Rukomeje kubura gica hagati y’aba bakobwa bimiterere ndetse n’ibibero bikururu abagabo benshi

18/05/2023 12:17

Rukomeje kubura gica ku mbugankoranyambaga hagati y’ababa bakobwa dore ko byatangijwe n’umwe mubazwi cyane ku mbugankoranyambaga cyane cyane ku rubuga rwa Instagram uzwi ku izina rya The cat Babalao.

Aba bakobwa bombi umwe ni Isimbi Alliah wamamaye nka Alliah cool ndetse akaba yaramamaye cyane muri cinema nyarwanda ndetse akaba ari n’umwe mu bagore batunze agatubutse mu rwanda dore ko ari mu bagize itsinda rigezweho rya Kigali boss bebs Kandi akaba ari na ambassador.

Uyu Amba Alliah kandi ni umwe mubakobwa bafite imiterere idasanzwe ikurura abagabo ndetse n’ubwiza bubonwa na buri wese.

Uyu bahananye we ni Phiona wamamaye nka Yolo the queen ku mbugankoranyambaga nawe ukaba utatinya kuvuga ko ari mubafite agatubutse.

Uyu yolo the queen kandi afite imiterere itangaza benshi dore ko ateye nkuwiremye kandi iyi miterere ye ikomeje gukurira abagabo benshi ndetse n’ubwiza bwe.

Rero hakomeje kwibaza ninde uhiga undi hagati yabo bombi gusa rukomeje kubura gica.

Source: Instagram the cat Babalao

Advertising

Previous Story

“Imyumvire y’abasengera muri ADEPR niyo yatumye mbavamo” ! Umuhanzi Big Isaac yikomye abarokore

Next Story

Dore ibintu by’ingenzi biranga umugore abagabo bifuza cyane

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop