Erica wo muri MAYA yavuze ko nta musore umutereta kandi ari mwiza

14/01/2024 18:50

Benshi bakunze Filime yitwa Maya gusa igakunda guca ahantu hatandukanye bigatuma abakunzi bayo batayireba neza.

Bamwe mu bakina muri iyi Filime yabahaye igikundiro muri rubanda, barakundwa kugeza ubwo bibahaye amahirwe yo kujya mu yandi ma Filime atandukanye.

Umwe mu bayikinamo uzwi nka Erica yahishuye ko kugeza nta musore umutereta nyamara abantu bamubwira ko ari mwiza, gusa uyu mukobwa yemeza ko bishobora kuba biterwa nuko buri muntu aba afite intego z’uwo ashaka ko bakundana.

 

Yasabye abantu kutajya bashukwa n’ababa bashaka kubashyira muri Filime ariko bakabaka ruswa y’igitsina agaragaza ko utahora utanga igitsina ngo ufashwe kugera ku ntego zawe.

Ubusanzwe uyu mukobwa yitwa Iradukunda Nadine yakinnye muri Filime zitandukanye zirimo Maya na City Maid ari gukinamo gusa atari yamaramo iminsi.

REBA HANO IKIGANIRO YAGI

Advertising

Previous Story

Perezida Paul Kagame yagarutse ku butumwa Imana yigeze kumutumaho umuhanuzi

Next Story

Mama Dangote yagize icyo avuga ku rukundo rwa Diamond Platnumz na Zuchu

Latest from Cinema

Go toTop