Advertising

Uriga amezi 3 gusa uhabwe impamyabumenyi ujye kwihangira imirimo ! Iyandikishe muri Logic Training Center ikigo gitanga amasomo mu mezi 3 gusa bakaguha n’akazi

19/10/2023 15:55

https://youtu.be/UDcFW5kzlLs

 

LOGIC TRAINING CENTER ni ikigo giherereye mu Karere  ka Rubavu , mu Murenge wa Gisenyi.Iri shuri ryigisha imyuga itandukanye irimo ; Gukora imashini ya Mudasobwa [ Computer Repairing ], Gukora Telefone z’ubwoko bwose, Gukora Radiyo zitandukanye , gushyira CAMERA z’umutekano munzu ( CCTV Camera Installation ] n’ibindi , kandi byose ukabyiga mu mezi 3 gusa hamwe n’abarimu b’abahanga. Ushaka kwiga cyangwa kurangira umuntu wanyura kuri numero 0782275500 na 0725785402.  WATSAPP / CALL.

 

 

Umuntu wifuza kwiga muri LOGIC TRAINING CENTER , ni uwariwe wese ufite ubushake, yaba yarize cyangwa atarize. Ashobora kuba yarize ibyo atifuza akaza no kubura akazi , kuba yaracikirije amashuri ye , kuba yarabuze umwuga mwiza umubereye , kuba ashaka kugira ubumenyi butangirwa muri LOGIC TRAINING CENTER  – Rubavu,  agahabwa n’impamyabumenyi. Iyandikishe uyu munsi unyuze kuri 0782275500 na 0725785402.

KURI UBU AMASOMO YARANTANGIYE, UBU HARI KWANDIKWA ABAZATANGIRA KWIGA MUYANDI MEZI ATATU ATAHA. IYANDIKISHE UYU MUNSI CYANGWA WANDIKISHE UMWANA WAWE, NAWE UBWAWE MWIGE AHO MUTAZABASHA KWICUZA.

 

Muri iri shuri ry’imyuga ryitwa ngo ‘LOGIC TRAINING CENTER’, umunyeshuri uryizemo abasha kwihangira imirimo nawe agakora ibye aho gutegereza ubufasha bw’ababyeyi , inshuti n’abavandimwe cyangwa abandi bantu nk’uko bitangazwa na Kamanzi Prince ushinzwe icungamutungo muri iki kigo twaganiriye.Mu magambo ye yagize ati: ” Iri shuri ryacu ryigisha imyuga itandukanye , irimo gukora mudasobwa zapfuye, gukora telefone , gushyira no gutunga camera z’umutekano ahabugenewe.Iri shuri ryacu riherereye mu Karere ka Rubavu , mu Murenge wa Gisenyi , hafi y’isoko rya Mbugangari mu nyubako ya etaje iri hepfo yaryo gato”.

 

Abanyeshuri bakorera hamwe

 

Umuyobozi mukuru wa LOGIC TRAINING CENTER , Sengorore Eustache we yemeje ko amafaranga baca abanyeshuri ari make cyane ugereranyije nibyo bigisha , ashimangira ko bagendera kubushobozi bwa buri wese ariko bakamuha ubumenyi yifuza k’isoko ry’umurimo.

 

Logic Training Center, ni ishuri riherereye mu Karere ka Rubavu, mu Murenge wa Gisenyi, ahazwi nko mu Mbugangari iruhande rw’agakiriro mu nyubako ya Mbere.Kubindi bisobanuro wahamagara kuri ; 0782275500 na 0725785402

https://youtu.be/UDcFW5kzlLs

Ngwino wige muri Logic Training Center
Previous Story

Umuhanzikazi Sheebah Karungi uzwiho kwisanzura mu myambarire yashyize hanze ukuri ku mpamvu nyamukuru yatumye ava mu ishuri akajya gushaka amafaranga

Next Story

Umuvugizi wa RIB yunze murya Mutesi Jolly yihanangiriza abantu batesha agaciro uwagiye kurega aharanira uburenganzira bw’uwahohotewe yihanangiriza abakoresha imbuga nkoranyambaga

Latest from Inkuru Nyamukuru

Go toTop