Monday, May 6
Shadow

Author: umunsi .com

Diamond Platnumz arasaba amasengesho abafana nyuma yo kubengwa na Zuchu

Diamond Platnumz arasaba amasengesho abafana nyuma yo kubengwa na Zuchu

Imyidagaduro
Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzania akomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ubwo yatangazaga ko acyeneye amasengesho nyuma yo guterwa indobo na Zuchu ku mugaragaro. Hamaze iminsi hacicikana amashusho yuyu muhanzi Diamond Platinumz arikumwe na Zari Hassan wahoze ari umugore we ndetse babyaranye, ni amashusho ataravuzweho na benshi bibaza Niba yaba yarasubiranye n'uwahoze ari umugore we. Ubwo ayo amashusho yasakaraga, byari bizwi ko uyu muhanzi asanzwe ari mu rukundo na Zuchu nubwo bombi batigeze bahamya urukundo rwavugwaga hagati yabo, bityo abantu numvaga ko ashobora kuba yaratandukanye na Zuchu. Mu munsi ishize rero nibwo umuhanzikazi Zuchu yabyutse ajya ku rubuga rwe rwa Instagram maze atangaza amagambo akomeye akomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga. Uyu...
Umukobwa akomeje kwingingira umuhanzi ukomeye ko yamutera inda bakabyarana

Umukobwa akomeje kwingingira umuhanzi ukomeye ko yamutera inda bakabyarana

Imyidagaduro
Imwe mu nkuru ikomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga ni inkuru y’uyu mukobwa wo mu gihugu cya Kenya witwa Claris ukomeje gutakambira umuhanzi ukomeye mu gihugu cya Kenya ko yamutera inda bakabyarana umwana.   Ubusanzwe uyu musore uri gusabwa gutera inda uwo mukobwa yitwa Krg The Don akaba ari umuhanzi ukomeye mu gihugu cya Kenya ndetse ni umwe mu bahanzi batunze agatubutse hariya mu mujyi wa Nairobi.   Usibye kuba ari umuhanzi ukomeye mu gihugu cya Kenya uyu musore kandi ni umwe mu bahanzi bakurura abakobwa benshi muri Nairobi aho abakobwa benshi bamukunda ndetse baba bifuza ko yabagira abagore cyane ko uyu musore ari ibogali nkuko bivugwa na benshi mu gihugu cya Kenya.   Mu kiganiro uyu mukobwa Claris yagiranye n'umunyamakuru Vincent ...
Zuchu yongeye kwitandukanya na Simba

Zuchu yongeye kwitandukanya na Simba

Imyidagaduro
Umwe mu bahanzi bakunzwe hano muri Afurika yose na Zuchu arimo dore ko abarizwa muri label ishinzwe kurebera inyungu z'abahanzi ikomeye yitwa WCB Wasafi iyobowe na Diamond Platinumz. Abo bombi Zuchu na Diamond Platinumz bavuzwe mu rukundo ndetse kuri ubu bakaba bamaze gutandukana.   Uyu muhanzikazi abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Zuchu yatangaje ko yamaze gutandukana na Diamond Platinumz nyuma ya mashusho akomeje gusakara hirya no hino ku mbugankoranyambaga aho Diamond Platinumz yagaragaye ari kumwe n'uwahoze ari umugore we Zari Hassan ndetse bakaba barabyaranye.   Mu magambo ye, uyu mukobwa Zuchu yagize ati “ muraho bafana ndetse namwe muryango wanjye, nagombaga kuvuga kuri ibi bintu kugira ngo mbishire mu mucyo. Kuva uyu munsi njye na Nasibu cyangwa Diamond ...
Zari Hassan yavuze impamvu bamwita indaya

Zari Hassan yavuze impamvu bamwita indaya

Imyidagaduro
Umunyamafaranga Zari Hassan wo mu gihugu cya Uganda ariko usigaye uba mu gihugu cya South Africa akomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ko abantu benshi bamushinja abagabo benshi kugera aho ashinjwa abagabo barenga 100.   Ni mu kiganiro yagiranye n'ikinyamakuru kitwa Nairobi News, nibwo yagaragaje bimwe mu bintu bitangaje ku buzima bwe ndetse akomoza ku bintu abantu benshi bakomeje kukushinja birimo no kugira cyangwa gukururana n'abagabo benshi.   Mu magambo ye yagize ati:“ikintu cya mbere nkora iyo mbyutse ni ugusenga narangiza nkajya ku mbugankoranyambaga kureba amakuru yiriwe, gusa ntangazwa n'uburyo abantu bamvuga nabi ariko n'ubundi bagakomeza kundeba no kunkurikira ku mbugankoranyambaga.”   “Bamvugaho ibihuha byinshi ndetse rimwe n'arimwe nibaza ...
Biravugwa ko Zari Hassan n’umugabo we bashwanye

Biravugwa ko Zari Hassan n’umugabo we bashwanye

Imyidagaduro
Umunyamafaranga Zari Hassan wo mu gihugu cya Uganda ariko usigaye utuye muri Afurika y'epfo biravugwa ko ashobora kuba atameranye neza n'umugabo we Shakib Lutaaya nyuma yamashusho akomeje gusakara hirya no hino ku mbugankoranyambaga.     Amwe mu mashusho akomeje kushimangira ko bishobora kuba ari ibibazo hagati ya Zari Hassan na Shakib Lutaaya, ni amashusho yafashwe aho uyu mugabo Shakib Lutaaya yagaragaye ari kumwe nindi nkumi bameranye neza witwa Dj Alisha ukorera mu gihugu cya Uganda ariko akomoka mu Rwanda.     Zari Hassan n'uyu musore Shakib Lutaaya barahiye kubana akaramata mu mwaka ushize wa 2023 mu kwezi kwa 9, mu birori bakoze byakunzwe n'abatari bacye hirya no hino ku mbugankoranyambaga. Abo bombi bagiye bagirana ibihe byiza ndetse urukundo r...
Mushiki wa Diamond Platinumz yakoze ubukwe ku nshuro ya kabiri

Mushiki wa Diamond Platinumz yakoze ubukwe ku nshuro ya kabiri

Inkuru Nyamukuru
Mushiki muto wa Diamond Platinumz bavukana mu nda witwa Esma Khan yakoze ubukwe bwagatangaza byabereye mu muhezo ndetse bukaba bwagiyemo inshuti za hafi ndetse n'umuryango gusa kuko bwabaye mu ibanga.   Uyu mushiki wa Diamond Platinumz akaba yashyingiranwe n'umugabo ukomeye cyane hariya mu gihugu cya Tanzania kuko uyu mugabo witwa Jembe ndetse akaba ariwe wamujyanye, ni umwe mu bayobora talent cyangwa talent manager hariya mu gihugu cya Tanzania.   Ubu bukwe bwatashywe na Diamond Platinumz, Mama Dangote akaba nyina wa  Diamond Platinumz, Mama we Jembe, abana ba mushiki wa Diamond Platinumz ndetse n'undi muryango ndetse n'inshuti za hafi gusa.   Mbere yo kujya mu bukwe uyu mugabo Jembe, yagiye ku mbugankoranyambaga maze yandika ko yiteguye kugira umugore Esm...
Abakinnyi ba Gasogi United bahawe agahimbazamusyi gatubutse

Abakinnyi ba Gasogi United bahawe agahimbazamusyi gatubutse

Imikino, Imyidagaduro
Nyuma yo gusezerera ikipe ya APR FC mu marushanwa y'igikombe cy'Amahoro, abakinnyi ba Gasogi United bahawe agahimbazamusyi kishimwe. Ku munsi wo ku wa Gatatu , ikipe ya Gasogi United yasezereye APR FC kuri Peneliti nyuma y'aho amakipe yombi yari yarangije umukino anganya ubusa ku busa.Nyuma yo gutsinda APR ibitse igikombe byinshi, Ubuyobozi bw'iyi kipe bwashimiye abakinnyi bayo ku kazi gakomeye. Amakuru dukesha umuseke avuga ko abakinnyi bari baremerewe ibihumbi 200 babaye bahawe ½ cy'ayo andi bakazayahabwa mu Ntangiriro za Werurwe.  
Banyise mama zeru nzira kubura urubyaro, nageze ubwo mpeka igipupe nivura igikomere

Banyise mama zeru nzira kubura urubyaro, nageze ubwo mpeka igipupe nivura igikomere

Inkuru Nyamukuru
Imwe mu nkuru ikomeje kwigarurira imitima ya benshi ni iyi nkuru y'uyu mugore witwa Uwanyirigira Florantine kuko yavuze imbogamizi yagiye ahura nazo mu buzima bwe ndetse bubera isomo benshi. Uyu mugore ukuze yavuze ko ubusanzwe atuye mu ntara y'Amajyaruguru mu karere ka Gicumbi, avuga ko mu buzima bwe yahuye n'imbogamizi nyinshi harimo kuba yarageze aho yitwa mama zeru azira kubura urubyaro, ndetse agera aho aheka igipupe mu buryo bwo kwivura igikomere. Yagarutse ku buhamya bwe bw'umuntu wari warabuze urubyaro ariko Imana ikaba yarakoze ibitangaza akaba yaraje kwibaruka.Uyu mugore yavuze ko yamaze imyaka 14 nta rubyaro afite. Burya ngo urubyaro umuntu aruhabwa na Rurema, uyu mugore yavuze ko muri iyo myaka yose yayimaze ategereje urubyaro yarahebye, ndetse avuga ko abagore benshi bir...
Nakuyemo impeta ndabishobora, Umugore wa Theogene yavuze ubuzima abayeho nyuma y’igihe abuze umugabo we

Nakuyemo impeta ndabishobora, Umugore wa Theogene yavuze ubuzima abayeho nyuma y’igihe abuze umugabo we

Inkuru Nyamukuru, Iyobokamana
Imwe mu nkuru yashenguye benshi mu mwaka ushize ni inkuru y'urupfu rwa Pasiteri Theogene , aho uyu mugabo yakunzwe n'abatari bacye ariko igihe kigeze aza gupfa azize impanuka ikomeye y'imodoka. Mu kiganiro yagiranye n'umunyamakuru Murungi Sabin ku Isimbi Tv nibwo Mama Pasiteri umugore wa nyakwigendera Pastor Theogene yongeye kugaragara avuga ko uko iminsi ishira agenda arushaho kwiyakira.Uyu mugore yagaragaye mu kiganiro nta Mpeta yambaye, maze Murungi Sabin amubajije impamvu kuko ubusanzwe ngo impeta ntiyavaga mu kiganza. Yavuzeko noneho asigaye ayikuramo kuko kwiyakira asigaye abigerageza. Ubwo yabazwaga Niba abona uko yita ku muryango we yavuze ko byose ari Imana kuko itabaye yo ntiyabona uburyo. Ndetse ahamya ko Imana idakora ibintu nta mpamvu bityo izi impamvu yatwaye umugabo we...
Fofo yavuze ko ariwe wari kubana na The Ben, yemeza ko avuye kwibagisha amabere

Fofo yavuze ko ariwe wari kubana na The Ben, yemeza ko avuye kwibagisha amabere

Imyidagaduro
Umwe mu bakobwa bamamaye cyane ko mbugankoranyambaga hano mu Rwanda n'uyu mukobwa Fofo dore ko yamamaye nka Fofo dancer. Yavuze ko ariwe wari kubana na The Ben ndetse akomoza kubyo kuba avuye kwibagisha amabere. Ni mu kiganiro yakoreye kuri YouTube channel yitwa “The Dynamic Show” nibwo uyu mukobwa yavuze ko iyo The Ben adashakana na Uwicyeza Pamella ariwe ubundi wari kubana nawe dore ko ngo amukunda cyane.Ni nyuma Yuko uyu mukobwa yari amaze igihe kinini ataba mu Rwanda dore bivugwa ko aba Dubai ndetse yari amazeyo igihe kinini. Yagarutse mu gihugu ariko avuga ko mu minsi arongera agasubira i Dubai yemeza ko ashobora no kujya muri Leta Zunze Ubumwe za America.Ubusanzwe uyu mukobwa kandi ni umukinnyi wa filime dore ko yamamaye cyane muri cinema nyarwanda cyane muri filime yitwa “Gata...