2024 ushobora kuba ari wo mwaka wawe wo gukundana.Muri uyu mwaka nutangira kwibonaho ibimenyetso tugiye kukubwira uzamenyeko kujya mu rukundo kwawe biri hafi.
Mu masengesho yo gusengera Igihugu yabaye kuri uyu wa 13 Mutarama 2024 muri Convention Center niho Umukuru w’Igihugu yahishuriye ko Imana yigeze kumutumaho umuhanuzi.
Shakib Lutaaya usanzwe ari umugabo wa Zari bakaba bamaranye igihe bari mu munyenga w’urukundo, ubwo yari mu gihugu cya Uganda umujura yaramwibye none ari
Inkuru ikomeje gutangaza benshi ni inkuru y’umugabo wo mu gihugu cya Kenya watunguranye akerekana isanduku abana nayo avuga ko yayiguze mu buryo bwo kwizigamira