Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu Gihugu cy’u Burundi James Niyonkuru, yifatanyije n’Abanyarwanda muri ibi byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu
‘Ndakwizeye’ ya The Promise Worship Rwanda bafatanyije , irimo amagambo akomeye aririmbwa n’umuntu werekeje ibibazo bye n’amashimwe ye yose ku Mana. Ni indirimbo yakiriwe
Abayisilamu bo mu Mujyi wa Goma basenze mu mutuzo udasanzwe ndetse basabwa kwirinda ivangura rishingiye ku idini, uruhu, umuco n’ibindi. Aba basilamu bavuga ko
Perezida Paul Kagame yifurije Abayisilamu bo mu Rwanda no ku Isi yose umunsi mwiza wa Eid al-Fitr, abasaba gukomeza kwimakaza indangagaciro z’impuhwe, ubumwe n’ubugwaneza.
Elayono Pentecostal Blessing Church ryayoborwaga na Prophet Ernest akaba ari naryo ryabatije DJ Brianne ntabwo kugeza ubu ryemerewe gukorera mu Rwanda. Itorero rya Elayono