Dore ibyiza byo gutera akabariro ku bagore

18/05/2023 09:30

Muri iyi nkuru tugiye kwibanda kubyiza byabyo kubagore nuko bibafasha mu mibereho yabo ya buri munsi.

1. Gutera akabariro bibafasha gukura neza no gutekereza neza.

Gutera akabariro kubagore ni ingenzi cyane kuko bibafasha mu mikurire yabo ndetse no mu mibereho yabo ya buri munsi.

gutera akabariro bibafasha mu kuryama neza.Iyo umugore yakoze imibonano mpuzabitsina araryama agasinzira neza cyane ndetse bigatuma aruhuka neza kuko bisohora umusemburo witwa endorphins utuma umuntu yishima.

Gutera akabariro bituma abakundana bakomeza kwiyumvanamo cyane , bikongera urukundo rwabo no Kwizerana.Gutera akabariro bizana umusemburo witwa oxytocin uzwi nka ‘Love Hormone’ utuma bakomeza gukundana.

2. Kwishima no kunezerwa mu gikorwa.

Ibyishimo bishingiye kumibonano mpuzabitsina ni ingenzi cyane mu buzima bw’umugore.Kuba abibona ntabwo bimuha ibyishimo gusa ahubwo binamufasha kumva ko arenze abandi.

Bifasha abagore kandi kumva imibiri yabo neza kandi mu gihe akabariro gakora umurimo utangaje wo gukomeza urugo rwababiri, rukarangwamo ibyishimo n’umunezero.

Src: OperaNews

Advertising

Previous Story

Umugore w’ikizungerezi arashima Imana yamuremye neza ikamuha ikimero

Next Story

“Imyumvire y’abasengera muri ADEPR niyo yatumye mbavamo” ! Umuhanzi Big Isaac yikomye abarokore

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop