’ihariye w’Umukuru w’Igihugu naho umuvandimwe we Jacques Tshisekedi asubizwa mu nshingano yari asanzwemo. Ibi byabaye
Umutwe wa M23 wikuye mu gace ka Kagheri hatabayeho imirwano. Nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru byo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo dukesha aya makuru ,
Nyuma yo kugaragara ko bamwe mu basirikare ba FARDC baza mu bimbere basahura abaturage mu gihe cy’intambara Leta ya Congo yongereye umushahara kuri bo
Guverineri wa Kivu ya Ruguru washyizeho na Perezida Tshisekedi Evariste Somo Kakule yasuye Walikare iherereye mu Ntara ya Kivu ya Ruguru akaba ari uruzinduko
AFC / M23 yatangaje ko yashyizeho Guverineri n’abungirije Guverineri b’Intara ya Kivu y’Epfo nyuma y’inama yabereye mu Mujyi wa Bukavu ikarangira haturikira Grenade zikica