Advertising

Dore impamvu abagabo babuzwa gukoresha intoki mu gihe bari gutera akabariro n’abo bashakanye

22/05/2023 18:22

Gutera akabariro hagati y’abashakanye ni urukundo ruba rwigaragaza cyane.Ese ni iyihe mpamvu ituma biba bibi gukoresha intoki ?

Hari ababo bamwe bakora amakosa yo gukora ku myanya y’ibanga yabo bashakanye nintoki bagashaka ko batera akabariro n’intoki Kandi nyamara ari bibi cyane.Mu gihe bikozwe bigira ingaruka zitarinke kuri bombi.

Dushingiye kunkuru yanditswe na webMD hari impamvu atari byiza.

Ntabwo ari byiza kurongora umugore wawe ukoresheje intoki kuko hari umwanda ukuriho ugiye kumujyamo.Ahari wifitemo Mikorobe arizo kuntoki zawe kndi ziramujyaho.

Uretse ibi kandi umwe murimwe aranduza mugenzi we , SIDA , bagiteriya, n’izindi.

Mu myanya y’ibanga y’umugore ni ahantu umuntu atakwizera ko hafite isuku cyane rero gukozamo intoki bishobora gutuma uzamura udukoko twose ugakwirakwiza n’imyanda mu gitsina cye.

Gukoresha intoki , ntabwo ari uburyo bwiza bwo kumwerekako umukunda.Buri mugore afite itandukaniro na mugenzi we menye ko ukwiriye kwirinda ibi bintu kuko ibyakoze kuri mugenzi wawe , wowe bishobora kutaguhira.Ni ingenzi kuganira nawe ndetse ukamwubaha.

Previous Story

Reba ibice 10 by’umubiri ku mukobwa bikurura abagabo cyane

Next Story

“Nabyaye umukobwa 1 n’abahungu 2 ndashima Imana” ! Kecapu yasobanuye inzira igoranye yanyuzemo kugira ngo abyare abana 3 bose kugeza ubu akaba agize abana 4

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amavubi yatsinze Benin ayirusha

Ikipe y’Igihugu y’uRwanda Amavubi yatsinze Bénin ibitego 2-1 mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’afurika 2025 kizabera muri Morocco, n’Umukino w’Umunsi wa 4 mu
Go toTop