Umuhanzi Mario yaciye agahigo muri Tanzania aba umuhanzi wa mbere kuri Audiomack no kuri Boomplay. Mario yaherukaga kuvugwa ubwo yakoraga ubukwe na Paula Kajala
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi umwe mu bakuru b’Ibihugu bazajya gushyingura kuri nyakwigendera Umukuru wa Kilizaya Gatolika ku Isi Francis.
Ingabo za Congo, zatangaje ko zongereye imbaraga n’abasirikare mu Mujyi wa Walikare no mu mihanda yose kugira ngo zikumire umutwe wa M23 kuwusubiza. FARDC