Sunday, May 12
Shadow

Author: admin

Ku myaka ijana 130 irenga we n’umugore we ntibarabyara ! Hura na Baba Asongo

Ku myaka ijana 130 irenga we n’umugore we ntibarabyara ! Hura na Baba Asongo

HANZE
Umusore wo muri Asia yo hagati , yatangaje ko yahuye n’umusaza urengeje imyaka 130 biramushimisha.Uyu musore yahamije uyu musaza aba wenyine nta n’umwana afite. Uyu mugabo yagaragaje ko umusaza bahuye afite umugore ariko akaba ari nta mwana bafite bombi.Yagize ati:”BABA Asongo.Umugabo ukuze cyane muri muri Turan.Nanditse kuri uyu mugabo n’umugore abantu bankurikira muraza gutungurwa.Uyu mugabo afite imyaka irenga 130 kandi nta mwana afite. “Namaranye igihe na Baba Asongo [Uyu musaza],naragiye nza kugaruka nyuma y’iby’umweru bibiri, arangije aranganiza,ubu mumbona si ubwa mbere”.Uyu mugabo yakomeje asobanura ko umusaza w’imyaka 130 irenga azi uburyo bamwe mu bami bagiye babaho n’uko bapfuye.Ikintu cyamutangaje ni ubuzima abayemo, uko abana n’umugore kandi akomeye. ...
Uko Bruce Melodie na Clapton Kibonge bafata ubukwe

Uko Bruce Melodie na Clapton Kibonge bafata ubukwe

Imyidagaduro
Umuhanzi uri mu bakomeye hano mu Rwanda n'umunyarwenya  Clapton Kibonge bagaragaje uko babona gukora ubukwe mu ishusho yabo maze abantu benshi batangazwa n'uburyo aba bagabo babifata.   Ni mu kiganiro bombi bagiranye n'umunyamakuru Irene Murindahabi nibwo bavuze uburyo bafata ubukwe mu ishusho yabo.Ni nyuma y’uko umwe mu bakinnyi ba filime Nyarwanda witwa Killer Man yakoze ubukwe bukomeye ndetse bivugwa ko yabushoyemo amafaranga menshi arenga Million 25 z'amafaranga y'URwanda.   Ubwo aba bagabo bombi babazwaga niba bo badakwiye gukora ubukwe batanze  ibisubizo bisa bitangaje. Ubusanzwe umuhanzi Bruce Melodie abana n'umugore we bafitanye  abana babiri ariko nta bukwe yakoze.   Icyakora mugenzi we Clapton Kibonge n’umugore we bafitanye abana babiri ariko icyo...
Umwana wa Diamond Platinumz akomeje gukurura amarangamutima ya benshi nyuma y’ifoto nyina yashize hanze

Umwana wa Diamond Platinumz akomeje gukurura amarangamutima ya benshi nyuma y’ifoto nyina yashize hanze

HANZE
Rurangiranwa muri muzika ya Tanzania no muri Afurika yose muri rusange Nassib wamamaye nka Diamond Platinumz, ni umwe mu bagabo bafite abana benshi ku bagore batandukanye.   Umwe mu bagore bakundanye  bakabana n'uyu mugabo Diamond Platinumz harimo n'uyu mugore ukurura benshi mu gihugu cya Tanzania kubera ikimero n'imiterere idasanzwe witwa Hamisa Mobetto.   Abo bombi babyaranye umwana w'umuhungu witwa Abdul Dylan, ndetse ni umwe mu bana basa na se Diamond Platinumz yabyaye dore ko umubonye wese amubonamo se umubyara kubera kuntu basa cyane.   Uyu mugore Hamisa Mobetto abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yashize hanze amafoto agaragaza uyu muhungu we na Diamond Platinumz maze akurura amarangamutima ya benshi nyuma yo kujya bamureba bakamubonamo se umubya...
MTN Rwanda yashyize igorora abakoresha Mobile Money ibaha amahirwe arimo no kwegukana imodoka nshya

MTN Rwanda yashyize igorora abakoresha Mobile Money ibaha amahirwe arimo no kwegukana imodoka nshya

AMAKURU KU RWANDA, Inkuru Nyamukuru
Sosiyete y’Itumanaho ya MTN Rwanda yashyize ibihembo mu bukangurambaga bw’abakoresha ‘Mobile Money’ , buzwi nka ‘BivaMOMOtima’ aho  umunyamahirwe azegukana igihembo nyamukuru cy’imodoka nshya itaragendwamo na rimwe ndetse n’ibindi bihembo bitandukanye birimo ; Moto, na Miliyoni 1 y’Amafaranga y’u Rwanda.   Ubu bukangurambaga bwa MTN Rwanda , bumaze imyaka ibiri, bugamije gushishikariza abantu kohererezanya amafaranga bakoresheje telefone aho abantu bakomeza kugaragarizanya urukundo batavunitse  ku buryo uri mu Ntara imwe yoherereza amafaranga inshuti ye , umuvandimwe we cyangwa umubyeyi we uri mu yindi nta kibazo kibazo.Muri ubu bukangurambaga hagiye gushyirwamo n’ibindi bihembo bihindura ubuzima bw’abantu ku buryo mu byumweru 6 abakoresha ubu buryo bazba batunze imodoka bataguz...
Byinshi ku ndwara yitwa ‘Hypochondrio’ itera umuntu guhora ajya kwivuza atarwaye

Byinshi ku ndwara yitwa ‘Hypochondrio’ itera umuntu guhora ajya kwivuza atarwaye

Inkuru Nyamukuru, Ubuzima
Mu buzima bibaho ko umuntu agira impungenge z’ubuzima bwe bigatuma iteka ahora kwamuganga ashaka ko bamuvura nyamara bamusuzuma bagasanga nta kibazo afite.Iyi ndwara irwaye abatari bake gusa ntabwo babimenya kuko baba baziko ari ibisanzwe.Akenshi iyi ndwara ihabwa andi mazina arimo agaragaza ko umuntu ‘Ahangayikishijwe n’ubuzima bwe’, uko abayeho n’ibindi bishoboa gutuma atagoyeka. Hypochondrio ni indwara ituma umuntu agira umunaniro udasanzwe, agahangayikira ubuzima bwe bikamuhungabanya.   Ni ingenzi ko umuntu wese agirira impungenge ubuzima bwe nonaha n’ahazaza ariko abantu barwaye Hypochondrio bagira guhangayika kudasanzwe ndetse iby’uburwayi bwabo bakabikomeza nyamara nta cyabaye.Ibi kandi biba aba bantu nta n’ibimenyeto bafite by’uburwayi cyangwa babifite ariko ari bito cya...
Asa na pamella wa The Ben! Umukobwa uri mu ndirimbo Ni Forever yasubiwemo n’umuhanzi ‘Nigabe’

Asa na pamella wa The Ben! Umukobwa uri mu ndirimbo Ni Forever yasubiwemo n’umuhanzi ‘Nigabe’

Imyidagaduro
Umusore muto akomeje kuzamuka mu muziki abinyujije mu gusubiramo indirimbo z'abahanzi bakunzwe barimo The Ben, Shafi na Chriss Eazy. Umuhanzi uzwi ki Izina rya 'Nigabe' wasubiyemo indirimbo Bana ya 'Shafi' na 'Chriss Eazy' bimwe bakunze kwita ‘cover’ igakundwa na benshi, ubu yamaze no gushyira hanze indi cover yakoze ku ndirimbo ya 'The Ben' umuhanzi ukunzwe mu rw’imisozi igihumbi ndetse no hanze y’arwo ndetse uherutse kurushinga na Miss Uwicyeza Pamella. Kanda hano urebe indirimbo Bana yasubiyemo Hari hashize ukwezi uyu musore ashyize hanze iyi cover ya Bana yakunzwe n’abatari bake dore ko imaze kurebwa n’abarenga ibihumbi icumi ku rubuga rwa youtube kuri konti ye yitwa ‘Nigabe’ akaba ari izina rye bwite ndetse akoresha no mu muziki. Mu kiganiro twagiranye n’uyu muhanzi ya...
Fire Man, Papa Cyangwe na Khalifan mu ndirimbo z’Abanya-Rubavu mu 2023

Fire Man, Papa Cyangwe na Khalifan mu ndirimbo z’Abanya-Rubavu mu 2023

Imyidagaduro
Umuziki niwo Isi yikaragiraho , niba utekereza ko udakunda umuziki , ufate telefone yawe ukuremo  sononeri witabiraho, uce ukubiri n’aho wumvira indirimbo nibwo uraba wanze umuziki.N’ubwo wabigerageza nyamara ukuri ni uko bigoranye ko izi ntego zagerwaho , kuko umuziki urumvwa cyane.Ese ni abahe bahanzi bo mu Karere ka Rubavu twavuga ko bahuje imbaraga n’Abanya-Kigali cyangwa ababa ahandi bigakunda ?     Mbere ya Covid-19, abahanzi bari bahari mu Karere ka Rubavu hafi ya bose babaye nkabaciye bugufi, bubaha umuziki bagenda batawusezeye.   Benshi muri bo , bagiye gukora indi mirimo ituma babaho , ariko nyamara hari ababaye impirimbanyi twavuga ko batigeze bashyira umupira hasi ngo basezere umuziki nubwo nabo bigaragara ko imbaraga ari nke.   Muri iyi...
Amaze imyaka 60 nta mugabo afite ! Byinshi ku mugore ubabajwe no kuba amaze imyaka 60 nta mugabo afite

Amaze imyaka 60 nta mugabo afite ! Byinshi ku mugore ubabajwe no kuba amaze imyaka 60 nta mugabo afite

Inkuru Nyamukuru
' Ariko Abagabo Kuki mubikora  abagore koko?' Hura na Mama umwe ugize  60 Nta mugabo Mbega ukuntu bibabaje kandi biteye agahinda kumenya ko umuntu ukunda ari kugukinisha nta mugambi na muto afitiye ahazaza hawe, ashaka kuba ari kumwe nawe igihe gito maze akaguta. Mu byukuri birashobora kugutera ihahamuka ndetse n’ihungabana bikabije pe! Ariko rero, kubimenya mu gihe ukiri muto hamwe uba watandukana n'uwo mukundana ukabona undi, tuvuge ko ntacyo bitwaye, ariko uruzi noneho bikubeho ukuze kubera abo mwatandukanye bagiye bagukinamo agapira! Bikwicira ubuzima.  iyi ni inkuru y'umugore umwe  yatangajwe na  Tuko news kuri Facebook. Umudamu avuga ko afite imyaka mirongo itandatu(60) ariko ko atigeze ahura n'umugabo ngonamukunde bya nyabyo. Igihe cyose yashoboraga guhura n’umukunz...
Papa fransisiko ari mu bitaro kubera indwara z’ubuhumekero

Papa fransisiko ari mu bitaro kubera indwara z’ubuhumekero

Inkuru Nyamukuru
Umuvugizi wa Vatikani avuga ko Papa Fransisko ari mu bitaro kubera indwara z'ubuhumekero. Nk'uko tubikesha CNN Kuri uyu wa gatatu nibwo umuvugizi wa Vatikani, Matteo Bruni, yatangaje ko Papa Fransisko afite indwara z’ubuhumekero kandi azakenera kumara iminsi mike mu bitaro. “ Mu minsi miki  ishize, Papa Fransisko yinubiye ingorane zimwe na zimwe z'ubuhumekero maze nyuma ya saa sita ajya muri Policlinico A. Gemelli kugira ngo hagenzurwe bimwe na bimwe mu bibazo by'ubuzima bwe.  Bruni yavuze ko Ibyavuye mu bizamini byagaragaje indwara z'ubuhumekero ( ukuyemo Covid 19 ) kandi ko bizakenera iminsi mike yo kumwitaho ari mu bitaro bikwiye. Papa Fransisko yakozweho n'ubutumwa bwinshi yakiriye ashimira ko bamuba hafi mu isengesho.  Ibindi kuri iyi nkuru tuzabibagezaho mu nkuru zacu zi...
Isabukuru y’ubukwe bwa Beyonce na Jay-Z ibaye mu byago bikomeye

Isabukuru y’ubukwe bwa Beyonce na Jay-Z ibaye mu byago bikomeye

Inkuru Nyamukuru
Isabukuru y'ubukwe bwa Beyonce na Jay-Z ibaye mu byago bikomeye Nk'uko tubikesha inkuru ya 'Maya Jiminez'rwa 'celebrating the soaps' kuri uyu wa 29 werurwe 2023,Birasa n'aho aba basitari bakomeye mu myidagaduro muri leta zunze ubumwe za America ndetse no ku isi hose Beyonce na Jay-Z isabukuru y'ubukwe bw'abo ibaye mu bibazo bikomeye. Yakomeje avuga ko mu byukuri, hari amakuru  mashya yerekana ko Beyonce na Jay-Z nk’uko ikinyamakuru The Globe kibitangaza ngo bagiye kwizihiza isabukuru y'ubukwe bwabo ku nshuro ya 15 muri uku kwezi dore ko bashakanye kuwa 4 mata 2008, ariko  Inshuti zegereye Bey zivuga ko Beyonce yiyumva nk'aho yakoze ubukwe butarimo urukundo. Dore ko amakuru avuga ko umwuka uri hagati y'abo ari mibi rwose. Birasa n'aho Beyonce yabirenze adashaka kunyura mu kindi c...