Advertising

Dore amafunguro ukwiriye kwirinda gutekana n’umunyu kugira ngo ugire ubuzima bwiza

28/06/2024 17:44

World Health Organization [WHO], ikicyo Mpuzamahanga cyita ku buzima , gisaba abantu batuye Isi kugabanya ingano y’umunyu bafata by’umwihariko bakawugabanya bari mu gikoni. Batitaye kuri izo nama, benshi ntabwo bahwemye gukomeza kurya umunyu mwinshi.

Iyi nkuru igiye kugaruka ku mafunguro amwe n’amwe utari ukwiriye guteka ngo ushyiremo umunyu mu rwego rwo kwifuza kugira ubuzima bwiza.

1.Ibijumba.

Ibijumba ubwabyo birihagije ku buryo bidakenera kubitekana umunyu by’umwihariko mu gihe wabitekanye n’ibishishwa bya byo. Mu bijumba haba harimo umunyu wihariye udakenera undi.

2.Ibitoki.

Nta bwo ari ngombwa ko umuhanga wo guteka ibitoki abitekana umunyu kuko muri byo habamo umunyu wabyo wihariye.

3.Amateke.

Kimwe n’ibijumba, amateke nayo ni byiza kuyariraho , nta munyu ushyizemo waba urino kuyateka ukirinda kuyarungamo umunyu.Amateke yashyizwemo umunyu mwinshi arabiha cyane.

4.Umuceri.

Umuceri , ushyirwamo umunyu, ariko nk’uko tumaze kubibona ku mateke, ntabwo ari byiza gushyira umunyu mwinshi mu muceri kuko habaho ‘Kuyungubira’.

Umuceri ukungahaye kuri Starch ,Carbs , ndetse n’isukari bituma usabwa ko utegurwa nta munyu mwinshi ushyizwemo.

5.Ibigori.

Mu bice bitandukanye by’Isi, birabujijwe gushyira umunyu mu bigori.Hamwe na hamwe mu Rwanda hari ababitekana n’umunyu ariko nk’uko tubikesha ibinyamakuru bitandukanye, ntabwo ari byiza guteka umunyu mu bigori.

Isoko: Times of India

Previous Story

Dore ibintu bidasanzwe abagore bakora iyo bari mu bwogero bonyine

Next Story

Abakoresha Facebook muri Nigeria bahawe uburyo bwo kwiyinjirizaho amafaranga

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop