Leta ya Karnataka iri mu Majyepfo y’u Burengerezuba bw’u Buhinde yashyizeho itegeko rishya ryemerera abagore bari hagati y’imyaka 18-52 bakora mu nzego za Leta
Umuhungu wa Col. Muammar Gaddafi witwa Hannibal Gaddafi yarekuwe nyuma yo kumara imyaka hafi icumi afungiye muri Liban, aho yari afungiwe ku mpamvu zivugwaho
Leta ya Kenya yemeje ko abantu 21 bapfiriye mu nkangu yabaye mu karere ka Marakwet East, mu burengerazuba bw’igihugu, itewe n’imvura nyinshi imaze iminsi
Abasore batatu bapfiriye mu gitero cy’indege z’intambara za Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyagabwe ku bwato bwavugwagaho kunyuza ibiyobyabwenge mu Nyanja ya Karayibe bubyinjiza
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yategetse abayobozi b’ingabo z’Amerika ko bagomba gutangira ibikorwa byo kugerageza intwaro kirimbuzi z’igihugu nyuma y’ibikorwa