Miss Mutesi Jolly yateye urwenya asa n’urimo gusubiza abantu bakoreshaga amafotoye bagaragaza ko mu Rwanda ari nta musore uri ku rwego rwe. Ubusanzwe Miss
Nyuma y’aho hasohorewe ibiciro by’igitaramo Israel Mbonyi azakorera muri Kenya.Benshi bavuga ko amafaranga yo kwinjira ari menshi nk’uko byakomeje kuvugwa. Umunyamakuru wa NTV Frederick
Ibiganiro byari bigeze kure ndetse n’uwavuga ko byasaga n’ibyarangiye hagati ya Gor Mahia yo muri Kenya n’abakinnyi babiri b’Abanyarwanda ariko Niyonzima Seif na Nshuti
Miss Rwanda 2016 , Miss Mutesi Jolly, yagaragaje ko kuvuga neza Igihugu wavukiyemo bidasaba ngo ube uri Umunya-politike ndetse ko nawe ukwiriye kubyingingirwa. Ni
Umwarimu usanzwe wigisha mu Rwunge rw’Amashuri rwa Butete ruherereye mu Karere ka Burera, Nyiramahirwe Jeanne d’Arc, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye ku mwanya
B Threy na Bushali bamamaye mu njyana ya Kinya-Trap bagiye ku mugabane w’u Burayi aho bafiteyo ibitaramo bitandukanye birimo ibizabera mu bufaransa, muri Pologne