Zari Hassani w’abana 5 yaguze amenyo mashya yishyirishaho na Dimples kumatama ye arangije yishongora kubanzi be

by
06/09/2023 06:59

Zari Hassani ufite inkomoko muri Afurika y’Epfo, yagaragaje ibihahano bye bishya birimo amenyo mashya yaguze ndetse nutuzwi nka Dimples tuba kumatama yishyirishijeho.

Uyu mugore abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram yishingoye ashyira hanze amafoto amugaragaza yahiriwe na Make Up , Dimples n’amenyo mashya.Uyu mugore ubwe yagaragaje ko ubwiza afite muri ayo mafoto yabukomoye kuri Dary Adental Turkey ( Cosmetic Dental), basabwe bafasha abantu bifuza nkibyo yahashye.Uyu mugore munsi y’amafoto yahanditse ati:” Ubu nibwo navaga muri Dary Adental Turkey , ndamarana agahe aya menyo meza”.

Dimples Zari Hassani yari afite , abafana be bayangiye kuyibona mu minsi yashize dore ko aribwo nawe yatangiye kuyigaragaza maze abantu bemeza ko uyu mugore ajya ayihinduza uko yishakiye.

Zari siwe wenyine ukorerwa inseko na Cosmetic Dental, dore ko na Vera Sidika nawe yigeze kubitangaza.Uyu Vera Sidika we yari yatangaje ko amenyo mashya n’inseko byamuymtwaye arenga Ibihumbi 7 by’amadorali ( 7,250,000 $).Uyu munsi yagize ati:” Ibice byanjye byose ninjye ariko naguze , kimwe mu bice byanjye . Iyo ubiguze biba ibyawe , Amataye yanjye namabuno yanjye ni ibyanyabyo.

Mfite amabuno manini kandi vuba aha naramamaye kandi ndifuza gukomeza kwamamara”. Vera Sidika yakomeje agira ati:” Amabere yanjye nayo yakozweho na Bravery Hills none namenyo yanjye yatunganyijwe n’abaganga b’abahanga”. Uretse aba bagore 2 , undi witwa Anerlisa we ngo yihinduje ishinya bayiha irindi bara kuko Pulse babitangaza.

Imyidagaduro yo muri Tanzania na Kenya , ikomeje kujya imbere y’indi muri Afurika y’Iburasirazuba by’umwihariko kubera uburyo muri iki gihugu harimo abantu bazi guhimba inkuru bigendanye n’ibyo bashaka gucuruza cyangwa kwamamaza.

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Advertising

Previous Story

Kubona kuri The Ben mu Burundi hari abo bizasaba kwishyura Miliyoni 10 ndetse akanabasura bakaganira

Next Story

Nyanza: Umwana w’imyaka 4 witwa Agahozo Peace Nyenyeri yishwe n’icyayi n’irindazi

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop