Ubusanzwe gushaka ni umwanzuro ufatwa n’umuntu ku giti cye.Uyu musore w’imyaka 44 y’amavuko yavuze ko atigeze ata umwanya we mubakobwa bigatuma agera kuri byinshi.
Gukora imibonano mpuzabitsina byibuze kabiri mu cyumweru ni bimwe mu byagufasha kwirinda kanseri y’udusabo tw’intanga ku bagabo ndetse bikanavura umunaniro ukabije. Ubushakashatsi bugaragaza ko
Rukomeje kubura gica ku mbugankoranyambaga hagati y’ababa bakobwa dore ko byatangijwe n’umwe mubazwi cyane ku mbugankoranyambaga cyane cyane ku rubuga rwa Instagram uzwi ku
Umuhanzi BIG Isaac agaruka ku mpamvu yavuye mu bintu by’amadini. Tekereza umuntu ukubuza kwinjira mu rusengero ngo ntiwambaye amasogisi, ibanze nawe umuntu avuga ngo