Umunyamideri Moses Turahirwa yatangaje ko byemewe n’amategeko ari umugore aho kuba umugabo
Umunyamideri Moses Turahirwa washinze inzu y’imideri ya Moshions yambika abakomeye yamaze kwihindura igitsina ku mpapuro z’inzira [Passport], ashimira umukuru w’igihugu cy’u Rwanda. Nk’uko yabigaragaje