Umuhanzi wamamaye mu ndirimbo zitandukanye yerekeje muri Canada mu bikorwa bya muzika. Ubwo uyu muhanzi yari ageze ku kibuga cy’indege umugore we Vanillah yasutse
Ku muronko wa Telephone, Perezida Paul Kagame yaganiriye na Emmanuel Macron w’u Bufaransa bagaruka ku bibazo bitandukanye birimo ibyo mu Burasirazuba bwa Congo. Ibiro
Mu kagari ka Kavumu , Umurenge wa Busasamana ho mu Karere ka Nyanza, hari umusore wasanzwe aryamanye n’igiti yapfuye nk’uko ikinyamakuru Umuseke dukesha iyi
Mpayimana Philippe wigeze kwiyamamariza kuyobora u Rwanda muri 2017 agatsindwa ku majwi 0.7% yatangaje gahunda ye yo gusinyigisha abashyigikiye Kadidature ye. Uyu mugabo watsinzwe
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi Bac T yagarutse ku ndirimbo yakoranye na The Ben bakayita Ice Cream avuga ko muri iyo ndirimbo harimo amagambo akomeye n’ubuhanuzi
Umusobanuzi wa Filime Junior Giti, yagaragaje ko yujuje imyaka 2 y’amavuko, mu rwenya rwinshi asaba abakunzi be ku mwereka urukundo bamuha imitima myinshi.Uyu mugabo