Felix Tshisekedi mu bazajya gushyingura kuri Francis

3 weeks ago
1 min read

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi umwe mu bakuru b’Ibihugu bazajya gushyingura kuri nyakwigendera Umukuru wa Kilizaya Gatolika ku Isi Francis.

Bivugwa ko Tshisekedi azaba yagezeyo ku wa 26 Mata 2025 dore ko Francis yageze muri Congo muri 2023 aka kirwa nawe ndetse Tshisekedi nawe akaba yaragiriye urugendo muri 2013.

Felix Tshisekedi azaba ari kumwe n’abandi bakuru b’Ibihugu bitandukanye birimo Emmanuel Macro w’u Bufaransa , Donald Trump wa Amerika na Faure Gnassingbe wa Togo , akaba ari nawe muhuza ku bibazo by’u Rwanda na Congo.

Ku rundi ruhande ntabwo byari byatangazwa niba H.E Paul Kagame w’u Rwanda azitabira umuhango wo gushyingura Francis wari umuyobozi wa Kiliziya Gatolika ku Isi.

Francis yapfuye tariki 21 Mata 2025 yishwe n’indwara ya ‘Stroke’. Uwo yari amaze imyaka 12 ari Umukuru w’Abagatolika ku Isi.

Go toTop