Abagabo benshi cyane abo usanga bafite imisemburo myinshi mu mubiri, baba bafite impwemwe, cyangwa se umusatsi wo mu gatuza. ndetse kenshi usanga ku bice
Amaribori ni indwara isanzwe ifata ku ruhu, rimwe na rimwe amaribori atera uruhu kugaragara nabi ndetse rukagaragara nk’urubyimbye, ku buryo bibangamira buri umwe uyafite.
Diyabete ni indwara y’ikirenga iterwa n’imikorere mibi y’isukari mu maraso. Kumenya ibimenyetso byayo hakiri kare ni ingenzi cyane kugira ngo ushobore gufata ingamba zo
World Health Organization [WHO], ikicyo Mpuzamahanga cyita ku buzima , gisaba abantu batuye Isi kugabanya ingano y’umunyu bafata by’umwihariko bakawugabanya bari mu gikoni. Batitaye
Si abagore gusa, burya buri muntu aba afite ibintu aKora cyane cyane iyo yisanzuye ari wenyine ari koga cyangwa ahandi hantu.Uyu munsi turifashisha ubushakashatsi
Gutwita birashimisha ariko na none gutwita ni igikorwa cyiza kigaragaza kwihinduranya ku mubiri w’umuntu (Umugore).N’ubwo ari uko bimeze ariko, bizana n’ibimenyetso bitandukanye birimo kuruka.Muri