Ukekwaho kwica Dr Muhirwe wari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda yarashwe
Inzego zishinzwe umutekano mu Karere ka Muhanga zarashe umuturage witwa Dusabe Albert wagerageje kuzirwanya ubwo yari agiye kwerekana aho yakoreye icyaha akekwaho cyo kwica