Isabukuru y’ubukwe bwa Beyonce na Jay-Z ibaye mu byago bikomeye

by
29/03/2023 15:01

Isabukuru y’ubukwe bwa Beyonce na Jay-Z ibaye mu byago bikomeye

Nk’uko tubikesha inkuru ya ‘Maya Jiminez’rwa ‘celebrating the soaps’ kuri uyu wa 29 werurwe 2023,Birasa n’aho aba basitari bakomeye mu myidagaduro muri leta zunze ubumwe za America ndetse no ku isi hose Beyonce na Jay-Z isabukuru y’ubukwe bw’abo ibaye mu bibazo bikomeye.


Yakomeje avuga ko mu byukuri, hari amakuru  mashya yerekana ko Beyonce na Jay-Z nk’uko ikinyamakuru The Globe kibitangaza ngo bagiye kwizihiza isabukuru y’ubukwe bwabo ku nshuro ya 15 muri uku kwezi dore ko bashakanye kuwa 4 mata 2008, ariko  Inshuti zegereye Bey zivuga ko Beyonce yiyumva nk’aho yakoze ubukwe butarimo urukundo. Dore ko amakuru avuga ko umwuka uri hagati y’abo ari mibi rwose.

Birasa n’aho Beyonce yabirenze adashaka kunyura mu kindi cyiciro cyo kubabara umutima hamwe numugabo we. Ni Mu gihe gutandukana kw’abo  byanze bikunze bizahungabanya cyane isi y’imyidagaduro , gusa Bey  ntabona impamvu yatuma yongera kubana na Jay-Z.


Beyonce yatakarije Jay ikizere kandi biragoye kubitsinda. Bajya mu biruhuko binini by’umuryango buri mwaka, ariko ngo ntamwanya uhagije wo gukomeza kwitwara nk’abashyingiranwe. Ariko hizewe  ko bakundana rwose, ariko bakaba bumva ko batakiri abasazi mu rukundo ukundi ariko bishobora kuzagaruka mu buryo ”

Tubwire mukunzi w’ibyamamare, wumvise ute kuri iyi nkuru? Tanga umusanzu mu bitekerezo ku nkuru tukugezaho uduterere imbaraga, kandi komeza gusoma inkuru nyinshi nziza tugufitiye.

Source: celebratingthesoaps.com

Advertising

Previous Story

“Nta Kiremba cyakandagira mu gipadiri” BISHOP Phanny Agaruka ku cyamukuye mu bamasera akishakira umugabo Nyuma y’imyaka 28.

Next Story

HT: Amavubi 1 : 1 Benin

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop