Hura na Mama umwe ugize  60 Nta mugabo

Amaze imyaka 60 nta mugabo afite ! Byinshi ku mugore ubabajwe no kuba amaze imyaka 60 nta mugabo afite

by
30/03/2023 10:07

‘ Ariko Abagabo Kuki mubikora  abagore koko?’ Hura na Mama umwe ugize  60 Nta mugabo

Hura na Mama umwe ugize  60 Nta mugabo

Mbega ukuntu bibabaje kandi biteye agahinda kumenya ko umuntu ukunda ari kugukinisha nta mugambi na muto afitiye ahazaza hawe, ashaka kuba ari kumwe nawe igihe gito maze akaguta. Mu byukuri birashobora kugutera ihahamuka ndetse n’ihungabana bikabije pe!

Ariko rero, kubimenya mu gihe ukiri muto hamwe uba watandukana n’uwo mukundana ukabona undi, tuvuge ko ntacyo bitwaye, ariko uruzi noneho bikubeho ukuze kubera abo mwatandukanye bagiye bagukinamo agapira! Bikwicira ubuzima.  iyi ni inkuru y’umugore umwe  yatangajwe na  Tuko news kuri Facebook.

Hura na Mama umwe ugize  60 Nta mugabo

Umudamu avuga ko afite imyaka mirongo itandatu(60) ariko ko atigeze ahura n’umugabo ngonamukunde bya nyabyo. Igihe cyose yashoboraga guhura n’umukunzi ukwiye, yaramukundaga byimazeyo ariko bikarangira amusize. Ubwa mbere yakundanye,yasanze umukunzi we amuca inyuma ubwo yari anamutwitiye ubwo ahita yisubirira kwibera iwabo.

Kuva icyo gihe, yakundanye n’abagabo benshi, bamwe muri bo bakaba baramwitayeho kandi bakamuha neza ibyo akeneye mu bijyanye n’amafaranga kandi bakita ku mwana we akabona bamukunda, Ariko amaherezo baramusize nyuma y’igihe runaka. Yababaza bakumurimanganya n’ibisubizo bitandukanye.

None umugore aribaza impamvu bamukinnye kugeza ubwo ashaje ku myaka 60.

Advertising

Previous Story

Hari igura miliyari 30 Frw! Menya amasutiye n’amakariso bihenze ku Isi

Next Story

Abashakanye: Menya ibyiza byo gutera akabariro neza

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop