Ku myaka ijana 130 irenga we n’umugore we ntibarabyara ! Hura na Baba Asongo

by
03/05/2024 16:14

Umusore wo muri Asia yo hagati , yatangaje ko yahuye n’umusaza urengeje imyaka 130 biramushimisha.Uyu musore yahamije uyu musaza aba wenyine nta n’umwana afite.

Uyu mugabo yagaragaje ko umusaza bahuye afite umugore ariko akaba ari nta mwana bafite bombi.Yagize ati:”BABA Asongo.Umugabo ukuze cyane muri muri Turan.Nanditse kuri uyu mugabo n’umugore abantu bankurikira muraza gutungurwa.Uyu mugabo afite imyaka irenga 130 kandi nta mwana afite.

“Namaranye igihe na Baba Asongo [Uyu musaza],naragiye nza kugaruka nyuma y’iby’umweru bibiri, arangije aranganiza,ubu mumbona si ubwa mbere”.Uyu mugabo yakomeje asobanura ko umusaza w’imyaka 130 irenga azi uburyo bamwe mu bami bagiye babaho n’uko bapfuye.Ikintu cyamutangaje ni ubuzima abayemo, uko abana n’umugore kandi akomeye.

Photo/GIST

Advertising

Previous Story

Yahise ahabwa akazi ! Yago yamurikiwe ikibanza yemerewe na Marshal Real Estate Developers

Next Story

Diamond Platnumz arasabwa inka 500 kugira ngo yongere arongore Tanasha Donna

Latest from HANZE

Go toTop