Elayono Pentecostal Blessing Church ryayoborwaga na Prophet Ernest akaba ari naryo ryabatije DJ Brianne ntabwo kugeza ubu ryemerewe gukorera mu Rwanda. Itorero rya Elayono
Umuhanzi Audy Kelly yavuze ko yasohoye indirimbo yise Hari Amashimwe, yakoranye na Aline Gahongayire mu rwego rwo gushima Imana mu byiza idahwema kubakorera no
Abihaye Imana muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , bibumbiye muri CENCO, basabye Abanyekongo gutwerera amasengesho Papa Francis uri mu minsi ye yanyuma nk’uko
Nyuma y’aho Papa Francis agaragarije ko ubuzima bwe bugeze ku iherezo, hatangajwe abashobora kuvamo uzamusimbura ku ntebe y’Ubupapa barimo na Fridolin Ambogo wo muri
Pasiteri Mukuru Pascal Mukuna wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye Imana kohereza mu Rwanda ibiza bidashira kubera ibyo iki Gihugu gushinja u
Mu ijambo yagejeje kuri Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo Archbishop Francois Xavier yasabye ko k’ubufatanye n’izindi nzego n’Ubuyobozi habaho guhagarika intambara mu Mjyi minini