Vatikani yatangaje ko itazitabira Inama y’Amahoro (Board of Peace) yashyizweho na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, nk’uko byemejwe n’umunyamabanga wa
Umwepiskopi wa Kiliziya Gatolika wo muri Polonye, Andrzej Jez, wo muri diyosezi ya Tarnow, yitabye urukiko ku wa Gatatu akurikiranyweho icyaha cyo kudatangira ku
Umukinnyi wa filime wo muri Nollywood, Tonto Dikeh, ari mu byishimo nyuma yo kurangiza amasomo ya discipleship (amasomo yo gukura mu by’umwuka) mu Itorero
Muri Kenya, Umuyobozi w’itorero Repentance and Holiness Ministry, Prophet David Owuor, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kwerekana ubutumwa bwa WhatsApp avuga ko bwaturutse ku
Umuhanzikazi wo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu itsinda Kolari Ambassadors of Christ yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye yise Mukunzi we, indirimbo yahimbye
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika, Francis Prevost wiyise Leo XIV, yasabye amahanga n’abakirisitu batuye Isi gukomeza gusabira no gutanga ubufasha ku baturage bo mu
Umuhanzikazi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Rose Muhando, yagarutse ku kiganiro gikomeye yagiranye n’umuhungu we amubuza kutazagira umukobwa cyangwa umugore aryamana na