Bose baracecetse babonye ko urukundo rutsinze! nawe iyumvire!

11/04/2023 09:31

Bose baracecetse babonye ko urukundo rutsinze! nawe iyumvire! Niba wajyaga wibaza uti :”ubundi se urukundo ni ik? Ubwiza se bwo ni ubugaragara inyuma? Cyangwa ni umutima mwiza? . Ku musozo w’iyi nkuru nishimiye kukubwira ko ayo matsiko ari bushire.

Yarabatangaje bose?

Bose batangariye uburyo uyu mugore wari wasezeranye yanganaga ubwo yakoraga ubukwe maze amafoto bakayashyira kuri murandasi. Umugabo we ngo yari abizi ko umugore we adafite uburanga ariko aramushaka.

Amagambo y’abantu!

Bose ngo bakibona aya mafoto y’uyu mugabo n’umufasha we bacitse ururondogoro. Ikibabaje n’uko bandikaga bamusebya mu butumwa bandikaga. Ariko komeza urebe uko byarangiye amagambo ashize ivuga!
Ubukwe!

Mu bukwe hari inshuti zitabikojeje ariko bo bombi ngo kubera urukundo nta kintu byari bibabwiye n’iyo imiryango n’inshuti bataza. Nturekere iyi nkuru utamenye uko byarangiye ndakuraritse!

Nyuma y’ubukwe!

Nyuma y’ubukwe bagiye gutura mu nzu yabo nziza mu mugi muto kure y’umugi munini barabana kandi neza. Ufite amatsiko? Ndabyumva! Reba hano hasi nyuma y’imyaka itandatu uratungurwa!

Ngayo nguko wa mugeni yagiye kuri taye nziza, abamusebyaga we n’umugabo we bose baracecetse. Ni nyuma yo guhindura imirire agakora siporo mu myaka 6. Urukundo nyarwo rwaratsinze!

Advertising

Previous Story

Ingo z’abantu zisaga Miliyari 4.5 z’abatuye isi nta bwiherero zigira

Next Story

Dore akamaro k’ibishishwa by’indimu kubuzima bwawe

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop